Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yavuze ko igitero Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagabye kuri Venezuela ari isomo rikomeye ku Banyafurika, ribibutsa akamaro ko kwishyira hamwe no gushyira imbere umutekano w’umugabane wa Afurika mu buryo bufatika.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Museveni asanga ibyo Amerika yakoze muri Venezuela bikwiye gukangura Abanyafurika
7 January, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 7 Kamena 2019
8 June 2019, by Dusingizimana RemyKu wa Gatanu, tariki ya 7 Kamena 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village URUGWIRO, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
-
Jürgen Klopp arashyize ahishura icyamukuye muri Liverpool
15 January 2025, by Joseph IradukundaJürgen Klopp wahoze ari umutoza wa Liverpool, yahishuye ko guhora ku gitutu no kutabona umwanya wo kwiga ibintu bishya ari byo byatumye ahagarika umwuga w’ubutoza.
-
Colombia: Abantu 18 barimo abapolisi bishwe abarenga 60 barakomereka
22 August 2025, by ISIMBI EstellaAbantu 18 barimo n’abapolisi 12 bishwe n’ibiturika mu gihe abandi 60 bakomeretse nyuma y’ibitero bikekwa ko byagabwe n’udutsiko tw’inyeshyamba mu mujyi wa Cali uri mu burengerazuba bw’igihugu, no mu mujyi wa Medellín uri mu majyaruguru ashyira uburengerazuba.
-
Umunyamakuru DC Clement arafunzwe nyuma yo gusenyerwa inzu
1 April, by Angeline MUKANGENZIKu mugoroba wo ku wa Kabiri tariki ya 31 Werurwe 2026, umunyamakuru wamenyekanye cyane ku mbuga nkoranyambaga, Niyigaba Clement uzwi nka DC Clement, yatawe muri yombi, aho afungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Jabana mu Mujyi wa Kigali.
-
Bishop Rwagasana yandikiye ADEPR asaba gusubizwa inshingano z’ubupasiteri yambuwe
14 October 2017, by Iyamuremye JanvierBishop Tom Rwagasana wari umuvugizi wungirije yandikiye itorero rya ADEPR asaba ko yasubizwa inshingano z’ubupasiteri yahoranye na mbere.Ni nyuma y’icyumweru kimwe ADEPR itangaje ko yamwambuye izi nshingano burundu na mugenzi we, Bishop Jean Sibomana.
Ku wa 17 Nzeri 2017 Bishop Tom Rwagasana yarekuwe n’urukiko kubera impamvu z’uburwayi.
Uyu mugabo yatawe muri yombi nyuma y’umunsi hafashwe n’abandi bayobozi batatu babarizwa muri ADEPR n’abo bakurikiranyweho gucunga nabi umutungo w’iri (…) -
Umuganda wasize ibihugu umunani byitabiriye FIFA Series biteye ibiti byabyitiriwe
28 March, by Angeline MUKANGENZIIbihugu umunani byitabiriye imikino ya FIFA Series 2026 iri kubera i Kigali, byitabiriye Umuganda Rusange, bitera ibiti bizabyitirirwa mu mateka ya ruhago y’u Rwanda.
-
Kuba Maduro yatwarwa afunze amaso n’amatwi ni ibisanzwe – Inzobere mu by’intambara
7 January, by ISIMBI EstellaIyi ni yo foto ya mbere ya Perezida wa Venezuela, Nicolás Maduro, yagaragaye ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’igihe gito afashwe mu gitero cy’ingabo za Amerika. Ni ifoto itazava mu mitwe y’abatari bake bakurikiranye iby’iki gitero.
-
Kayonza: Barifuza gukorerwa umuhanda Nyawera- Gasarabwayi ukaborohereza ingendo
19 March, by ISIMBI EstellaAbatuye i Nyamugari mu isantere ya Gasarabwayi mu Murenge wa Mwiri, mu Karere ka Kayonza, basaba ubuyobozi kubakorera umuhanda ubafasha mu ngendo no mu bucuruzi buhakorerwa.
-
Uganda: Umuhanzikazi Sheebah Karungi yatunguranye ku rubyiniro akuriwe(Amafoto)
5 October 2024, by Joseph IradukundaMu ijoro ryakeye ryo ku wa Gatanu tariki 4 Ukwakira 2024, umuhanzikazi wo muri Uganda Sheebah Karungi yatunguranye mu gitaramo atwite inda nkuru bigaragara ko yitegura kwibaruka umwana wa mbere.
Umuryango.rw
Museveni asanga ibyo Amerika yakoze muri Venezuela bikwiye gukangura Abanyafurika
Jürgen Klopp arashyize ahishura icyamukuye muri Liverpool
Colombia: Abantu 18 barimo abapolisi bishwe abarenga 60 barakomereka
Umunyamakuru DC Clement arafunzwe nyuma yo gusenyerwa inzu
Umuganda wasize ibihugu umunani byitabiriye FIFA Series biteye ibiti byabyitiriwe
Kuba Maduro yatwarwa afunze amaso n’amatwi ni ibisanzwe – Inzobere mu by’intambara
Kayonza: Barifuza gukorerwa umuhanda Nyawera- Gasarabwayi ukaborohereza ingendo
Uganda: Umuhanzikazi Sheebah Karungi yatunguranye ku rubyiniro akuriwe(Amafoto)