Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko atemeranya n’Umwanzuro wafashwe n’urukiko rw’ikirenga ku ngingo y’itegeko rihana umuntu wahamijwe icyaha cyo gushushanya no gusebya umukuru w’igihugu, avuga ko icyo kitari gikwiye kuba icyaha mpanabyaha ahubwo gikwiriye kuba mbonezamubano.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida Kagame ntiyemeranya n’urukiko rw’ikirenga ku byerekeye icyaha cyo gusebya Umukuru w’Igihugu
26 April 2019, by Dusingizimana Remy -
Umukobwa uhataniye ikamba na Mwiseneza muri Miss Rwanda yatutswe ibitutsi bidasanzwe nyuma yo kumwita Inyamaswa[AMAFOTO]
8 January 2019, by Martin MunezeroUmukobwa witwa Uwihirwe Casmir Yasipi uhataniye ikamba na Mwiseneza Josiane muri Miss Rwanda yatutswe bikomeye n’abakoresha imbuga nkoranyambaga nyuma yo kwandika ijambo ryateye urujijo ku ifoto y’uyu mugenzi we.
-
Inama y’Abepisikopi Gatolika yatangaje ko Paruwasi 47 na Santarali 474 arizo zafunzwe
13 October 2024, by Joseph IradukundaMu Rwanda hafi kimwe cya Kabiri cya za Santarali Gatolika zafunzwe mu nkubiri yo gufunga insengero, za Kiliziya n’imisigiti imaze iminsi iri mu gihugu. Ibi bikubiye mu cyegeranyo Inama y’Abepisikopi Gatolika mu Rwanda yaraye ishyize hanze igaragaza uko ikibazo cyo gufunga ibikorwa-remezo bya kiliziya gihagaze.
-
Ancelotti utoza Real Madrid yasabiwe gufungwa imyaka 4
2 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmutoza wa Real Madrid, Carlo Ancelotti yitabye urukiko mu murwa mukuru wa Espagne, Madrid, mu rubanza akurikiranwamo ku byaha byo kunyereza imisoro.
-
Mu Rwanda hatangijwe urugendo rw’amapikipiki rwitezweho kuzamura ubukerarugendo
4 September 2025, by ISIMBI EstellaKu mugoroba wo ku wa Gatatu tariki 3 Nzeri 2025, ikigo gitegura ibirori n’inama mu by’ubukerarugendo (Silverback Events Management) cyatangije ku mugaragaro urugendo rwa mbere rw’amapikipiki, rwerekana icyerekezo gishya mu guteza imbere ubukerarugendo buruhura mu mutwe bukanimakaza umuco.
-
Kamonyi: Ukekwaho gutera grenade mu rugo rwa mugenzi we yahise atoroka
15 January 2025, by Joseph IradukundaUbuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi bwatangaje ko umuturage witwa Nkurikiyingoma Jean Baptiste ukekwaho gutera grenade mu rugo rw’umuturanyi we amushinja kugirana umubano wihariye n’umugore we, agishakishwa ngo aryozwe ibyo byaha.
-
Amnesty International yemeje ko Israel iri gukora Jenoside muri Gaza
7 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIshyirahamwe riharanira uburenganzira bwa muntu ku Isi, Amnesty International, ryatangaje ko Israel iri gukora Jenoside mu Ntara ya Gaza.
-
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko urukingo rwa COVID-19 rufasha mu kuvura kanseri
27 October 2025, by ISIMBI EstellaUbushakashatsi bushya bwerekanye ko urukingo rwa COVID-19, rushobora gufasha mu kuvura kanseri, binyuze mu gufasha ubwirinzi bw’umubiri kumenya no kurwanya uturemangingo twa kanseri.
-
Ibyo wamenya ku bikorwaremezo Miss Muheto yagonze
30 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi y’u Rwanda yatangaje ko mu minsi ishize yataye muri yombi Muheto Nshuti Divine wabaye Miss Rwanda 2022, kubera gutwara ikinyabiziga yanyoye ibisindisha birengeje igipimo, kandi nta ruhushya rwo gutwara ibinyabiziga agira, ibyatumye agonga ndetse yangiza ibikorwaremezo, anagerageza guhunga nyuma yo kugonga.
-
Rubavu: Impunzi zirenga 600 zari zarahungiye mu Rwanda zatahutse
30 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuImpunzi z’abakongomani 657 nizo zimaze kunyura ku mupaka munini wa Grande Barriere uhuza u Rwanda na Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo zisubira mu byazo, nyuma y’iminsi mike bahunze imirwano yari ishyamiranyije Umutwe wa M23 n’ingabo z’iki gihugu FARDC ifatanyije na FDLR, Wazalendo, Abarundi n’Abacanshuro.
Umuryango.rw
Inama y’Abepisikopi Gatolika yatangaje ko Paruwasi 47 na Santarali 474 arizo zafunzwe
Ancelotti utoza Real Madrid yasabiwe gufungwa imyaka 4
Mu Rwanda hatangijwe urugendo rw’amapikipiki rwitezweho kuzamura ubukerarugendo
Kamonyi: Ukekwaho gutera grenade mu rugo rwa mugenzi we yahise atoroka
Amnesty International yemeje ko Israel iri gukora Jenoside muri Gaza
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko urukingo rwa COVID-19 rufasha mu kuvura kanseri
Ibyo wamenya ku bikorwaremezo Miss Muheto yagonze
Rubavu: Impunzi zirenga 600 zari zarahungiye mu Rwanda zatahutse