Raila Odinga wari uhagarariye amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi muri Kenya, NASA yikuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu yagombaga kuzasubirwamo kuwa 26 Ukwakira 2017.
Ibi bije nyuma y’aho Perezida Uhuru Kenyata abivugiye Mombasa ko yakiriye neza icyifuzo cya Raila Odinga cyo gukuramo kanditatire ye "Niba abo duhanganye badashaka amatora aciye mu mucyo bagomba kuva mu nzira kugirango igihugu gikomeze gutera imbere."
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 10 Ukwakira, Odinga yatangaje ko n’uwo (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Kenya:Raila Odinga yikuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu
10 October 2017, by Iyamuremye Janvier -
Nyagatare: Batewe ishema no guturira indake Perezida Kagame yabayemo
7 February, by Angeline MUKANGENZIAbaturage b’ahitwa Gikoba mu Murenge wa Tabagwe ho mu Karere ka Nyagatare bavuga ko baterwa ishema no guturira ahari indaki Perezida Kagame yabayemo ubwo yari ayoboye urugamba rwo kubohora Igihugu.
-
Rigathi Gachagua wabaye Visi Perezida wa Kenya aratabaza nyuma yo kwamburwa abamurinda
15 April 2025, by Angeline MUKANGENZIRigathi Gachagua wabaye Visi Perezida wa Kenya kuva mu 2022 kugeza ubwo yeguzwaga mu Ukwakira 2024 aratabaza nyuma y’aho yambuwe abamurindiraga umutekano.
-
U Rwanda rugiye kongera kwakira Irushanwa rya Billie Jean King Cup rizahuza ibihugu 12
24 June 2025, by ISIMBI EstellaGuhera tariki ya 14 kugeza ku ya 19 Nyakanga 2024, mu Rwanda hazabera imikino ya Tennis ya ‘Billie Jean King Cup’, izitabirwa n’ibihugu 12 mu bari n’abategarugori.
-
Nyamasheke: Abarenga 3000 bagiye gufashwa kubona inzu zo kubamo
28 July 2025, by ISIMBI EstellaUbuyobozi bw’Akarere ka Nyamasheke ku bufatanye n’abafatanyabikorwa batandukanye bwatangaje ko bugiye gufasha imiryango irenga 3000 kubona inzu zo kubamo.
-
inkuru y’ubujura bw’indirimbo za Eminem yaje kuba impamo
20 March 2025, by ISIMBI Estellainkuru y’ubujura kuwahoze ari mukozi wa eminem yaje kuba impamo
iyi nkuru y’ubujura yamenyekanye myuma y’uko abakozi ba studio ya Eminem, ihereye muri Ferndale,Michian,babonye indirimbo zitarasohoka z’uyu muraperi ziri gucicikana ku mbuga koranyambaa nka Reddit na YouTube. -
Umusenateri yeguye nyuma yo gutangaza ko Tshisekedi atagomba kurenza manda ebyiri
19 March, by Angeline MUKANGENZIUmunyapolitiki Modeste Bahati Lukwebo yeguye ku mwanya wa Visi Perezida wa kabiri wa Sena ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nyuma y’ibyumweru bibiri atangaje ko Perezida Félix Tshisekedi atagomba kurenza manda ebyiri.
-
Abarenga ibihumbi 58 mu Rwanda batanze amaraso mu 2024
13 June 2025, by ISIMBI EstellaIkigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyatangaje ko abantu 58.688 batanze amaraso 84,383 mu mwaka wa 2024, aho urubyiruko rwagize ubwiganze bwa 65.3 % mu bayatanze cyane.
-
Tchad yihimuye kuri Trump wakumiriye abaturage bayo muri Amerika
6 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Tchad, Maréchal Mahamat Idris Déby Itno, yafashe icyemezo cyo gukumira Abanyamerika bashaka kujya mu gihugu cye mu rwego rwo kwihimura kuri Donald Trump.
-
#KUNDUBUZIMA: Waba ufite ikibazo cyo kurangiza vuba? Dore bimwe mu byagufasha
5 May 2025, by UbwanditsiUmusemburo wa Testosterone ni umusemburo w’ingenzi cyane cyane ku bagabo; kuko ufasha byinshi harimo kugira ubushake bwo gukora imibonano, kongera uburemere bw’amagufa n’imikaya. Muri make niwo musemburo ugaragaza imiterere ya kigabo.
Umuryango.rw
Nyagatare: Batewe ishema no guturira indake Perezida Kagame yabayemo
Rigathi Gachagua wabaye Visi Perezida wa Kenya aratabaza nyuma yo kwamburwa abamurinda
U Rwanda rugiye kongera kwakira Irushanwa rya Billie Jean King Cup rizahuza ibihugu 12
Nyamasheke: Abarenga 3000 bagiye gufashwa kubona inzu zo kubamo
inkuru y’ubujura bw’indirimbo za Eminem yaje kuba impamo
Umusenateri yeguye nyuma yo gutangaza ko Tshisekedi atagomba kurenza manda ebyiri
Abarenga ibihumbi 58 mu Rwanda batanze amaraso mu 2024
Tchad yihimuye kuri Trump wakumiriye abaturage bayo muri Amerika
#KUNDUBUZIMA: Waba ufite ikibazo cyo kurangiza vuba? Dore bimwe mu byagufasha