Ikipe ya FC Barcelona ifite abakunzi benshi ariko ikaba itari kubakora ku mutima muri iyi minsi,ifite imikino 2 ikomeye irimo uw’ikirarane itakinnye kubera ko yatangiye LA LIGA ikererewe biturutse ku kiruhuko yahawe nyuma yo gusoza amarushanwa y’iburayi itinze.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Reba LA LIGA kuri Startimes:FC Barcelona igiye guhura n’akazi gakomeye muri iki cyumweru
15 December 2020, by Dusingizimana Remy -
Umutungo wa Elon Musk wiyongereyeho miliyari 34$ mu munsi umwe
25 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmutungo wa Elon Musk usanzwe ari umunyemari wa mbere ku Isi, wiyongereyeho miliyari 34$ mu munsi umwe gusa, nyuma y’uko agaciro k’imigabane y’uruganda rwa Tesla kiyongereyeho 22%.
-
Ibikomoka ku buhinzi byinjirije u Rwanda arenga miliyari 10,3 Frw
2 April, by ISIMBI EstellaIkigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku Buhinzi n’Ubworozi (NAEB) cyatangaje ko umusaruro woherejwe mu mahanga ungana na toni 7750 winjirije u Rwanda arenga miliyari 10,3 Frw.
-
Perezida Kagame yahishuye uko yahawe akazi n’abanyamahanga ngo areke kwiyamamaza
3 April 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yahishuye ko mu 2016, hari abanyamahanga b’ibyamamare baje mu Rwanda, bakamusezeranya ko azahabwa akazi mpuzamahanga naramuka atongeye kwiyamamaza mu 2017.
Umukuru w’Igihugu yabigarutseho nyuma y’uko yari amaze gutorerwa kuba Chairman wa FPR Inkotanyi.
Perezida Kagame yavuze ko mu 2016 hari abantu bo hanze bafite amazina akomeye bamusabye kutongera kwiyamamariza kuyobora u Rwanda.
Ati “Uziko hari abantu bavuye i Kantarange. Murahazi? Hari abavuye i kantarange, (…) -
Tchad yihimuye kuri Trump wakumiriye abaturage bayo muri Amerika
6 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Tchad, Maréchal Mahamat Idris Déby Itno, yafashe icyemezo cyo gukumira Abanyamerika bashaka kujya mu gihugu cye mu rwego rwo kwihimura kuri Donald Trump.
-
Kenya: Umuryango w’umusirikare washimuswe na Al-Shabaab watakambiye Perezida Ruto
22 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuryango w’umusirikare wa Kenya witwa Abdullahi Issa Ibrahim, wafashwe bugwate n’umutwe w’iterabwoba wa Al-Shabaab muri Somalia, wasabye Perezida William Ruto kumutabara kuko ubuzima bwe buri mu kaga.
-
Diamond Platinumz wavuzwe mu rukundo na Zuchu yabihakanye
22 January 2025, by Joseph IradukundaUmuhanzi uri mu bafite izina rikomeye muri Tanzania no mu Karere, Diamond Platinumz, yahakanye yivuye inyuma ko atigeze agirana umubano wihariye n’umuhanzi Zuchu bamaze imyaka itatu bavugwa mu nkuru z’urukundo.
-
Muhanga: Umuturage yafashwe yaravanze urumogi n’ibishyimbo mu murima
27 December 2024, by Joseph IradukundaNgendakumana Vénuste yarezwe na bagenzi be ko yahinze urumogi mu murima w’ibishyimbo uri munsi y’urugo rwe.
-
RDF yakoze impinduka ku mpuzankano zayo
3 July 2025, by ISIMBI EstellaIgisirikare cy’u Rwanda, RDF, cyakoze impinduka ku mpuzankano yacyo, aho utudarapo turiho ibendera ry’igihugu twambarwaga ku maboko twahinduriwe uko tugaragara, tuvanwa mu mabara acyeye dushyirwa mu mabara asa n’ayijimye.
-
DR Congo iracyatsimbaraye ku gitutu cyo kuganira na M23
3 March 2025, by Joseph IradukundaMu gihe igitutu gikomeza kwiyongera, leta ya DR Congo ikomeje guhagarara ku cymezo cyayo cyo kutagirana ibiganiro bitaziguye n’umutwe wa M23 umaze gufata ibice bitandukanye mu burasirazuba bw’iki gihugu.
Umuryango.rw
Umutungo wa Elon Musk wiyongereyeho miliyari 34$ mu munsi umwe
Ibikomoka ku buhinzi byinjirije u Rwanda arenga miliyari 10,3 Frw
Perezida Kagame yahishuye uko yahawe akazi n’abanyamahanga ngo areke kwiyamamaza
Tchad yihimuye kuri Trump wakumiriye abaturage bayo muri Amerika
Kenya: Umuryango w’umusirikare washimuswe na Al-Shabaab watakambiye Perezida Ruto
Diamond Platinumz wavuzwe mu rukundo na Zuchu yabihakanye
Muhanga: Umuturage yafashwe yaravanze urumogi n’ibishyimbo mu murima
RDF yakoze impinduka ku mpuzankano zayo
DR Congo iracyatsimbaraye ku gitutu cyo kuganira na M23