Minisitiri w’Uburezi, Joseph Nsengimana, yagaragaje ko kaminuza zikwiye gushyira imbaraga mu bushakashatsi bugamije iterambere rirambye no kugabanya icyuho cy’ubumenyi zitanga n’ubukenewe ku isoko ry’umurimo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Minisitiri Nsengimana yasabye kaminuza kugabanya icyuho kiri hagati y’ubumenyi zitanga n’ubukenewe ku isoko
19 March 2025, by Joseph Iradukunda -
U Rwanda na Brésil byinjiye mu bufatanye bwo guteza imbere uburezi
20 September 2025, by ISIMBI EstellaGuverinoma y’u Rwanda yashyize umukono ku masezerano y’ubufatatanye na Brésil mu bijyanye no guteza imbere uburezi.
-
Rubavu: Batatu bafungiwe gutema inka z’umwe mu bagize umuryango wabo
15 April, by ISIMBI EstellaAbantu batatu bo mu muryango wa Ntuyenabo Bernard w’imyaka 32, umwarimu wigisha mu mashuri abanza mu Murenge wa Cyanzarwe, Akarere ka Rubavu, batawe muri yombi bakekwaho gutema inka ze kubera ishyari n’amakimbirane bafitanye mu muryango.
-
Gatsibo: Umukobwa w’imyaka 21 yatawe muri yombi akekwaho kwiba atoboye inzu
15 April, by ISIMBI EstellaUmukobwa w’imyaka 21 yafatiwe mu iduka (Boutique) iri mu Murenge wa Rugarama mu karere ka Gatsibo,akekwaho kwiba nyuma yo gutobora inzu yacururizwagamo n’umucuruzi .
-
Nicole Kidman na Keith Urban batandukanye
30 September 2025, by ISIMBI EstellaUmukinnyi wa filime akanazitunganya, Nicole Kidman ndetse n’umuririmbyi mu njyana ya Country Music, Keith Urban; batandukanye nyuma y’imyaka 19 yari ishize barushinze, bitungura abakunzi babo ari nako bibashengura.
-
DORE ABAHANZI NYARWANDA UTARUZIKO BIGEZE GUKINAHO UMUPIRA KU RWEGO RUHAMBAYE.
7 February 2025, by ISIMBI EstellaNi kenshi abakunda umuziki nyarwanda batajya bamenyako burya abo bamenye ari abahanzi bashobora kuba bafite ibindi bashoboye gukora kandi neza. Ni muri urwo rwego muriyi nkuru tugiye kurebera hamwe bamwe mu bahanzi nyarwanda bigeze gukina umupira ku rwego rwo hejuru ariko ushobora kuba utarubizi. Urakaza neza mwiyi nkuru.
-
Nyamasheke: Abanyeshuli 2 bivugwa ko baguye mu mpanuka y’Imodoka yari ibavanye ku ishuri
19 September 2024, by Joseph IradukundaAhitwa Ntendezi mu Murenge wa Ruharambuga mu Karere ka Nyamasheke habereye impanuka ya bisi yari itwaye abana igwa mu mugezi wa Cyongoroka.
-
Inama y’Abepisikopi Gatolika yatangaje ko Paruwasi 47 na Santarali 474 arizo zafunzwe
13 October 2024, by Joseph IradukundaMu Rwanda hafi kimwe cya Kabiri cya za Santarali Gatolika zafunzwe mu nkubiri yo gufunga insengero, za Kiliziya n’imisigiti imaze iminsi iri mu gihugu. Ibi bikubiye mu cyegeranyo Inama y’Abepisikopi Gatolika mu Rwanda yaraye ishyize hanze igaragaza uko ikibazo cyo gufunga ibikorwa-remezo bya kiliziya gihagaze.
-
Ancelotti utoza Real Madrid yasabiwe gufungwa imyaka 4
2 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmutoza wa Real Madrid, Carlo Ancelotti yitabye urukiko mu murwa mukuru wa Espagne, Madrid, mu rubanza akurikiranwamo ku byaha byo kunyereza imisoro.
-
Mu Rwanda hatangijwe urugendo rw’amapikipiki rwitezweho kuzamura ubukerarugendo
4 September 2025, by ISIMBI EstellaKu mugoroba wo ku wa Gatatu tariki 3 Nzeri 2025, ikigo gitegura ibirori n’inama mu by’ubukerarugendo (Silverback Events Management) cyatangije ku mugaragaro urugendo rwa mbere rw’amapikipiki, rwerekana icyerekezo gishya mu guteza imbere ubukerarugendo buruhura mu mutwe bukanimakaza umuco.
Umuryango.rw
Minisitiri Nsengimana yasabye kaminuza kugabanya icyuho kiri hagati y’ubumenyi zitanga n’ubukenewe ku isoko
U Rwanda na Brésil byinjiye mu bufatanye bwo guteza imbere uburezi
Rubavu: Batatu bafungiwe gutema inka z’umwe mu bagize umuryango wabo
Gatsibo: Umukobwa w’imyaka 21 yatawe muri yombi akekwaho kwiba atoboye inzu
Nicole Kidman na Keith Urban batandukanye
DORE ABAHANZI NYARWANDA UTARUZIKO BIGEZE GUKINAHO UMUPIRA KU RWEGO RUHAMBAYE.
Nyamasheke: Abanyeshuli 2 bivugwa ko baguye mu mpanuka y’Imodoka yari ibavanye ku ishuri
Inama y’Abepisikopi Gatolika yatangaje ko Paruwasi 47 na Santarali 474 arizo zafunzwe
Ancelotti utoza Real Madrid yasabiwe gufungwa imyaka 4
Mu Rwanda hatangijwe urugendo rw’amapikipiki rwitezweho kuzamura ubukerarugendo