Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko kubera ibibazo Isi irimo yifuza ko igihugu cye cyakongera amafaranga ashorwa mu gisirikare cyacyo ku buryo mu 2027 azagera kuri miliyari 1500 $.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Trump yasabye inyongera ya 50% ku ngengo y’imari ikoreshwa n’igisirikare
8 January, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Perezida Kagame ntiyemeranya n’urukiko rw’ikirenga ku byerekeye icyaha cyo gusebya Umukuru w’Igihugu
26 April 2019, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko atemeranya n’Umwanzuro wafashwe n’urukiko rw’ikirenga ku ngingo y’itegeko rihana umuntu wahamijwe icyaha cyo gushushanya no gusebya umukuru w’igihugu, avuga ko icyo kitari gikwiye kuba icyaha mpanabyaha ahubwo gikwiriye kuba mbonezamubano.
-
Umukobwa uhataniye ikamba na Mwiseneza muri Miss Rwanda yatutswe ibitutsi bidasanzwe nyuma yo kumwita Inyamaswa[AMAFOTO]
8 January 2019, by Martin MunezeroUmukobwa witwa Uwihirwe Casmir Yasipi uhataniye ikamba na Mwiseneza Josiane muri Miss Rwanda yatutswe bikomeye n’abakoresha imbuga nkoranyambaga nyuma yo kwandika ijambo ryateye urujijo ku ifoto y’uyu mugenzi we.
-
Inama y’Abepisikopi Gatolika yatangaje ko Paruwasi 47 na Santarali 474 arizo zafunzwe
13 October 2024, by Joseph IradukundaMu Rwanda hafi kimwe cya Kabiri cya za Santarali Gatolika zafunzwe mu nkubiri yo gufunga insengero, za Kiliziya n’imisigiti imaze iminsi iri mu gihugu. Ibi bikubiye mu cyegeranyo Inama y’Abepisikopi Gatolika mu Rwanda yaraye ishyize hanze igaragaza uko ikibazo cyo gufunga ibikorwa-remezo bya kiliziya gihagaze.
-
Rusizi: Umugabo yatwikiye umugore n’abana mu nzu,Imana ikinga akaboko
3 April, by ISIMBI EstellaKuri Sitasiyo y’ Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB ya Nyakabuye hafungiye umugabo witwa Kwizera Eric ukekwako gutwikira mu nzu umugore we, bapfa ko yanze ko bagabana ibihumbi 80Frw umugore yari yakuye mu itsinda.
-
Ancelotti utoza Real Madrid yasabiwe gufungwa imyaka 4
2 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmutoza wa Real Madrid, Carlo Ancelotti yitabye urukiko mu murwa mukuru wa Espagne, Madrid, mu rubanza akurikiranwamo ku byaha byo kunyereza imisoro.
-
Perezida Kagame yashimye imikinire y’Amavubi
1 April, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, yavuze ko Perezida wa Rerpubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yashimye imikinire y’ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi.
-
Mu Rwanda hatangijwe urugendo rw’amapikipiki rwitezweho kuzamura ubukerarugendo
4 September 2025, by ISIMBI EstellaKu mugoroba wo ku wa Gatatu tariki 3 Nzeri 2025, ikigo gitegura ibirori n’inama mu by’ubukerarugendo (Silverback Events Management) cyatangije ku mugaragaro urugendo rwa mbere rw’amapikipiki, rwerekana icyerekezo gishya mu guteza imbere ubukerarugendo buruhura mu mutwe bukanimakaza umuco.
-
Kamonyi: Ukekwaho gutera grenade mu rugo rwa mugenzi we yahise atoroka
15 January 2025, by Joseph IradukundaUbuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi bwatangaje ko umuturage witwa Nkurikiyingoma Jean Baptiste ukekwaho gutera grenade mu rugo rw’umuturanyi we amushinja kugirana umubano wihariye n’umugore we, agishakishwa ngo aryozwe ibyo byaha.
-
U Rwanda rwashimangiye inzira y’ibiganiro nk’igisubizo ku kibazo cy’umutekano muke muri RDC
28 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Sena, Dr. François Xavier Kalinda, yagaragarije ko inzira y’ibiganiro ari cyo gisubizo mu gushaka umuti urambye ku kibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC).
Umuryango.rw
Trump yasabye inyongera ya 50% ku ngengo y’imari ikoreshwa n’igisirikare
Inama y’Abepisikopi Gatolika yatangaje ko Paruwasi 47 na Santarali 474 arizo zafunzwe
Rusizi: Umugabo yatwikiye umugore n’abana mu nzu,Imana ikinga akaboko
Ancelotti utoza Real Madrid yasabiwe gufungwa imyaka 4
Perezida Kagame yashimye imikinire y’Amavubi
Mu Rwanda hatangijwe urugendo rw’amapikipiki rwitezweho kuzamura ubukerarugendo
Kamonyi: Ukekwaho gutera grenade mu rugo rwa mugenzi we yahise atoroka
U Rwanda rwashimangiye inzira y’ibiganiro nk’igisubizo ku kibazo cy’umutekano muke muri RDC