Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwahamije Mahoro Rwema Pascal wamenyekanye cyane ku mbuga nkoranyambaga no mu biganiro kuri YouTube, ibyaha by’ubuhemu no kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya, rumuhanisha igihano cy’igifungo cy’imyaka itanu n’ihazabu ya miliyoni 3,5 Frw.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Rwema Pascal yakatiwe igifungo cy’imyaka itanu
9 January 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Abaturage basabwe kudahishira abatera inda abangavu
7 February, by Angeline MUKANGENZIUmwarimu wari kuri site y’Umushyikirano mu karere ka Ngoma, yagaragaje ko ibibazo by’abangavu baterwa inda n’ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge biri mu bibangamiye abarezi. Minisitiri w’Uburinganire n’iterambere ry’Umuryango yagaragaje ko ibitera umubare w’abangavu baterwa inda kwiyongera, harimo guhishira abasambanya abana.
-
Iminsi isigaye ya Mata iteganyijwemo imvura isanzwe
24 April 2025, by Joseph IradukundaIkigo cy’igihugu gishinzwe serivisi z’ubumenyi bw’ikirere, Meteo Rwanda, cyatangaje iminsi isigaye y’ukwezi kwa Mata 2025 izarangwa n’imvura isanzwe itazabangamira ubuhinzi.
-
Nyagatare: Hangijwe ibiyobyabwenge birimo urumogi na kanyanga bifite agaciro k’arenga miliyoni 56 frw
19 March, by ISIMBI EstellaMu Karere ka Nyagatare, habereyemo igikorwa cyo kwangiza ibiyobyabwenge birimo urumogi na kanyanga ndetse n’izindi nzoga zo mu mashashi zitujuje ubuziranenge.
-
Sudani: Abaturage barenga 70 baguye mu gitero RSF yagabye muri El-Fasher
20 September 2025, by ISIMBI EstellaAbaturage barenga 70 baguye mu bitero bya drone umutwe wa RSF uhanganye n’ingabo za Leta, wagabye ku musigiti wo mu gace ka El- Fasher muri Sudan.
-
Abagore batwite bagiye kujya bafatwa ikizamini gitanga ibisubizo bitatu icyarimwe
16 July 2025, by Joseph IradukundaIkigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko abagore batwite bagiye kujya bafatwa ikizamini kimwe cy’amaraso gisuzumirwemo icyarimwe Virusi itera SIDA, mburugu na Hépatite B, aho gufata buri kimwe ukwacyo nk’uko byari bisanzwe bikorwa.
-
Ibiyobyabwenge n’inzoga zikabije biyobya imitekerereze- Dr Dufatanye
26 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuImpuguke zigaragaza ko umuntu wabaswe n’ibiyobyabwenge, icya mbere kimufasha kubivamo ari uko nyirubwite agira ubushake bwo kubireka, naho ubundi ko gukoresha ibiyobyabwenge no gufata inzoga nyinshi biyobya imitekerereze.
-
FIFA yashyizeho igihe kidasanzwe cyo kwandikisha abakinnyi mbere y’Igikombe cy’Isi cy’Amakipe
23 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIshyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) ryemeje ko kuva tariki ya 1 kugeza ku ya 10 Kamena 2025, hazabaho igihe kidasanzwe cyo kwandikisha abakinnyi ku makipe azitabira Igikombe cy’Isi cy’Amakipe kizaba mu mpeshyi y’uyu mwaka.
-
Ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu ari gukurikiranwa na RIB
5 December 2025, by ISIMBI EstellaUmuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu, ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, akekwaho kwigwizaho imitungo mu buryo bunyuranyije n’amategeko.
-
Kinshasa: Gahunda yo gusoma umwanzuro w’urubanza rwa Mutamba yasubitswe
27 August 2025, by ISIMBI EstellaUrukiko rusesa imanza rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwasubitse gahunda yo gusoma umwanzuro w’urubanza rwa Constant Mutamba wabaye Minisitiri w’Ubutabera, ushinjwa kunyereza miliyoni 19 z’Amadolari mu mushinga wo kubaka Gereza ya Kisangani mu ntara ya Tshopo.
Umuryango.rw
Rwema Pascal yakatiwe igifungo cy’imyaka itanu
Abaturage basabwe kudahishira abatera inda abangavu
Iminsi isigaye ya Mata iteganyijwemo imvura isanzwe
Nyagatare: Hangijwe ibiyobyabwenge birimo urumogi na kanyanga bifite agaciro k’arenga miliyoni 56 frw
Sudani: Abaturage barenga 70 baguye mu gitero RSF yagabye muri El-Fasher
Abagore batwite bagiye kujya bafatwa ikizamini gitanga ibisubizo bitatu icyarimwe
Ibiyobyabwenge n’inzoga zikabije biyobya imitekerereze- Dr Dufatanye
FIFA yashyizeho igihe kidasanzwe cyo kwandikisha abakinnyi mbere y’Igikombe cy’Isi cy’Amakipe
Ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu ari gukurikiranwa na RIB
Kinshasa: Gahunda yo gusoma umwanzuro w’urubanza rwa Mutamba yasubitswe