Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yeruriye amahanga ko u Rwanda rutazigera rukuraho ingamba z’ubwirinzi rwashyiriyeho kurinda imipaka yarwo mu gihe Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) n’Umuryango Mpuzamahanga bikomeza kubererekera Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Antoine Tshisekedi Tshilombo agakora ibyo yishakiye bihungabanya umutekano w’Akarere.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida Kagame yahaye ubutumwa amahanga abererekera Tshisekedi
3 April, by ISHIMWE Jean de Dieu -
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
9 January, by ISHIMWE Jean de DieuUMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me NSHIMYUMUKIZA EMILE ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
-
Amerika iravuga ko 83% bya gahunda USAID yateraga inkunga zizavaho burundu
11 March 2025, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Mbere, itariki 10 Werurwe 2025, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Marco Rubio, yatangaje ko 83% bya porogaramu za USAID zizavaho burundu.
-
Gicumbi: Polisi yataye muri yombi Umugabo ukekwaho gukubita umukobwa amuziza ko ari “UMUTUTSI”
8 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROPolisi y’u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi umugabo witwa Ndayisenga Paul wo mu murenge wa Rushaki mu Karere ka Gicumbi ,ukekwaho gukubita no gukomeretsa ndetse no gutoteza umuturage mugenzi we amwita Umututsi.
Police y’u Rwanda ibinyujije ku rukuta rwayo rwa Twitter yatangaje ko yamaze guta muri yombi umugabo witwa Ndayisenga Paul ucyekwaho gukubita umukobwa witwa Grace.
Yagize ati” Twafashe Ndayisenga Paul ucyekwaho gukubita no gukomeretsa Amizero Grace. Byabereye mu Murenge wa (…) -
Emelyne ‘Ishanga’ na bagenzi be bajyanywe mu kigo ngororamuco
29 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko abantu batanu, barimo Kwizera Emelyne ‘Ishanga’, bajyanywe kugororerwa mu kigo ngororamuco cya Huye, mu gihe abandi batatu bakurikiranywe n’ubutabera bazira gukwirakwiza amashusho y’urukozasoni.
-
KAMINUZA: Ibyatunguye Miss Fanique utifuza ko ba nyampinga bajya batahira kwifotoza
7 November 2017, by Iyamuremye JanvierAba bakobwa ntibiyumvisha uko ubuzima bwabo bumeze kuko usanga baba ibyamamare igihugu cyose ndetse n’amahanga bakabamenya bakandikwa mu binyamakuru ndetse bakanavugwa kuri Radio ndetse na amateleviziyo kakahava.
Aba-Miss cyangwa abakobwa bahiga abandi mu buranga ndetse n’ubwenge.Ba nyampinga ni abantu bakomeye. Usanga bageraranywa n’abahanzi cyangwa abakinnyi mu kwamamara ariko bo bagakagira akarusho ko kuba ari abakobwa beza.
Simbi Fanique uwavuga iri zina dusubiye muri Gashyantare na (…) -
"Urubyiruko rw’u Rwanda turakennye" – Kuki ijambo ry’uyu mukobwa ryateje impaka?
21 January, by Angeline MUKANGENZIAmashusho y’umukobwa utanga igitekerezo cy’uburyo ubukene bwugarije urubyiruko mu Rwanda yateje impaka ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’uko bamwe bashatse guhuza ibyo yavuze no kurwanya ubutegetsi.
-
Ambasaderi w’u Bufaransa yakeje Perezida Kagame wahagaritse Jenoside
18 September 2025, by ISIMBI EstellaAmbasaderi mushya w’u Bufaransa mu Rwanda, Aurélie Royet-Gounin, yavuze imyato Perezida wa Repubulika Paul Kagame wayoboye urugamba rwo guhagarika Jenoside yakorewe Abatutsi yahitanye abarenga miliyoni mu 1994.
-
Urubanza rwa DC Clement rwasubitswe
20 April, by Angeline MUKANGENZIUrukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rwasubitse iburanisha ry’urubanza rwa Niyigaba Clement, wagombaga kuburana ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo.
-
UEFA Champions League: PSG yasezereye Liverpool, ibona itike ya ¼
12 March 2025, by Joseph IradukundaAmakipe arimo FC Barcelona, Bayern Munich, Inter Milan na Paris Saint-Germain yigaranzuye Liverpool mu mukino wo kwishyura wa 1/8 cya UEFA Champions League, yabimburiye andi kubona itike ya 1/4.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yahaye ubutumwa amahanga abererekera Tshisekedi
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
Amerika iravuga ko 83% bya gahunda USAID yateraga inkunga zizavaho burundu
Gicumbi: Polisi yataye muri yombi Umugabo ukekwaho gukubita umukobwa amuziza ko ari “UMUTUTSI”
Emelyne ‘Ishanga’ na bagenzi be bajyanywe mu kigo ngororamuco
"Urubyiruko rw’u Rwanda turakennye" – Kuki ijambo ry’uyu mukobwa ryateje impaka?
Ambasaderi w’u Bufaransa yakeje Perezida Kagame wahagaritse Jenoside
Urubanza rwa DC Clement rwasubitswe
UEFA Champions League: PSG yasezereye Liverpool, ibona itike ya ¼