Pasiteri Bizimungu niwe wabaye Perezida w’u Rwanda nyuma ya jenoside yakorewe Abatutsi kuva tariki 19 Nyakanga 1994,aho yabarizwaga mu ishyaka rya FPR INKOTANYI.
Urubuga rwa Wikipedia, rugaragaza ko Pasteur Bizimungu yavukiye mu cyahoze ari Gisenyi mu 1950, ndetse akaba yaranahoze mu ishyaka rya Perezida Juvenal Habyarimana mbere yo kwiyunga na FPR Inkotanyi.
Hagati y’umwaka wa 1980 na 1990, Bizimungu yari mu ishyaka rya MRND ndetse yari umuntu wa hafi wa Perezida Juvenal Habyarimana, (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ibyaranze Ubutegetsi bwa Bizimungu Pasteur n’ibibazo by’ingutu yahuye nabyo
18 April 2023, by Dusingizimana Remy -
Babiri bapfuye abandi benshi barakomereka mu gitero cy’Uburusiya ku kigo cy’ubucuruzi
17 July 2025, by Joseph IradukundaAbategetsi bavuze ko abantu nibura babiri bishwe naho abandi 27 barakomereka mu gitero cy’Uburusiya cyo mu kirere ku kigo cy’ubucuruzi no ku isoko mu mujyi wa Dobropillia, mu karere ka Donetsk mu burasirazuba bwa Ukraine.
-
MUNYANEZA Eugéne yasabye guhindura amazina akitwa RUTAGENGWA Eugéne
24 November 2025, by ISIMBI EstellaMUNYANEZA Eugéne yasabye guhindura amazina akitwa RUTAGENGWA Eugéne mu bitabo by’irangamimerere!
-
RDC:Ibishya ku bwicanyi abasirikare barinda Tshisekedi bakoreye i Goma
11 December 2024, by Joseph IradukundaUmuryango Amnesty International uharanira uburenganzira bwa muntu, watanze imibare mishya y’abaguye mu bwicanyi abasirikare bo mu mutwe urinda Perezida Félix Antoine Tshisekedi bakoreye mu mujyi wa Goma.
-
Umujyi wa Kigali washyizeho imodoka n’amatike by’ubuntu ku bashaka gushyigikira Amavubi
21 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmujyi wa Kigali watangaje ko hari imodoka zatunganijwe kugira ngo zifashe abaturage kugera kuri Stade Amahoro, aho Ikipe y’Igihugu, Amavubi irakira Nigeria kuri uyu wa Gatanu.
-
Iran yateye utwatsi nyiranterangwa ya Perezida Trump
6 April, by ISIMBI EstellaKu wa 05 Mata 2026 Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Donald Jr Trump yanditse ubutumwa bwinshi atanga amakuru ku ntambara igihugu ayoboye gifatanyije na Israel bagabye kuri Iran. Trump yavuze ko ku wa 07 Mata 2026 Iran itegetswe gufungura umuhora wa Hormuz, unyuzwamo ibikomoka kuri peteroli isi ikoresha ku kigero cya 20%.
-
Colombia: Abantu 18 barimo abapolisi bishwe abarenga 60 barakomereka
22 August 2025, by ISIMBI EstellaAbantu 18 barimo n’abapolisi 12 bishwe n’ibiturika mu gihe abandi 60 bakomeretse nyuma y’ibitero bikekwa ko byagabwe n’udutsiko tw’inyeshyamba mu mujyi wa Cali uri mu burengerazuba bw’igihugu, no mu mujyi wa Medellín uri mu majyaruguru ashyira uburengerazuba.
-
CNLG yagaragaje ko kuba mu matsinda yo kuri interinete y’ abarwanya u Rwanda atari cyo kibazo
17 April 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyamategeko wa Komisiyo y’ igihugu yo kurwanya Jenoside yavuze ko kuba Umunyarwanda yaba ari mu matsinda yo kuri interinete avugirwamo ibitekerezo birwanya Leta y’ u Rwanda, ibitekerezo birimo amacakubiri n’ ivangura ahanini rishingiye ku moko atari cyo kibazo ko ahubwo ikibazo ari ukwifatanya n’ abo bantu ushyigikira ibitekerezo byabo cyangwa ubikwirakwiza.
-
Amerika igiye kwirukana abanyamahanga bishimiye urupfu rwa Charlie Kirk
15 October 2025, by ISIMBI EstellaMinisiteri y’Ububanyi n’Amahanga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko yakuyeho visa ku banyamahanga bagaragaye bishimira urupfu rwa Charlie Kirk mu ruhame.
-
Amateka mabi si akarande si n’umurage dukwiye kuzungura- Mukantaganzwa
22 April, by ISIMBI EstellaPerezida w’Urukiko rw’Ikirenga akaba na Perezida w’Inama Nkuru y‘Ubucamanza mu Rwanda, Mukantaganzwa Domitilla yifatanyije na UR- Huye mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, abari abanyeshuri n’abakozi ba Kaminuza y’u Rwanda, yibutsa ko amateka mabi atari akarande, atari n’umurage Abanyarwanda bakwiye kuba bazungura.
Umuryango.rw
Ibyaranze Ubutegetsi bwa Bizimungu Pasteur n’ibibazo by’ingutu yahuye nabyo
Babiri bapfuye abandi benshi barakomereka mu gitero cy’Uburusiya ku kigo cy’ubucuruzi
MUNYANEZA Eugéne yasabye guhindura amazina akitwa RUTAGENGWA Eugéne
RDC:Ibishya ku bwicanyi abasirikare barinda Tshisekedi bakoreye i Goma
Umujyi wa Kigali washyizeho imodoka n’amatike by’ubuntu ku bashaka gushyigikira Amavubi
Colombia: Abantu 18 barimo abapolisi bishwe abarenga 60 barakomereka
Amerika igiye kwirukana abanyamahanga bishimiye urupfu rwa Charlie Kirk
Amateka mabi si akarande si n’umurage dukwiye kuzungura- Mukantaganzwa