Inama njyanama y’umurenge wa Nyagatare mu karere ka Nyagatare yemeje ko ibigori abaturage bahinze mu mujyi birandurwa hanyuma uyu mwanzuro ushyirwa mu bikorwa mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu.
Uyu mukwabu wo kurandura imyaka wakozwe mu tugari twose tugize umujyi wa Nyagatare aho imyaka yiganjemo ibigori yaranduwe.
Umunyabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Nyagatare,uw’akagari ka Barija ndetse n’ushinzwe ubuhinzi mu murenge nibo bahagarikiraga abaturage ngo barandure ibyo bigori byose (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Nyagatare:Abayobozi baranduye ibigori by’abaturage banabaca amande ya 50.000 FRW
28 September 2022, by Dusingizimana Remy -
Ingabo za Sudani y’Epfo zisubije Umujyi wa Nasir wari wafashwe na White Army
22 April 2025, by Angeline MUKANGENZIIngabo z’igihugu cya Sudani y’Epfo (SSPDF) zongeye kwigarurira umujyi wa Nasir muri Leta ya Upper Nile, zari zaratakaje, nyuma y’imirwano ikaze n’Ingabo z’umutwe wiyise White Army, kuva muri Werurwe.
-
Perezida Putin yaburiye Ukraine yifuza intwaro kirimbuzi
19 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yaburiye Ukraine nyuma y’aho igaragaje ko ikeneye intwaro kirimbuzi zo kuyifasha kurinda umutekano wayo, ayimenyesha ko u Burusiya butazemera ibyo bishoboka.
-
Abagore bane batawe muri yombi bazira ubucuruzi butemewe bw’imyenda ya caguwa
9 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu bikorwa bitandukanye byo kurwanya ubucuruzi bwa magendu mu Karere ka Rubavu na Nyabihu; Polisi y’u Rwanda yafashe abagore bane bakekwaho kwinjiza mu gihugu amabaro 10 y’imyenda ya caguwa bayivanye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Mozambique igiye gushyira serivisi za Leta ku ikoranabuhanga nk’uko bikorwa mu Rwanda
19 February, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Mozambique Daniel Chapo yatangaje ko serivisi za Leta zigiye kujya zitangwa binyuze ku ikoranabuhanga nk’uko bikorwa mu Rwanda no muri Kenya.
-
Perezidansi ya Afurika y’Epfo yibeshye ku izina rya Tshisekedi
15 February, by Angeline MUKANGENZIIbiro by’Umukuru w’Igihugu muri Afurika y’Epfo byibeshye ku mazina ya Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho kumwita Félix Tshisekedi, bimwita Philip Tshisekedi.
-
Umuturage wagejeje kuri Perezida Kagame ikibazo kivugwamo Banki Nkuru y’u Rwanda yongeye gutakamba
17 February, by ISHIMWE Jean de DieuMuhizi Anathole wagejeje kuri Perezida Paul Kagame ikibazo afitanye na Banki Nkuru y’u Rwanda cyerekeye inzu avuga ko ari ye yari yaraguze n’umukozi w’iyi Banki akayamburwa, nyuma akaza gufungwa, yongeye kwandikira Sena y’u Rwanda ku nshuro ya kabiri nyuma yuko ku ya mbere yari yamugiriye inama yo kwitabaza MINALOC.
-
Ifoto y’umunsi: Perezida Kagame yahuye na Perezida Museveni
8 April 2022, by UbwanditsiAbakuru b’ibihugu bihuriye mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EAC Bateraniye i Nairobi muri Kenya , mu muhango wo gusinya amasezerano yinjije Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ,muri uwo muryango.
-
Minisitiri w’uburezi yasabye ababyeyi kubonera umwanya abana bagiye mu biruhuko
3 April 2025, by Angeline MUKANGENZIMu gihe abanyeshuri bagiye kujya mu biruhuko by’igihembwe cya kabiri cy’umwaka w’amashuri,Minisitiri w’uburezi Nsengimana Joseph yasabye ababyeyi kwita ku bana kandi bakajya bagira umwanya babagenera wo kubaha inama n’impanuro.
-
Tshisekedi yasabye ko abasirikare bari ku rugamba bahindurirwa imibereho
22 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasabye ko abasirikare bari ku rugamba mu burasirazuba bw’iki gihugu bazamurirwa umushahara, imiryango yabo igahindurirwa imibereho.
Umuryango.rw
Nyagatare:Abayobozi baranduye ibigori by’abaturage banabaca amande ya 50.000 FRW
Ingabo za Sudani y’Epfo zisubije Umujyi wa Nasir wari wafashwe na White Army
Perezida Putin yaburiye Ukraine yifuza intwaro kirimbuzi
Abagore bane batawe muri yombi bazira ubucuruzi butemewe bw’imyenda ya caguwa
Mozambique igiye gushyira serivisi za Leta ku ikoranabuhanga nk’uko bikorwa mu Rwanda
Perezidansi ya Afurika y’Epfo yibeshye ku izina rya Tshisekedi
Umuturage wagejeje kuri Perezida Kagame ikibazo kivugwamo Banki Nkuru y’u Rwanda yongeye gutakamba
Ifoto y’umunsi: Perezida Kagame yahuye na Perezida Museveni
Minisitiri w’uburezi yasabye ababyeyi kubonera umwanya abana bagiye mu biruhuko
Tshisekedi yasabye ko abasirikare bari ku rugamba bahindurirwa imibereho