Ku itariki nk’iyi ya 11 Mata mu 1994, mu Rwanda hari hakomeje Jenoside yakorewe hirya no hino mu gihugu nk’aho kuri Paruwasi ya Hanika hiciwe Abatutsi basaga 15,000, nk’aho Ingabo z’Ababiligi zari muri ETO Kicukiro zisiga abari bazihungiyeho.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Tariki 11 Mata 1994: Abatutsi barenga 15,000 biciwe kuri Paruwasi ya Hanika, Cyangugu
11 April 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Umuvugizi wa RIB Dr.Murangira Thierry yavuze ko ntawutebya ahakana cyangwa apfobya Jenocide yakorewe abatutsi
7 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUmuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, Dr. Murangira B. Thierry, yagaragaje ko nta muntu ukwiye gutebya ahakana, apfobya Jenoside yakorewe Abatutsi cyangwa ahohoterera abayirokotse kuko aba akoze icyaha.
-
Amerika iravuga ko 83% bya gahunda USAID yateraga inkunga zizavaho burundu
11 March 2025, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Mbere, itariki 10 Werurwe 2025, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Marco Rubio, yatangaje ko 83% bya porogaramu za USAID zizavaho burundu.
-
Muhanga: 5 bakekwaho gutema abanyerondo batawe muri yombi
19 January, by ISHIMWE Jean de DieuInzego zishinzwe umutekano mu Ntara y´Amajyepfo zatangaje ko zamaze guta muri yombi abantu batanu bacyekwaho guhungabanya umutekano mu Karere ka Muhanga, baherutse gutema abanyerondo ahagana sasaba z´ijoro taliki ya 18 Mutarama 2026.
-
Ambasaderi Fitrell yagaragaje ko u Rwanda na RDC bizungukira byinshi mu masezerano y’amahoro
21 May 2025, by Angeline MUKANGENZIAmbasaderi Troy Fitrell uri mu bayobozi b’ibiro bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika bishinzwe ubufatanye na Afurika yatangaje ko u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bizungukira byinshi mu masezerano y’amahoro biteganya kugirana mu minsi iri imbere.
-
FARDC irigamba kongera kugenzura Uvira
20 January, by Angeline MUKANGENZIIgisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyatangaje ko cyongeye kugenzura umujyi wa Uvira wo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma y’uko AFC/M23 yari imaze igihe iwugenzura ifashe icyemezo cyo kuwuvamo.
-
CNLG yagaragaje ko kuba mu matsinda yo kuri interinete y’ abarwanya u Rwanda atari cyo kibazo
17 April 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyamategeko wa Komisiyo y’ igihugu yo kurwanya Jenoside yavuze ko kuba Umunyarwanda yaba ari mu matsinda yo kuri interinete avugirwamo ibitekerezo birwanya Leta y’ u Rwanda, ibitekerezo birimo amacakubiri n’ ivangura ahanini rishingiye ku moko atari cyo kibazo ko ahubwo ikibazo ari ukwifatanya n’ abo bantu ushyigikira ibitekerezo byabo cyangwa ubikwirakwiza.
-
Umunsi wa Gatanu w’intambara ya Israel na Iran: Amakuru agezweho
17 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIntambara hagati ya Israel na Iran yinjiye mu munsi wa gatanu impande zombi zisukanaho ibisasu ubutaruhuka. Israel yavuze ko ibitero yagabye i Tehran byahitanye Umugaba Mukuru w’Ingabo za Iran, Ali Shadmani wari umaze iminsi ine gusa ashyizweho.
-
UEFA Champions League: PSG yasezereye Liverpool, ibona itike ya ¼
12 March 2025, by Joseph IradukundaAmakipe arimo FC Barcelona, Bayern Munich, Inter Milan na Paris Saint-Germain yigaranzuye Liverpool mu mukino wo kwishyura wa 1/8 cya UEFA Champions League, yabimburiye andi kubona itike ya 1/4.
-
Trump yirukanye umugabo wa Kamala Harris
30 April 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida Donald Trump ukomeje gucisha umweyo mu bayobozi batandukanye muri Guverinoma n’ibigo bya Leta, yirukanye Doug Emhoff, umugabo wa Kamala Harris wahoze ari Visi Perezida.
Umuryango.rw
Tariki 11 Mata 1994: Abatutsi barenga 15,000 biciwe kuri Paruwasi ya Hanika, Cyangugu
Umuvugizi wa RIB Dr.Murangira Thierry yavuze ko ntawutebya ahakana cyangwa apfobya Jenocide yakorewe abatutsi
Amerika iravuga ko 83% bya gahunda USAID yateraga inkunga zizavaho burundu
Muhanga: 5 bakekwaho gutema abanyerondo batawe muri yombi
Ambasaderi Fitrell yagaragaje ko u Rwanda na RDC bizungukira byinshi mu masezerano y’amahoro
FARDC irigamba kongera kugenzura Uvira
Umunsi wa Gatanu w’intambara ya Israel na Iran: Amakuru agezweho
UEFA Champions League: PSG yasezereye Liverpool, ibona itike ya ¼
Trump yirukanye umugabo wa Kamala Harris