Mu gihe ku mbuga nkoranyambaga no mu itangazamakuru hari hakomeje kwibazwa ukuntu The Ben, Kevin Kade na Chriss Eazy baba barakoresheje amwe mu magambo yo mu ndirimbo ya Makanyaga Abdoul batamusabye uburenganzira, aba bahanzi babishyizeho umucyo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
The Ben, Kevin Kade na Chriss Eazy bashyize umucyo ku byavugwaga ko bashishuye Makanyaga
8 May 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Icyamamare muri Bollywood, Saif Ali Khan, yatewe ibyuma n’umuntu wamwinjiranye iwe
16 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmukinnyi w’icyamamare muri Bollywood, Saif Ali Khan, yagiye mu bitaro amaze guterwa icyuma inshuro nyinshi nyuma n’umucengezi bivugwa ko yinjiye mu nzu ye akamugabaho igitero.
-
Nigeria: ISWAP yahaye leta amasaha 72 yo kuba irekuye abarwanyi bayo yataye muri yombi
24 March, by Angeline MUKANGENZIItsinda ry’umutwe w’iterabwoba ukekwa kuba uwa ISWAP wahaye leta ya Nigeria igihe kitageze ku minsi ine yo kuba yarekuye abarwanyi bawo batawe muri yombi ubinyujije mu butumwa bwa mashusho akomeje gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga.
-
U Burusiya buri kurwana na Ukraine bwemeje itegeko ryongera umubare w’Ingabo z’Igihugu
18 September 2024, by Joseph IradukundaPerezida w’u Burusiya, Vladimir Putin yashyize umukono ku itegeko ryongera umubare w’Ingabo, aho bizatuma igisirikare k’Igihugu cye kibarirwa abagera kuri miliyoni imwe n’igice.
-
William Ruto yavuze amagambo akomeye nyuma yo gutorerwa kuba Perezida wa Kenya
15 August 2022, by Dusingizimana RemyWilliam Ruto wari umaze imyaka 10 ari Visi Perezida wa Kenya yatorewe kuyobora iki gihugu, atsinze abandi bakandida barimo Raila Odinga bari bahanganye cyane.
Amatora ya Perezida n’inteko ishinga amategeko ndetse n’izindi nzego yabaye ku wa 9 Kanama 2022,ariko umuyobozi ukomeye kurusha abandi mu gihugu cya Kenya yatangajwe uyu munsi.
Abaturage ba Kenya bari bategereje kumenya Umukuru w’Igihugu ugomba gusimbura Uhuru Kenyatta wari umaze imyaka 10 kuri uwo mwanya ariko nyuma y’iminsi (…) -
Perezida wigeze gutuka Imana yatawe muri yombi
11 March 2025, by Joseph IradukundaRodrigo Duterte wahoze ari Perezida wa Philippines yatawe muri yombi, nyuma yo gushyirirwaho impapuro zo kumufata n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) rumushinja kugira uruhare mu byaha byibasiye inyoko muntu.
-
Kaboyi byagoye Rayon Sports WFC kumurekura yatangajwe muri Yanga
20 January 2025, by Joseph IradukundaUmunyarwandakazi Jeanine Mukandayisenga wamenyekanye nka Kaboyi yemejwe ku mugaragaro nk’umukinnyi mushya w’ikipe ya Yanga Princess yo muri Tanzania.
-
Kamonyi: Umuyobozi mu Kagari yafunzwe akekwaho kwakira ruswa y’ibihumbi 100 Frw
18 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi umukozi ushinzwe Iterambere n’Ubukungu (SEDO) mu Kagari ka Muganza mu Murenge wa Runda mu Karere ka Kamonyi witwa Shyaka Pascal, aho akurikiranyweho icyaha cyo gusaba no kwakira indonke.
-
Turukiya: Uwitwaje intwaro yarashe abanyeshuri 16 na we ariyahura
14 April, by Angeline MUKANGENZIUmusore w’imyaka 18 wari witwaje imbunda yarashe abanyeshuri biga ku ishuri ryisumbuye yizeho, riherereye mu majyepfo y’u Burasirazuba bwa Turukiya mu gace ka Siverek, mu Ntara ya Sanliurfa, akomeretsa 16, na we ariyahura.
-
Komisiyo y’Uburenganzira bwa muntu yasuye Rusesabagina aho afungiye imukorera ubuvugizi
22 September 2020, by Dusingizimana RemyKomisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu yatangaje ko yasuye Bwana Paul Rusesabagina tariki ya 16 Nzeri aho afungiye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Remera bagirana ibiganiro.
Umuryango.rw
The Ben, Kevin Kade na Chriss Eazy bashyize umucyo ku byavugwaga ko bashishuye Makanyaga
Icyamamare muri Bollywood, Saif Ali Khan, yatewe ibyuma n’umuntu wamwinjiranye iwe
Nigeria: ISWAP yahaye leta amasaha 72 yo kuba irekuye abarwanyi bayo yataye muri yombi
U Burusiya buri kurwana na Ukraine bwemeje itegeko ryongera umubare w’Ingabo z’Igihugu
William Ruto yavuze amagambo akomeye nyuma yo gutorerwa kuba Perezida wa Kenya
Perezida wigeze gutuka Imana yatawe muri yombi
Kaboyi byagoye Rayon Sports WFC kumurekura yatangajwe muri Yanga
Kamonyi: Umuyobozi mu Kagari yafunzwe akekwaho kwakira ruswa y’ibihumbi 100 Frw
Turukiya: Uwitwaje intwaro yarashe abanyeshuri 16 na we ariyahura
Komisiyo y’Uburenganzira bwa muntu yasuye Rusesabagina aho afungiye imukorera ubuvugizi