Nyuma y’igihe gito minisitiri w’Ibidukikije, Amb. Jeanne d’Arc Mujamariya asohoye ibaruwa isaba mugenzi we w’Uburezi, Dr. Valentine Uwamariya guhagarika kubaka amashuri mu buryo bwangiza ibidukikije,ngo ntazi impamvu byageze mu itangazamakuru bigahindura ishusho kandi atari agamije guhangana na mugenzi we.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Minisitiri Mujawamariya ntiyiyumvisha impamvu ibaruwa yandikiye Minisitiri w’Uburezi amwihanangiriza yageze mu itangazamakuru igahinduka byacitse
26 August 2020, by Martin Munezero -
Ukoresha TikTok yakatiwe gufungwa hafi imyaka itatu kubera gutuka Perezida Museveni
19 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUrukiko rwa Entebbe muri Uganda rwakatiye Emmanuel Nabugodi igifungo cy’imyaka ibiri n’amezi umunani kubera gutuka Perezida Yoweri Kaguta Museveni abinyujije mu mashusho yashyize ku rubuga rwa TikTok.
-
Minisitiri Nduhungirehe yamaganye icengezamatwara rya Muyaya
14 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yamaganye icengezamatwara ry’Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya, ryibasira u Rwanda.
-
Vuba aha u Rwanda rurashyiraho ikipe y’igihugu ya Kung-FU
17 December 2024, by Joseph IradukundaMu mukino wa Kung Fu mu Rwanda hagiye gushyirwaho amakipe y’igihugu (Club National) ahoraho, yaba mu mirwanire ndetse n’imyiyereko mu byiciro bitandukanye, abagabo ndetse n’abagore.
-
Super Bowl Halftime Show: Kendrick Lamar yakoze igitaramo cy’amateka, umubyinnyi we arafungwa
10 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuHip-Hop yongeye gushyirwa ku ibere ku mukino wa nyuma wa NFL, Super Bowl, aho umuraperi Kendrick Lamar umaze kubaka ibigwi yongeye kwerekana ko atari agafu k’imvugwa rimwe.
-
Dosiye ya Epstein yakoze kuri Lawrence H. Summer wabaye Minisitiri w’Imari muri Amerika
26 February, by Angeline MUKANGENZIUwabaye Minisitiri w’Imari muri Amerika, Lawrence H. Summer akaba n’umwarimu muri Kaminuza ya Havard yatangaje ko ku mpera z’umwaka w’amashuri azahita asezera mu kazi.
-
Tshisekedi yahagaritse amasezerano yose Leta ya RDC yagiranye n’ibigo by’abahuza by’Abanyamerika, birimo Earhart Turner LLC.
8 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUbutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwahagaritse ubufatanye n’ababuhuzaga n’ubwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu biganiro byerekeye ubucukuzi n’itunganywa ry’amabuye y’agaciro
-
Bulgarie yemereye Putin kunyura mu kirere cyayo
21 October 2025, by ISIMBI EstellaLeta ya Bulgarie yatangaje ko yiteguye kwemerera Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, kunyura mu kirere cyayo mu gihe azaba agiye mu nama izamuhuriza na Donald Trump mu mujyi wa Budapest muri Hongrie.
-
Amerika yasabye Leta ya RDC na AFC/M23 guhagarika imirwano
1 November 2025, by ISIMBI EstellaUmujyanama wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu bufatanye na Afurika, Massad Boulos, yasabye ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro AFC/M23 guhagarika imirwano.
-
Zeotrap yavuze icyashyize iherezo ku ntambara y’ubutita hagati ye na Ish Kevin
1 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuZeo Trap yagaragaje ko yashyize akadomo ku ntambara y’ubutuita ye n’abahanzi bagenzi be, nyuma y’iyo yagiranye na Ish Kevin ikaza no gutuma ahamagazwa n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha [RIB].
Umuryango.rw
Minisitiri Mujawamariya ntiyiyumvisha impamvu ibaruwa yandikiye Minisitiri w’Uburezi amwihanangiriza yageze mu itangazamakuru igahinduka byacitse
Ukoresha TikTok yakatiwe gufungwa hafi imyaka itatu kubera gutuka Perezida Museveni
Minisitiri Nduhungirehe yamaganye icengezamatwara rya Muyaya
Vuba aha u Rwanda rurashyiraho ikipe y’igihugu ya Kung-FU
Super Bowl Halftime Show: Kendrick Lamar yakoze igitaramo cy’amateka, umubyinnyi we arafungwa
Tshisekedi yahagaritse amasezerano yose Leta ya RDC yagiranye n’ibigo by’abahuza by’Abanyamerika, birimo Earhart Turner LLC.
Bulgarie yemereye Putin kunyura mu kirere cyayo
Amerika yasabye Leta ya RDC na AFC/M23 guhagarika imirwano
Zeotrap yavuze icyashyize iherezo ku ntambara y’ubutita hagati ye na Ish Kevin