Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Nyirasafari Espérance, yanenze inyigisho z’umuvugabutumwa wigisha avuga ko nta mugabo w’ingazwa uzajya mu ijuru, avuga ko nta wari ukwiye guterwa ipfunwe no kuba afasha umugore we kwita ku nshingano zo mu rugo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Nyirasafari yanenze bwa butumwa buvuga ko ’nta mugabo w’ inganzwa uzajya mu ijuru’
26 June 2018, by Nsanzimana Ernest -
Urubyiruko rw’u Rwanda miliyoni rugiye gufashwa kwinjira mu buhinzi
20 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI), yatangaje ko ku bufatanye n’umushinga Tubura bagiye gufasha urubyiruko rw’u Rwanda rugera kuri miliyoni 1, kwiteza imbere mu buhinzi no kurukundisha kwihangira imirimo, mu gihe cy’imyaka 5 iri imbere.
-
Ibiciro mu Rwanda byiyongereyeho 17,6% muri Nzeri 2022
10 October 2022, by Dusingizimana RemyIkigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda cyatangaje ko ibiciro byiyongereyeho 17,6% muri Nzeri 2022, ugereranyije na Nzeri 2021. Ibiciro muri Kanama 2022 byari byiyongereyeho 15,9%.
Kuri uyu wa 10 Ukwakira 2022, NISR yatangaje ko ibiciro mu mijyi byiyongereye bitewe ahanini n’ibiciro by’ibiribwa n’ibinyobwa bidasembuye byiyongereyeho 33,2%, ibiciro by’inzu, amazi, amashanyarazi, gaz n’ibindi bicanwa byiyongereyeho 7,9%.
Muri Nzeri 2022 kandi ibiciro by’ibijyanye n’ubwikorezi (…) -
Guverinoma yahinduye amasaha akazi n’amasomo byatangiriragaho
11 November 2022, by Dusingizimana RemyGuverinoma yahinduye amasaha akazi katangiriragaho n’igihe kasorezwaga, aho abakozi bazajya batangira akazi 9h00 bageze 17h00, habariwemo isaha 1 y’ikiruhuko.
Yahinduye kandi n’amasaha y’amasomo mu mashuri, aho azajya atangira 8h30 arangire 17h00.
Inama y’Abaminisitiri yateranye tariki 11/11/22,
Kuva muri Mutarama 2023 amasaha y’akazi ni ukuva 9h (saa tatu z’igitondo) kugeza 17h00 (saa kumi n’imwe z’umugoroba)
Amasaha yo gutangira ishuri ni 8h30 (saa mbili n’igice z’igitondo) kugeza (…) -
Abakoranye na Barack Obama bagiye gukorwaho iperereza ku bugambanyi
5 August 2025, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Ubutabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Pam Bondi, yatangaje ko hagiye gutangira iperereza ryagutse ku bayobozi bakuru bakoranye na Barack Obama, bijyanye n’ubugambanyi no kwiba amajwi mu matora bashinjwa.
-
Isanduku ikorwa mu bihumyo yatangiye gushyingurwamo abantu
22 July 2025, by Joseph Iradukundakigo cyo mu Buholandi cyitwa ’Loop Biotech’ cyakoze isanduku yiswe ‘Living Cocoon’ ikozwe mu buryo burengera ibidukikije hifashishijwe ibihingwa bitandukanye birimo n’ibihumyo.
-
Ubwongereza bwavuze ko butazifatanya na Amerika na Israel mu bitero kuri Iran
2 March, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Intebe w’Ubwongereza, Keir Starmer, ubwo yari mu nteko nshingamategeko, yavuze ko igihugu cy’Ubwongereza kitazigera kifatanya na Amerika ndetse na Israel, mu bitero byagabye kuri Iran.
-
Nyamasheke: Umurambo w’umugore waciwe amabere wasanzwe ku muhanda
3 February, by Angeline MUKANGENZIUmugore wo mu Karere ka Nyamasheke w’imyaka 59 yasanzwe mu muferege w’umuhanda yishwe atewe ibyuma, akurwamo amaso, akatwa ibere ndetse anajombwa igiti mu gitsina hakekwa abantu batatu barimo n’umugabo we n’umukobwa wa mukuru we.
-
Enjoy a football festival this February with StarTimes
3 February 2021, by UbwanditsiJanuary is already over but football never stops on StarTimes. The CAF African Nations Championship CHAN 2020 playing its final match this Sunday on 7th February exclusively on StarTimes.
The Coppa Italia is going into semi-finals. Juventus Turin is visiting Inter Milan is on 2 February and the Milanese will return the courtesy on 10 for the second leg.
Quarter-finals round saw Inter going past AC Milan in the heated Milan derby while Ronaldo’s team comfortably beat Serie B side Spal. (…) -
Umutoza w’Amavubi arizeza Abanyarwanda impinduka mu ikipe
26 March, by Angeline MUKANGENZIUmutoza mushya w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda “Amavubi”, Stephen Costantine, yatangaje ko hari impinduka zatangiye kugaragara mu ikipe, nubwo ashimangira ko bagifite urugendo rusaba igihe n’imbaraga.
Umuryango.rw
Urubyiruko rw’u Rwanda miliyoni rugiye gufashwa kwinjira mu buhinzi
Ibiciro mu Rwanda byiyongereyeho 17,6% muri Nzeri 2022
Guverinoma yahinduye amasaha akazi n’amasomo byatangiriragaho
Abakoranye na Barack Obama bagiye gukorwaho iperereza ku bugambanyi
Isanduku ikorwa mu bihumyo yatangiye gushyingurwamo abantu
Nyamasheke: Umurambo w’umugore waciwe amabere wasanzwe ku muhanda
Umutoza w’Amavubi arizeza Abanyarwanda impinduka mu ikipe