Urwego rw’Ubucamanza rwatangaje ko mu mezi atandatu ashize ubuhuza n’ubwumvikane bushingiye ku kwemera icyaha byafashije mu kurangiza imanza zirenga 8.800.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Imanza zirenga 8.800 zaciwe mu mezi atandatu hifashishijwe ubuhuza
2 February, by Angeline MUKANGENZI -
Menya umushahara ndetse n’ibindi byose Perezida wa Sena y’u Rwanda agenerwa kugirango akore akazi ke neza.
18 March 2025, by ISIMBI EstellaMu ruhererekane rw’inkuru zihariye dusigaye tubagezaho twagiye turebera hamwe imishahara ya bayobozi bakuru b’igihugu batandukanye barimo Perezida wa Repubulika, Mnistiri w’intebe , Guverineri wa Banki nkuru y’igihugu BNR ndetse n’abandi bayobozi batandukanye. uyu munsi muriyi nkuru yihariye mutwemerere turebere hamwe umushahara ndetse n’ibindi byose Perezida wa Sena y’u Rwanda agenerwa kugirango akore imirimo ye neza. Murakaza neza muriyi nkuru. Dore ibyo Perezida wa Sena y’u Rwanda (…)
-
DRC:Ingabo za Afurika y’Epfo ntiziramenya igihe zizatahira
16 April 2025, by Angeline MUKANGENZIIngabo za Afurika y’Epfo zoherejwe mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo (SADC) mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zihangayikishijwe no kutamenyeshwa igihe zizatahira.
-
Ibikorwa byo gusenya FDLR bishobora gutangira mu Ukwakira 2025
25 September 2025, by ISIMBI EstellaUrwego ruhuriweho rushinzwe gusuzuma iyubahirizwa ry’amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (JSCM) rwemeje ko ibikorwa bishyigikira kubahiriza aya masezerano bizatangira kuva ku wa 1 Ukwakira 2025.
-
Audia Intore yasabwe aranakobwa
26 July 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi w’injyana gakondo, Audia Intore, yasabwe anakobwa n’umukunzi we bamaze igihe mu munyenga w’urukundo Cyiza Kelly.
-
Mukunzi Yannick yerekeje muri Helges IF yo muri Suède
5 April, by ISIMBI EstellaUmukinnyi wo mu kibuga hagati, Yannick Mukunzi uheruka gutandukana na Sandvikens IF yo muri Suéde, yabonye ikipe nshya ya Helges IF yo mu Cyiciro cya kabiri.
-
RDC n’ibindi bihugu bikennye byishyuye abo hafi ya Trump miliyoni z’Amadolari
11 July 2025, by ISIMBI EstellaUbucukumbuzi bwakozwe n’umuryango Global Witness bwagaragaje ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ibindi bihugu bikennye 10, byishyuye abantu bakorana bya hafi na Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika kugira ngo babivuganire.
-
Min. Nduhungirehe yasezeye kuri Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ucyuye igihe
13 January, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa 13 Mutarama 2026, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yasezeye kuri Nyakubahwa Eric William Kneedler, Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Rwanda ucyuye igihe.
-
Yatawe muri yombi azira kwiba ibimonyo birenga 2200
12 March, by Angeline MUKANGENZIUmushinwa witwa Zhang Kequn yafatiwe ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Nairobi muri Kenya, agerageza kujyana mu Bushinwa ibimonyo 2248 mu buryo bunyuranyije n’amategeko.
-
Amakipe y’ibigugu yageze muri ½ cya UEFA Nations League, Cristiano ahabwa ishimwe
24 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe y’Igihugu ya Portugal yatsinze Denmark muri ¼ cya UEFA Nations League, ibona itike yo kuzahura n’u Budage bwakuyemo u Butaliyani. Undi mukino wa ½ ni uzahuza u Bufaransa bwakuyemo Croatia na Espagne yakuyemo u Buholandi.
Umuryango.rw
Imanza zirenga 8.800 zaciwe mu mezi atandatu hifashishijwe ubuhuza
Menya umushahara ndetse n’ibindi byose Perezida wa Sena y’u Rwanda agenerwa kugirango akore akazi ke neza.
DRC:Ingabo za Afurika y’Epfo ntiziramenya igihe zizatahira
Ibikorwa byo gusenya FDLR bishobora gutangira mu Ukwakira 2025
Audia Intore yasabwe aranakobwa
Mukunzi Yannick yerekeje muri Helges IF yo muri Suède
RDC n’ibindi bihugu bikennye byishyuye abo hafi ya Trump miliyoni z’Amadolari
Min. Nduhungirehe yasezeye kuri Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ucyuye igihe
Amakipe y’ibigugu yageze muri ½ cya UEFA Nations League, Cristiano ahabwa ishimwe