Itsinda ry’Intumwa z’Ingabo z’u Rwanda riyobowe n’Umuvugizi wazo, Brig. Gen. Ronald Rwivanga, ryakiriwe na Minisitiri w’Ingabo wa Ethiopia, Eng Aisha Muhammed baganira ku buryo Ibihugu byombi byarushaho gushimangira ubufatanye mu by’Ingabo.
Iki gikorwa cyabaye kuri uyu wa Mbere tariki 02 Werurwe 2026, nk’uko byatangajwe n’Ubuyobozi Bukuru bw’Ingabo z’u Rwanda.
RDF ivuga ko “itsinda riyobowe n’Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig. Gen. Ronald Rwivanga, ryakiriwe na Minisitiri w’Ingabo wa (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ingabo z’u Rwanda n’iza Ethiopia zaganiriye ku buryo zarushaho gushimangira ubufatanye
3 March, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Guverinoma y’u Rwanda yacyeje intwari zazanye amahoro
4 July 2025, by Joseph IradukundaMu rukerera rwo ku itariki ya 01 Ukwakira 1990, nibwo Inkotanyi zasesekaye ku mupaka wa Kagitumba mu Karere ka Nyagatare mu Ntara y’Iburasirazuba zambariye kubohora u Rwanda. Ni nyuma y’aho hari Abanyarwanda bari bamaze imyaka 30 bari mu buhungiro hirya no hino ku Isi, bafashe umwanzuro wo gufata intwaro bakarwanira igihugu bahejwemo igihe kinini.
-
IShowSpeed yasusurukije abafana muri Stade Amahoro
10 January, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyamerika Darren Jason Watkins Jr. wamamaye nka IShowSpeed, uri mu Rwanda, yageze muri Stade Amahoro, asusurutsa abafana mu mwanya muto yahamaze.
-
NYIRABASHYITSI Marie paul yasabye guhindurirwa amazina akitwa SANGWA Marie paul
11 February, by ISIMBI EstellaNYIRABASHYITSI Marie paul yasabye guhindurirwa amazina akitwa SANGWA Marie paul mu gitabo cyirangamimerere.
-
Ubutabera bw’u Bufaransa bwahinduye umunsi wo gusuzuma dosiye ya Agathe Habyarimana
20 March 2025, by Angeline MUKANGENZIUbugenzacyaha bwo mu rukiko rw’ubujurire rwa Paris mu Bufaransa bwahinduye umunsi wo gusuzuma ubusabe bw’Ubushinjacyaha bujyanye n’impinduka mu ikurikiranwa ry’umugore wa Habyarimana Juvénal wayoboye u Rwanda, Agathe Kanziga.
-
Gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato biri mu byaha bitatu Semuhungu akurikiranyweho
15 April, by ISIMBI EstellaDosiye ya Semuhungu Eric uherutse gutabwa muri yombi, yagejejwe mu Bushinjacyaha ku wa 14 Mata 2026, aho akurikiranyweho ibyaha bitatu birimo icyo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato.
-
Ubushakashatsi: Itabi rimwe rigabanye iminota 20 ku cyizere cyo kubaho
2 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbanywa itabi barakangurirwa kugabanya ingano y’iryo bakoresha cyangwa se bakarireka burundu kuko iyo unyweye itabi rimwe, uba ugabanyije iminota 20 ku cyizere cyo kubaho.
-
RDB yatangaje ibiciro byo gusura ingagi mu 2026
6 January, by ISHIMWE Jean de DieuUrwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwatangaje ibiciro bishya byo gusura ingagi muri Pariki y’Igihugu y’Ibirunga, bizatangira gukurikizwa mu mwaka wa 2026.
Ni mu itangazo RDB yashyize hanze kuri uyu wa Mbere, tariki ya 5 Mutarama 2026, babinyujije ku rubuga rwayo rwa X.
RDB yatangaje ko ku Banyarwanda n’abandi baturage baturutse mu bihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), igiciro cy’uruhushya rwo gusura ingagi cyashyizwe ku madolari 200.
Aba ba mukerarugendo (…) -
U Rwanda rwasubije ku isoko impapuro mpeshamwenda zifite agaciro ka miliyari 50 Frw
15 December 2025, by ISIMBI EstellaGuverinoma y’u Rwanda ibinyujije muri Banki Nkuru y’Igihugu (BNR) yasubije ku isoko impapuro mpeshamwenda za Leta zifite agaciro ka miliyari 50 Frw.
-
Impamvu muzi y’ifungwa rya Grace Room Ministries
10 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuBuri wa Kabiri na buri wa Kane guhera Saa kumi n’imwe z’umugoroba, abantu baba ari urujya n’uruza berekeje i Nyarutarama ahakorera Grace Room Ministries bagiye gusenga. Ku Cyumweru nabwo byaba ari uko guhera Saa Cyenda z’amanywa.
Umuryango.rw
Ingabo z’u Rwanda n’iza Ethiopia zaganiriye ku buryo zarushaho gushimangira ubufatanye
Guverinoma y’u Rwanda yacyeje intwari zazanye amahoro
IShowSpeed yasusurukije abafana muri Stade Amahoro
NYIRABASHYITSI Marie paul yasabye guhindurirwa amazina akitwa SANGWA Marie paul
Ubutabera bw’u Bufaransa bwahinduye umunsi wo gusuzuma dosiye ya Agathe Habyarimana
Gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato biri mu byaha bitatu Semuhungu akurikiranyweho
Ubushakashatsi: Itabi rimwe rigabanye iminota 20 ku cyizere cyo kubaho
RDB yatangaje ibiciro byo gusura ingagi mu 2026
U Rwanda rwasubije ku isoko impapuro mpeshamwenda zifite agaciro ka miliyari 50 Frw
Impamvu muzi y’ifungwa rya Grace Room Ministries