Umudamu witwa Umugwaneza Sam Gisele avuga ko agendana ubumuga bwo kutumva nyuma yo gukubitwa n’abapolisi babiri bakamumena amatwi nk’uko abivuga ndetse na raporo za muganga zabyerekanye ariko akaba yarabuze ubutabera kubera ko inzego zose yiyambaje zimuhahana
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umugwaneza avuga ko yakubiswe n’abapolisi bakamumena amatwi, akaba yarabuze aho abaza
5 December 2019, by Ubwanditsi -
USA: Imisoro yashyiriweho u Bushinwa ishobora kongerwaho 50%
8 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko mu gihe u Bushinwa bwakwibeshya bukongera imisoro ku bicuruzwa bituruka muri Amerika, na yo izahita yongera umusoro wa 50% ku bicuruzwa bituruka mu Bushinwa.
-
Starcloud yabonye miliyoni 170$ yo kubaka ububiko bw’amakuru mu isanzure
1 April, by ISIMBI EstellaIkigo gishya gikora ibijyanye n’ikoranabuhanga ryo mu isanzure cyo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Starcloud, giherutse kubona inkunga ya miliyoni 170$ zizagifasha mu mushinga wacyo wo kubaka ububiko bw’amakuru mu isanzure.
-
Uko KNC yiyambaje Perezida wa Rayon Sports ntamufashe bikarangira atewe mpaga
23 March, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles, yagaragaje ko ubwo yavuganaga na Perezida wa Rayon Sports, Murenzi Abdallah, amugisha inama yuko yabigenza ku mukino bari bafitanye ngo yavuye kuri telefone nta kintu amubwiye.
-
Umushinga urwanya ubukene, Give Directly ugiye guha Abanyarwanda Miliyari 218 Frw
24 February, by Angeline MUKANGENZIU Rwanda na Give Directly uyu munsi basinyanye amasezerano y’imyaka itanu agamije kwihutisha gahunda zo kurwanya ubukene (Poverty Acceleration Co-Financing Basket Fund Framework Agreement).
-
Karongi: Mu mezi atatu abarenga 60 bakatiwe n’inkiko bazira ubucukuzi bunyuranyije n’amategeko
24 February, by ISIMBI EstellaAbashoye imari mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro babikora mu buryo bukurikije amategeko bavuga ko babangamiwe n’abakora uyu mwuga mu buryo budakurikije amategeko kuko babateza ibihombo, bagasaba ko hakongerwa imbaraga mu kubahana.
-
Kiyovu Sports yaguze Amissi Cédric
14 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma yo gukurirwaho ibihano n’Ishyirahamwe rya Ruhago ku Isi (FIFA), Kiyovu Sports yasinyishije Umurundi Amissi Cédric ku masezerano y’umwaka.
-
Wayimenye nk’indirimbo y’Igikombe Cyisi ariko yari indirimbo yo kuvugira imbabare, Sobanukirwa Byinshi ku ndirimbo Wavin Flag ya K’Naan
3 June 2025, by Gladiator OGIyi ndirimbo ni imwe mu ndirimbo zizwi cyane zahimbiwe igikombe cyisi ndetse abantu benshi baziko ariyo ndirimbo yemewe y’igikombe cyisi cyabereye muri Afurika Yepfo mu 2010, gusa mu byukuri iyi ndirimbo intego yayo ya mbere ntabwo yari iyo kuririmbirwa igikombe cyisi.
-
Perezida Macron yasabye imbabazi abarokotse Jenoside anemera n’uruhare Ubufaransa bwayigizemo [AMAFOTO]
27 May 2021, by Dusingizimana RemyAvuga mu izina ry’Abafaransa, Perezida Emmanuel yasabye imbabazi abakiriho barokotse jenoside mu Rwanda, yemera ko igihugu cye cyayigizemo uruhare rwa politiki.
-
TUYISENGE Jeanne yasabye guhindura amazina akitwa JOANNE TUYISENGE
10 October 2025, by ISIMBI EstellaUwitwa TUYISENGE Jeanne yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa JOANNE TUYISENGE mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina murayisanga mu itangazo riri hano hasi..
Umuryango.rw
USA: Imisoro yashyiriweho u Bushinwa ishobora kongerwaho 50%
Uko KNC yiyambaje Perezida wa Rayon Sports ntamufashe bikarangira atewe mpaga
Umushinga urwanya ubukene, Give Directly ugiye guha Abanyarwanda Miliyari 218 Frw
Karongi: Mu mezi atatu abarenga 60 bakatiwe n’inkiko bazira ubucukuzi bunyuranyije n’amategeko
Kiyovu Sports yaguze Amissi Cédric
Wayimenye nk’indirimbo y’Igikombe Cyisi ariko yari indirimbo yo kuvugira imbabare, Sobanukirwa Byinshi ku ndirimbo Wavin Flag ya K’Naan
TUYISENGE Jeanne yasabye guhindura amazina akitwa JOANNE TUYISENGE