Ambasaderi Troy Fitrell uri mu bayobozi b’ibiro bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika bishinzwe ubufatanye na Afurika yatangaje ko u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bizungukira byinshi mu masezerano y’amahoro biteganya kugirana mu minsi iri imbere.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ambasaderi Fitrell yagaragaje ko u Rwanda na RDC bizungukira byinshi mu masezerano y’amahoro
21 May 2025, by Angeline MUKANGENZI -
CNLG yagaragaje ko kuba mu matsinda yo kuri interinete y’ abarwanya u Rwanda atari cyo kibazo
17 April 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyamategeko wa Komisiyo y’ igihugu yo kurwanya Jenoside yavuze ko kuba Umunyarwanda yaba ari mu matsinda yo kuri interinete avugirwamo ibitekerezo birwanya Leta y’ u Rwanda, ibitekerezo birimo amacakubiri n’ ivangura ahanini rishingiye ku moko atari cyo kibazo ko ahubwo ikibazo ari ukwifatanya n’ abo bantu ushyigikira ibitekerezo byabo cyangwa ubikwirakwiza.
-
UEFA Champions League: PSG yasezereye Liverpool, ibona itike ya ¼
12 March 2025, by Joseph IradukundaAmakipe arimo FC Barcelona, Bayern Munich, Inter Milan na Paris Saint-Germain yigaranzuye Liverpool mu mukino wo kwishyura wa 1/8 cya UEFA Champions League, yabimburiye andi kubona itike ya 1/4.
-
Trump yirukanye umugabo wa Kamala Harris
30 April 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida Donald Trump ukomeje gucisha umweyo mu bayobozi batandukanye muri Guverinoma n’ibigo bya Leta, yirukanye Doug Emhoff, umugabo wa Kamala Harris wahoze ari Visi Perezida.
-
Ambasade y’u Rwanda muri Afurika y’Epfo yamaganye Kayumba Nyamwasa
7 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAmbasade y’u Rwanda muri Afurika y’Epfo yatangaje ko biteye inkeke kubona Kayumba Nyamwasa ushakishwa n’ubutabera kubera ibyaha akurikiranyweho, akomeje gukirwakwiza ibinyoma n’amakuru atari yo, ashingiye ku gushyigikira imvugo z’urwango n’ibindi bikorwa by’ubugizi bwa nabi bikomeje gukorerwa Abanyamulenge n’Abanye-Congo bavuga Ikinyarwanda by’umwihariko abo mu bwoko bw’Abatutsi.
-
Ese Rucagu yari ari he ubwo indege ya Habyarimana yaraswaga? Ngo yabaye mu Urugwiro hafi imyaka 10
27 March 2019, by UbwanditsiRucagu Boniface, umwe mu basaza b’inararibonye ndetse akaba n’umwe mu bagize Akana Ngishwanama k’Inararibonye z’u Rwanda yahaye ikiganiro Umuryango aho yatuganiriye byinshi ku mateka yanyuzemo ndetse n’ay’igihugu muri Rusange.
-
DRC:Ingabo za Afurika y’Epfo ntiziramenya igihe zizatahira
16 April 2025, by Angeline MUKANGENZIIngabo za Afurika y’Epfo zoherejwe mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo (SADC) mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zihangayikishijwe no kutamenyeshwa igihe zizatahira.
-
Abana bapfa batagejeje imyaka 5 bageze kuri 36/1000 bavuye kuri 45/1000
17 December 2025, by ISIMBI EstellaUbushakashatsi bwa 7 ku Mibereho n’Ubuzima mu Rwanda, DHS7, bwatangajwe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) bugaragaza ko abana bapfa batagejeje ku myaka 5 bageze kuri 36/1000 bavuye kuri 45/1000 mu mwaka 2020. Ni mu gihe mu mwaka 2000 hapfaga abana 196/1000.
-
Depite wa USA yagaragaje impungenge ku mutekano w’abanyamulenge muri RDC.
22 April, by Angeline MUKANGENZIDepite wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Wilson, yagaragaje ko Abanyamulenge bafite impamvu zifatika zo kugaragaza impungenge ku mutekano mucye mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), nyuma y’imyigaragambyo yabereye i Washington ku wa 20 Mata 2026.
-
Inama ya 12 ya JPC isize u Rwanda na Uganda biyemeje ubufatanye bufatika
22 April, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa 22 Mata 2026, i Kampala muri Uganda, Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ububanyi n’amahanga, Dr. Usta Kaitesi, afatanyije na John Mulumba, basoje ku mugaragaro inama ya 12 ya Komisiyo ihoraho ihuriweho (Joint Permanent Commission – JPC) hagati y’u Rwanda na Uganda.
Umuryango.rw
Ambasaderi Fitrell yagaragaje ko u Rwanda na RDC bizungukira byinshi mu masezerano y’amahoro
UEFA Champions League: PSG yasezereye Liverpool, ibona itike ya ¼
Trump yirukanye umugabo wa Kamala Harris
Ambasade y’u Rwanda muri Afurika y’Epfo yamaganye Kayumba Nyamwasa
DRC:Ingabo za Afurika y’Epfo ntiziramenya igihe zizatahira
Abana bapfa batagejeje imyaka 5 bageze kuri 36/1000 bavuye kuri 45/1000
Depite wa USA yagaragaje impungenge ku mutekano w’abanyamulenge muri RDC.
Inama ya 12 ya JPC isize u Rwanda na Uganda biyemeje ubufatanye bufatika