Ambasade y’u Rwanda muri Afurika y’Epfo yatangaje ko biteye inkeke kubona Kayumba Nyamwasa ushakishwa n’ubutabera kubera ibyaha akurikiranyweho, akomeje gukirwakwiza ibinyoma n’amakuru atari yo, ashingiye ku gushyigikira imvugo z’urwango n’ibindi bikorwa by’ubugizi bwa nabi bikomeje gukorerwa Abanyamulenge n’Abanye-Congo bavuga Ikinyarwanda by’umwihariko abo mu bwoko bw’Abatutsi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ambasade y’u Rwanda muri Afurika y’Epfo yamaganye Kayumba Nyamwasa
7 February 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Ese Rucagu yari ari he ubwo indege ya Habyarimana yaraswaga? Ngo yabaye mu Urugwiro hafi imyaka 10
27 March 2019, by UbwanditsiRucagu Boniface, umwe mu basaza b’inararibonye ndetse akaba n’umwe mu bagize Akana Ngishwanama k’Inararibonye z’u Rwanda yahaye ikiganiro Umuryango aho yatuganiriye byinshi ku mateka yanyuzemo ndetse n’ay’igihugu muri Rusange.
-
DRC:Ingabo za Afurika y’Epfo ntiziramenya igihe zizatahira
16 April 2025, by Angeline MUKANGENZIIngabo za Afurika y’Epfo zoherejwe mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo (SADC) mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zihangayikishijwe no kutamenyeshwa igihe zizatahira.
-
Trump yahaye Iran nyirantarengwa y’iminsi itatu
23 April, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yahaye Iran iminsi iri hagati y’itatu n’itanu kugira ngo ibe yamaze kugera ku mwanzuro uhamye izashyikiriza Washington mbere y’uko agahenge karangira.
-
Davido yateguje Album nshya azakorana na Chris Brown n’ibitaramo bizenguruka Isi
23 April, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi w’icyamamare muri Nigeria, Davido (David Adeleke), wahatanye inshuro nyinshi mu bihembo bya Grammy, yatangaje ko ari gutegura umushinga mushya wa Album azafatanya n’umuhanzi wo muri Amerika, Chris Brown.
-
Umukire wa mbere muri Afurika yungutse arenga Tiriyari 4 Frw mu gihe gito
23 April, by ISHIMWE Jean de DieuUmunya-Nigeria Aliko Dangote, uzwi nk’umukire wa mbere muri Afurika, akomeje kwiyongera mu bukire mu mwaka wa 2026, aho umutungo we wazamutse cyane bitewe n’impinduka zikomeye zabaye mu rwego rwa peteroli muri Nigeria.
Umuryango.rw
Ambasade y’u Rwanda muri Afurika y’Epfo yamaganye Kayumba Nyamwasa
DRC:Ingabo za Afurika y’Epfo ntiziramenya igihe zizatahira
Davido yateguje Album nshya azakorana na Chris Brown n’ibitaramo bizenguruka Isi
Umukire wa mbere muri Afurika yungutse arenga Tiriyari 4 Frw mu gihe gito