Mu gihugu cya Libya mu Ntara ya Kufra, mu majyepfo y’uburasirazuba bw’igihugu, havumbuwe imva rusange irimo imirambo 28 y’abimukira bo munsi y’ubutayu bwa Sahara hafi y’ahantu bivugwa ko bari bafungiwe kandi bagakorerwa iyicarubozo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Libya: Havumbuwe imva rusange ishyinguwemo abimukira
11 February 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Umuryango wa Perezida Kagame wishimiye kubona umwuzukuru wa mbere
20 July 2020, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame,yatangaje ko umuryango we wishimiye kwakira umwuzukuru we wa mbere wabyawe n’umukobwa we Ange Ingabire Kagame n’umugabo we.
-
Dauda Yussif yoherejwe mu Intare FC kwitekerezaho
24 February, by ISHIMWE Jean de DieuUmunya-Ghana wakinaga muri APR FC, Seidu Dauda Yussif yoherejwe mu Intare FC nyuma yo kwitwara nabi ntibyishimirwe n’abayobozi.
-
Formula 1: Afurika y’Epfo mu nzira zo guhangana n’u Rwanda mu kwakira Grand Prix
19 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri wa Siporo, Ubugeni n’Umuco muri Afurika y’Epfo, Gayton Mckenzie, yatangaje ko iki gihugu gishaka kwakira Grand Orix ya Formula One mu mwaka w’imikino wa 2027, ndetse bishoboka no kuba mu 2026 mu gihe byose byaba bigenze neza.
-
PSG yatsinze Arsenal mu mukino ubanza wa ½ cya UEFA Champions League
30 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe ya Paris Saint-Germain yatsinze Arsenal igitego 1-0 mu mukino ubanza wa ½ cya UEFA Champions League wabereye kuri Emirates Stadium mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri.
-
U Rwanda rwakiriye Abanyarwanda 326 babaga mu mashyamba ya RDC
30 October 2025, by ISIMBI EstellaU Rwanda rwakiriye Abanyarwanda 326 bari mu miryango 98 batahutse bava mu mashyamba yo mu gihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC).
-
Kanseri y’umwijima ishobora kwikuba kabiri bitarenze mu 2050 - Ubushakashatsi
29 July 2025, by Joseph IradukundaUbushakashatsi bwagaragaje ko hatagize igikorwa, umubare w’abarwara kanseri y’umwijima ku Isi hose ushobora kwikuba kabiri bitarenze umwaka wa 2050.
-
IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#43:Ubuzima bwa Politiki bwa Alfred MUKEZAMFURA umujenosideri wayoboye Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda
17 September 2021, by Dusingizimana RemyTUBARARIKIYE IKIGANIRO IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#43 kigaruka ku buzima bwa Politiki bwa Alfred MUKEZAMFURA wayoboye Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda ashinjwa ibyaha bya Jenoside ndetse nyuma Gacaca irabimuhamya akatirwa adahari.
Ese yarinzwe n’iki mu Nteko imyaka 5 yose? Yacitse gute ubutabera? Ubu aba ahe abayeho gute? Ese kuki adashakishwa nk’abandi? Hagati aho Umukobwa we aherutse kugirwa Umuyobozi muri Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda.Tubane muri iki kiganiro!
Mukezamfura Alfred (…) -
Perezida Ruto urata umubano afitanye n’u Rwanda yemeje ko yaganiriye na Perezida Kagame
4 September 2024, by Joseph IradukundaPerezida wa Kenya, William Ruto, yemeje ko yabonanye na mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame, mu Bushinwa, bagirana ibiganiro ku kunoza umubano w’ibihugu byombi no kuri kandidatire ya Odinga ku buyobozi bwa Komisiyo ya AU.
-
Liban uu n’amarira nyuma y’imfpu z’abasaga 490 bahitanwe n’ibitero bya Israel
24 September 2024, by Joseph IradukundaAbantu nibura 492 biciwe mu bitero byo mu kirere bikaze kandi byageze henshi bya Israel bigambiriye Hezbollah muri Libani, nkuko minisiteri y’ubuzima ya Libani ibivuga, mu munsi wa mbere wiciwemo abantu benshi cyane mu ntambara yaho mu myaka hafi 20 ishize.
Umuryango.rw
Libya: Havumbuwe imva rusange ishyinguwemo abimukira
Umuryango wa Perezida Kagame wishimiye kubona umwuzukuru wa mbere
Dauda Yussif yoherejwe mu Intare FC kwitekerezaho
Formula 1: Afurika y’Epfo mu nzira zo guhangana n’u Rwanda mu kwakira Grand Prix
PSG yatsinze Arsenal mu mukino ubanza wa ½ cya UEFA Champions League
U Rwanda rwakiriye Abanyarwanda 326 babaga mu mashyamba ya RDC
Kanseri y’umwijima ishobora kwikuba kabiri bitarenze mu 2050 - Ubushakashatsi
IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#43:Ubuzima bwa Politiki bwa Alfred MUKEZAMFURA umujenosideri wayoboye Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda
Perezida Ruto urata umubano afitanye n’u Rwanda yemeje ko yaganiriye na Perezida Kagame
Liban uu n’amarira nyuma y’imfpu z’abasaga 490 bahitanwe n’ibitero bya Israel