Myugariro Bayisenge Emery uherutse gutandukana na Gor Mahia FC yo muri Kenya, yatangiye imyitozo muri Gasogi United.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Bayisenge Emery yatangiye imyitozo muri Gasogi United (Amafoto)
12 November 2024, by Joseph Iradukunda -
Abasifuzi 4 b’Abanyarwanda bazasifura imikino ya FIFA Series
17 March, by Angeline MUKANGENZIMu gihe habura iminsi icyenda gusa ngo irushanwa rya FIFA Series ritangira, abasifuzi bane b’Abanyarwanda batoranyijwe kuzasifura iyi mikino izabera mu Rwanda guhera tariki ya 26 kugeza ku ya 31 Werurwe 2026.
-
Amerika yasabye ko hakorwa iperereza ku birego byo gufasha M23 RDC ishinja u Rwanda
30 May 2022, by Dusingizimana RemyLeta Zunze Ubumwe z’Amerika (USA) zasabye ko hakwiye gukorwa iperereza ku birego Repubulika Iraranira Demokarasi ya Congo (RDC) ishinja u Rwanda byo gufasha no gushyigikira umutwe w’inyeshyamba za M23.
Umuyobozi wa Komisiyo ya Sena ya USA ishinzwe ububanyi n’amahanga, Senateri Bob Mendez yavuze ko iryo perereza rikenewe kugira ngo nihaboneka ibihamya bifatika u Rwanda rube rwafatirwa ibihano bigenerwa ibihugu bitera inkunga imitwe yitwaje intwaro.
Mu itangazo rigufi yasohoye mu mpera (…) -
U Budage bwashinje USA ubujura no gusenya amategeko y’Isi
8 January, by ISIMBI EstellaPerezida w’u Budage, Frank-Walter Steinmeier yagaragaje ko atishimiye politiki ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), Donald Trump ishaka gushyira Isi mu kavuyo, agaragaza ko Isi itagomba kwemera guhinduka indiri y’ubujura bw’abatagira amahame bagenderaho.
-
Iran yabwiye Amerika na Isiraheli ko izihorera
1 March, by Angeline MUKANGENZIUmunyamabanga w’Inama Nkuru y’Umutekano ya Iran, Ali Larijani yatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Isiraheli babateye icyuma mu mutima nyuma yuko bishe Umuyobozi w’Ikirenga wabo, Ayatollah Ali Khamenei ariko bitazagarukira aho kuko nabo bazasogota imitima yabo kandi by’igihe kirekire.
-
SADC yashyizeho itsinda ryihutisha imyiteguro yo gutaha kw’ingabo zayo
18 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUmugaba Mukuru w’ingabo za Afurika y’Epfo, Gen. Rudzani Maphwanya, yatangaje ko umuryango wa Afurika y’amajyepfo (SADC) washyizeho itsinda rishinzwe kwihutisha imyiteguro yo gutaha kw’ingabo zawo ziri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Ibihugu bya EU byashinje u Burusiya gukomeza gukoresha intwaro z’ubumara muri Ukraine
5 July 2025, by Joseph IradukundaInzego z’ubutasi zo mu Buholandi n’u Budage zatangaje ko zimaze gukusanya ibimenyetso bitandukanye byerekana ko u Burusiya bukomeje gukoresha intwaro z’ubumara muri Ukraine.
-
Kinshasa: Urugo rwa Azarias Ruberwa wabaye Visi Perezida rwatewe n’abasirikare
18 September 2025, by ISIMBI EstellaAbasirikare bo mu mutwe w’ingabo zishinzwe kurinda abayobozi bakuru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bateye urugo rwa Azarias Ruberwa wabaye Visi Perezida w’iki gihugu kuva mu 2003 kugeza mu 2006, birara mu mutungo we.
-
Bruce Melodie yaturushije ku mukino ariko ntabwo aturusha Shampiyona- Angeli Mutabaruka, umufana wa The Ben
16 January, by ISHIMWE Jean de DieuAngeli Mutabaruka, umunyamakuru wa Radio/TV1 uzwi cyane mu itangazamakuru ryo mu Rwanda ndetse akaba n’umufana ukomeye wa The Ben, yagarutse ku byavuzwe cyane ku mbuga nkoranyambaga no mu bafana b’umuziki nyuma y’igitaramo “The Nu-Year Groove” cya The Ben cyabereye muri BK Arena ku itariki ya 1 Mutarama 2026, cyari cyatumiwemo Bruce Melodie.
-
Ukraine Irikwigamba gutsinda mu Karere ka Kursk Ahandi Igataka Ibisasu by’Uburusiya
27 August 2024, by Joseph IradukundaUmugaba mukuru w’ingabo za Ukraine yavuze ko ingabo ayoboye zigaruriye kilometero kare 1300 z’akarere ka Kursk ko mu Burusiya mu byumweru bitatu zimaze zigabye ibitero ku butaka bw’icyo gihugu.
Umuryango.rw
Bayisenge Emery yatangiye imyitozo muri Gasogi United (Amafoto)
Abasifuzi 4 b’Abanyarwanda bazasifura imikino ya FIFA Series
Amerika yasabye ko hakorwa iperereza ku birego byo gufasha M23 RDC ishinja u Rwanda
U Budage bwashinje USA ubujura no gusenya amategeko y’Isi
Iran yabwiye Amerika na Isiraheli ko izihorera
SADC yashyizeho itsinda ryihutisha imyiteguro yo gutaha kw’ingabo zayo
Ibihugu bya EU byashinje u Burusiya gukomeza gukoresha intwaro z’ubumara muri Ukraine
Kinshasa: Urugo rwa Azarias Ruberwa wabaye Visi Perezida rwatewe n’abasirikare
Bruce Melodie yaturushije ku mukino ariko ntabwo aturusha Shampiyona- Angeli Mutabaruka, umufana wa The Ben
Ukraine Irikwigamba gutsinda mu Karere ka Kursk Ahandi Igataka Ibisasu by’Uburusiya