Nyuma y’imvururu nyinshi ziherutse kuba mu mubano wa Teta Sandra n’umugabo we Weasel, zavugishije abatari bake, Teta yashyize avuga ko nta kidasanzwe cyabaye kandi ko nta byacitse mu muryango wabo
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Teta yashwishurije abavuga ko akwiye gutandukana na Weasel
19 September 2025, by ISIMBI Estella -
Imirwano hagati ya M23 na Wazalendo muri Uvira na Walungu
6 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuImirwano yubuye hagati y’inyeshyamba za Wazalendo n’abarwanyi ba M23 muri Teritwari za Uvira na Walungu zo mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
-
INAMA Y’UMUTEKANO (EP10): Ibya Meya wa Ngororero washinjwe gutoteza “Abatutsi” biganaga i Nyamishaba
18 April 2025, by ISIMBI EstellaINAMA Y’UMUTEKANO: Abize i Nyamishaba bavuga ko Meya wa Ngororero atigeze abasaba imbabazi ku itotezwa yabakoreye icyo gihe bigana! Ubuhamya
-
100 Days until Euro 2020 on StarTimes
5 March 2021, by UbwanditsiThis Wednesday marks 100 days until the scheduled start of UEFA Euro 2020. While the exact location of the top European football tournament remains uncertain, COVID-19 won’t prevent the event to take place again this year. Leading digital TV operator StarTimes is set to broadcast the event in Sub-Saharan Africa.
The opening match of Euro 2020 between Turkey and Italy is due to be played in Rome on June 11, while seven matches are set to go ahead at Wembley in London, including both (…) -
KTN Rwanda na StarTimes bahembewe kuba ku isonga mu gutanga serivisi nziza
5 December 2020, by UbwanditsiStartimes na KTN RWANDA (Sosiyete Nyarwanda yo kugura no kugurisha) ni bimwe mu bigo byegukanye ibihembo by’abaje ku isonga kurusha abandi mu gutanga serivisi nziza bizwi nka Service Excellence Awards mu muhango wo kubitanga waraye ubaye ku mugoroba w’ejo kuwa gatanu taliki 04/12/2020.
Ibi bihembo bitangwa n’ikigo KALISIMBI EVENTS gikora ibikorwa byo guhemba abantu n’ibigo bitandukanye. Ibyatanzwe uyu mwaka bikaba byatangwaga ku nshuro ya gatanu.
Mu muhango wo gutanga ibi bihembo, (…) -
IFOTO Y’UMUNSI: Minisitiri Gatabazi na Maj Gen Murokore bafashe icyondo bubakira utishoboye
14 March 2022, by Dusingizimana RemyMinisitiri Gatabazi na Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Nyirarugerero Dancille na Maj Gen Eric Murokore batangije Urugerero rw’urubyiruko rwarangije amashuri yisumbuye mu Ntara y’Amajyaruguru, aho batangiye iki gikorwa hubakirwa inzu n’ubwiherero umuryango utishoboye wa Mpiranyi na Nyiraguhirwa.
Ni igikorwa cyatangirijwe mu Kagari ka Nyarubuye, Umurenge wa Musanze mu Karere ka Musanze.
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 14 Werurwe 2022,hirya no hino mu Gihugu hatangiye ibikorwa by’urugerero (…) -
Umubikira yatawe muri yombi acyekwaho gukorana n’aba ’mafia’
6 December 2024, by Joseph IradukundaPolisi y’Ubutaliyani yavuze ko umubikira ari umwe mu bantu 25 batawe muri yombi mu majyaruguru y’icyo gihugu, bijyanye n’iperereza ku bico by’abagizi ba nabi bazwi nk’aba ’mafia’.
-
Uko byari byifashe mu nsengero zitandukanye nyuma yo kuzikomorera [AMAFOTO]
19 July 2020, by Dusingizimana RemyKuri iki cyumweru nibwo insengero zafunguwe ku mugaragaro nyuma y’amezi asaga 4 zifunze kubera ingamba zikomeye Leta y’u Rwanda yashyizeho yo kwirinda ikwirakwira rya Coronabirus yageze mu Rwanda kuwa 14 Werurwe 2020.
-
AU igiye gukoresha ubumenyi bw’u Rwanda mu by’isanzure mu kwirinda ibiza muri Afurika
19 September 2025, by ISIMBI EstellaIkigo cy’Igihugu gishinzwe Isanzure, RSA, cyinjiye mu mikoranire n’Ikigo cy’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, gifasha za guverinoma gukumira no guhangana n’ingaruka z’ibiza muri Afurika (African Risk Capacity Agency: ARC), hagamijwe guhangana n’ingaruka z’ibiza hisunzwe amashusho ya satelite.
-
Uwabaye mu gisirikare kirwanira mu mazi cya America yasohowe nabi n’abapolisi muri Sena kubera ibyo yavugiyemo
5 March, by ISHIMWE Jean de DieuBrian McGinnis wahoze mu gisirikare kirwanira mu mazi cya Leta Zunze Ubumwe za America, yasohowe n’abapolisi ku mbaraga mu Nteko Ishinga Amategeko, kubera kugaragaza ko atemeranya no kuba America yarashoye intambara kuri Iran.
Umuryango.rw
Teta yashwishurije abavuga ko akwiye gutandukana na Weasel
Imirwano hagati ya M23 na Wazalendo muri Uvira na Walungu
INAMA Y’UMUTEKANO (EP10): Ibya Meya wa Ngororero washinjwe gutoteza “Abatutsi” biganaga i Nyamishaba
IFOTO Y’UMUNSI: Minisitiri Gatabazi na Maj Gen Murokore bafashe icyondo bubakira utishoboye
Umubikira yatawe muri yombi acyekwaho gukorana n’aba ’mafia’
Uko byari byifashe mu nsengero zitandukanye nyuma yo kuzikomorera [AMAFOTO]
AU igiye gukoresha ubumenyi bw’u Rwanda mu by’isanzure mu kwirinda ibiza muri Afurika
Uwabaye mu gisirikare kirwanira mu mazi cya America yasohowe nabi n’abapolisi muri Sena kubera ibyo yavugiyemo