Abagabo babiri bo mu murenge wa Muganza mu Karere ka Rusizi batawe muri yombi nyuma yo gufatirwa mu cyuho batera amabuye ku nzu y’uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Rusizi: Babiri bakurikiranyweho gutera amabuye ku nzu y’uwarokotse Jenoside
10 April 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Umukangurambaga mukuru wa NUP yasabye umuhungu we gusaba imbabazi kubera kwifotozanya na Museveni
10 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmukangurambaga mukuru w’ishyaka NUP ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Nyanzi Ssentamu, yasabye umuhungu we akaba n’Umuyobozi w’abanyeshuri muri Kaminuza ya Makerere, James Church Hill Ssentamu, gusaba imbabazi Abagande kubera kwifotozanya na Perezida Yoweri Museveni.
-
Haje ikoranabuhanga rishya rirwanya ’bots za AI’ zisahura amakuru ku mbuga
2 July 2025, by ISIMBI EstellaImbuga (websites) zibarirwa muri za miliyoni – zirimo Associated Press, Sky News na Buzzfeed – ubu zizajya zibasha kubuza ’bots’ za ’artificial intelligence’(AI) zifatwa nka ’rusahuzi’ kugera ku makuru yazo zidahawe uburenganzira.
-
ADEPR yahagaritse abavugabutumwa 35 bahamijwe ibyaha bya Jenoside
19 March, by ISIMBI EstellaUbuyobozi bw’Itorero rya Pentekote ry’u Rwanda (ADEPR) bwatangaje ko bwambuye inshingano za gishumba ababwirizabutumwa 35 baherereye mu bice bitandukanye by’Igihugu nyuma y’uko bigaragaye ko bahamijwe kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi n’Inkiko Gacaca.
-
RPL yakoze impinduka ku matariki umunsi wa 9 wa shampiona wari kuzaberaho
28 October 2024, by Joseph IradukundaRwanda Premier League yigije imbere Umunsi wa Cyenda wa Shampiyona wari uteganyijwe tariki 22-24 Ugushyingo, ushyirwa tariki 5-7 Ugushyingo 2024.
-
Nyamasheke: Ikiraro bamaze imyaka 5 batabariza cyahitanye umuturage
8 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNtirenganya Théogène w’imyaka 39 wo Mudugudu wa Rugarama, Akagari ka Gatare, Umurenge wa Macuba, Akarere ka Nyamasheke, yahitanywe n’ikiraro cyasenyutse mu gihe abaturage bamaze igihe batakira Akarere ko icyo Kiraro kibateje inkeke.
-
U Rwanda rugiye kongera kwakira Irushanwa rya Billie Jean King Cup rizahuza ibihugu 12
24 June 2025, by ISIMBI EstellaGuhera tariki ya 14 kugeza ku ya 19 Nyakanga 2024, mu Rwanda hazabera imikino ya Tennis ya ‘Billie Jean King Cup’, izitabirwa n’ibihugu 12 mu bari n’abategarugori.
-
Nyamasheke: Abarenga 3000 bagiye gufashwa kubona inzu zo kubamo
28 July 2025, by ISIMBI EstellaUbuyobozi bw’Akarere ka Nyamasheke ku bufatanye n’abafatanyabikorwa batandukanye bwatangaje ko bugiye gufasha imiryango irenga 3000 kubona inzu zo kubamo.
-
Tanzania ishobora gukurwa mu Gikombe cya Afurika cya 2025
22 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe y’Igihugu ya Tanzania ishobora guterwa mpaga ku mukino iheruka gutsindamo Guinée 1-0, ibi bikaba byatuma ibura itike iyerekeza mu irushanwa riruta ayandi ku Mugabane wa Afurika rizabera muri Maroc umwaka utaha.
-
inkuru y’ubujura bw’indirimbo za Eminem yaje kuba impamo
20 March 2025, by ISIMBI Estellainkuru y’ubujura kuwahoze ari mukozi wa eminem yaje kuba impamo
iyi nkuru y’ubujura yamenyekanye myuma y’uko abakozi ba studio ya Eminem, ihereye muri Ferndale,Michian,babonye indirimbo zitarasohoka z’uyu muraperi ziri gucicikana ku mbuga koranyambaa nka Reddit na YouTube.
Umuryango.rw
Rusizi: Babiri bakurikiranyweho gutera amabuye ku nzu y’uwarokotse Jenoside
Umukangurambaga mukuru wa NUP yasabye umuhungu we gusaba imbabazi kubera kwifotozanya na Museveni
Haje ikoranabuhanga rishya rirwanya ’bots za AI’ zisahura amakuru ku mbuga
ADEPR yahagaritse abavugabutumwa 35 bahamijwe ibyaha bya Jenoside
RPL yakoze impinduka ku matariki umunsi wa 9 wa shampiona wari kuzaberaho
Nyamasheke: Ikiraro bamaze imyaka 5 batabariza cyahitanye umuturage
U Rwanda rugiye kongera kwakira Irushanwa rya Billie Jean King Cup rizahuza ibihugu 12
Nyamasheke: Abarenga 3000 bagiye gufashwa kubona inzu zo kubamo
Tanzania ishobora gukurwa mu Gikombe cya Afurika cya 2025
inkuru y’ubujura bw’indirimbo za Eminem yaje kuba impamo