Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yatanze Juliana Amato Lumumba ngo abe umukandida ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa, OIF.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Nyuma y’u Rwanda na Mauritania, DR Congo na yo yatanze umukandida ku mukuru wa Francophonie
27 February, by Angeline MUKANGENZI -
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
17 February, by ISIMBI EstellaUMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me NSHIMIYUMUKIZA Emile ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
-
Ndayishimiye yasasiwe ibitenge n’abaturage be bumva ko agiye kuyobora ibihugu bya Afurika
17 February, by Angeline MUKANGENZIBamwe mu Barundi ntibumva uburyo Perezida wabo, Evariste Ndayishimiye yahawe kuyobora Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, ku buryo ubona hari n’abumva ko uyu muyobozi agiye kuyobora ibihugu byose bya Afurika uko yiboneye.
-
RD C: Abashinwa batawe muri yombi bafite zahabu n’ibihumbi 800$ by’Idorari
6 January 2025, by Joseph IradukundaAbategetsi bavuga ko Abashinwa batatu batawe muri yombi bafite ibipande 12 bya zahabu n’amadolari y’Amerika 800,000 ’cash’ mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
-
DRC: Ibyihebe bya ADF ikomoka muri Uganda bikomeje Kwica Abaturage
31 December 2024, by Joseph IradukundaN’ubwo ingabo za Uganda zagiye muri DRC mu myaka ibiri ishize ngo zifatanye n’iza DRC kurwanya ADF no kuyirimbura, abarwanyi n’uyu mutwe bakomeje kugarika ingogo.
-
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
13 February, by ISIMBI EstellaUMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me NIYIBIZI JEAN MARIE VIANNEY ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
-
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
22 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyasha abantu bose ko hatazangizwa ipiganwa muri cyamunara y’umutungo utimukanwa iherereye mu karere ka GATSIBO.
Soma itangazo rirambuye… -
Dore ibyiza byo gukora imyitozo ngororamubiri ku bagore batwite
10 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuBamwe mu bagore batwite ndetse n’imiryango yabo, ngo bakunze guhura n’ikibazo cyo kwibaza niba byaba byiza gukora imyitozo ngororamubiri mu gihe batwite, rimwe na rimwe ababegereye bakababwira ibitandukanye. Hari abavuga ko siporo ari nziza, abandi bakavuga ko itemewe ku batwite, ibyo bitekerezo binyuranye bikabashyira mu gihirahiro, ariko se inzobere mu by’ubuzima n’ubuzi bw’abagore batwite batanga inama ki kuri iyo ngingo.
-
MUROKORE BARIYANGA Dieudonne yasabye guhindura amazina akitwa MUROKORE RUGWIRO Dieudonne
22 October 2025, by ISIMBI EstellaUwitwa MUROKORE BARIYANGA Dieudonne yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa MUROKORE RUGWIRO Dieudonne mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina murayisanga mu itangazo riri hano hasi.. -
Annie Hawkins-Turner Niwe mugore ufite amabere manini kw’isi
20 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUyu mugore witwa Annie Hawkins-Turner uzwi kw’izina rya Norma Stitz ukomoka mu gihugu cya Amerika, niwe waciye agahigo ko kugira amabere manini kw’isi kurusha abandi bagore.
Nkuko tubikesha ikinyamakuru Guiness world records, uyu Annie ubwo bamupimaga basanze amabere ye adasanzwe kuko apima cm 109.22.
Annie ubusanzwe ni umushoramari ukorera ubucuruzi bwe kuri murandasi akaba ariko kazi akora dore ko yamamaye cyane kumbuga ( websites) zikunzwe cyane mu gihugu cya Amerika.
Uyu mugore (…)
Umuryango.rw
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
Ndayishimiye yasasiwe ibitenge n’abaturage be bumva ko agiye kuyobora ibihugu bya Afurika
RD C: Abashinwa batawe muri yombi bafite zahabu n’ibihumbi 800$ by’Idorari
DRC: Ibyihebe bya ADF ikomoka muri Uganda bikomeje Kwica Abaturage
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
Dore ibyiza byo gukora imyitozo ngororamubiri ku bagore batwite
MUROKORE BARIYANGA Dieudonne yasabye guhindura amazina akitwa MUROKORE RUGWIRO Dieudonne
Annie Hawkins-Turner Niwe mugore ufite amabere manini kw’isi