TUBARARIKIYE IKIGANIRO IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#43 kigaruka ku buzima bwa Politiki bwa Alfred MUKEZAMFURA wayoboye Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda ashinjwa ibyaha bya Jenoside ndetse nyuma Gacaca irabimuhamya akatirwa adahari.
Ese yarinzwe n’iki mu Nteko imyaka 5 yose? Yacitse gute ubutabera? Ubu aba ahe abayeho gute? Ese kuki adashakishwa nk’abandi? Hagati aho Umukobwa we aherutse kugirwa Umuyobozi muri Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda.Tubane muri iki kiganiro!
Mukezamfura Alfred (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#43:Ubuzima bwa Politiki bwa Alfred MUKEZAMFURA umujenosideri wayoboye Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda
17 September 2021, by Dusingizimana Remy -
Muhanga: Umubyeyi yapfiriye mu kirombe yacukuragamo mu buryo butemewe n’amategeko
3 April, by ISIMBI EstellaUmubyeyi witwa Ugirinka Anne Marie w’imyaka 45 wo mu Karere ka Muhanga, yasanzwe yapfiriye mu kirombe cy’amabuye y’agaciro bikekwa ko yari yagiye gucukura mu buryo butemewe n’amategeko, nk’uko byemejwe n’ubuyobozi bw’umurenge yari atuyemo.
-
U Rwanda rwasabye Perezida wa Ghana gushyigikira Mushikiwabo
11 April, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Uburezi, Nsengimana Joseph, yashyikirije Perezida wa Ghana, John Dramani Mahama, ubutumwa bwa Perezida Kagame, bumusaba kuzashyigikira Louise Mushikiwabo ku mwanya w’Umuyobozi wa OIF.
-
Ibyiza bya EVERHEALTHY ifatwa nk’igisubizo cy’Abagabo bubatse
3 July 2025, by UbwanditsiEVERHEALTHY ni umuti unywa rimwe buri joro ugiye kuryama ukamara iminsi irindwi gusa, ariko ku munsi wa kabiri cyangwa uwa gatatu uba usubiranye imbaraga zihagije zituma ukora amabanga y’abashakanye mu buryo bwizewe.
-
. Afurika y’Epfo yahakanye ko yasabye abaturage gukorera mu ngo kubera ibura rya lisansi
26 March, by Angeline MUKANGENZIIbihugu bitandukanye byo muri Afurika bikomeje guhura n’ingaruka z’ibikomoka kuri peteroli bikomeje guhenda kubera intambara imaze igihe ibera mu Burasirazuba bwo Hagati.
-
Kamonyi: Umuyobozi mu Kagari yafunzwe akekwaho kwakira ruswa y’ibihumbi 100 Frw
18 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi umukozi ushinzwe Iterambere n’Ubukungu (SEDO) mu Kagari ka Muganza mu Murenge wa Runda mu Karere ka Kamonyi witwa Shyaka Pascal, aho akurikiranyweho icyaha cyo gusaba no kwakira indonke.
-
Tariki 11 Mata 1994: Abatutsi barenga 15,000 biciwe kuri Paruwasi ya Hanika, Cyangugu
11 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKu itariki nk’iyi ya 11 Mata mu 1994, mu Rwanda hari hakomeje Jenoside yakorewe hirya no hino mu gihugu nk’aho kuri Paruwasi ya Hanika hiciwe Abatutsi basaga 15,000, nk’aho Ingabo z’Ababiligi zari muri ETO Kicukiro zisiga abari bazihungiyeho.
-
Umuvugizi wa RIB Dr.Murangira Thierry yavuze ko ntawutebya ahakana cyangwa apfobya Jenocide yakorewe abatutsi
7 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUmuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, Dr. Murangira B. Thierry, yagaragaje ko nta muntu ukwiye gutebya ahakana, apfobya Jenoside yakorewe Abatutsi cyangwa ahohoterera abayirokotse kuko aba akoze icyaha.
-
Amerika iravuga ko 83% bya gahunda USAID yateraga inkunga zizavaho burundu
11 March 2025, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Mbere, itariki 10 Werurwe 2025, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Marco Rubio, yatangaje ko 83% bya porogaramu za USAID zizavaho burundu.
-
Muhanga: 5 bakekwaho gutema abanyerondo batawe muri yombi
19 January, by ISHIMWE Jean de DieuInzego zishinzwe umutekano mu Ntara y´Amajyepfo zatangaje ko zamaze guta muri yombi abantu batanu bacyekwaho guhungabanya umutekano mu Karere ka Muhanga, baherutse gutema abanyerondo ahagana sasaba z´ijoro taliki ya 18 Mutarama 2026.
Umuryango.rw
IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#43:Ubuzima bwa Politiki bwa Alfred MUKEZAMFURA umujenosideri wayoboye Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda
Muhanga: Umubyeyi yapfiriye mu kirombe yacukuragamo mu buryo butemewe n’amategeko
U Rwanda rwasabye Perezida wa Ghana gushyigikira Mushikiwabo
Ibyiza bya EVERHEALTHY ifatwa nk’igisubizo cy’Abagabo bubatse
. Afurika y’Epfo yahakanye ko yasabye abaturage gukorera mu ngo kubera ibura rya lisansi
Kamonyi: Umuyobozi mu Kagari yafunzwe akekwaho kwakira ruswa y’ibihumbi 100 Frw
Tariki 11 Mata 1994: Abatutsi barenga 15,000 biciwe kuri Paruwasi ya Hanika, Cyangugu
Umuvugizi wa RIB Dr.Murangira Thierry yavuze ko ntawutebya ahakana cyangwa apfobya Jenocide yakorewe abatutsi
Amerika iravuga ko 83% bya gahunda USAID yateraga inkunga zizavaho burundu
Muhanga: 5 bakekwaho gutema abanyerondo batawe muri yombi