Ambasade y’u Rwanda muri Afurika y’Epfo yatangaje ko biteye inkeke kubona Kayumba Nyamwasa ushakishwa n’ubutabera kubera ibyaha akurikiranyweho, akomeje gukirwakwiza ibinyoma n’amakuru atari yo, ashingiye ku gushyigikira imvugo z’urwango n’ibindi bikorwa by’ubugizi bwa nabi bikomeje gukorerwa Abanyamulenge n’Abanye-Congo bavuga Ikinyarwanda by’umwihariko abo mu bwoko bw’Abatutsi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ambasade y’u Rwanda muri Afurika y’Epfo yamaganye Kayumba Nyamwasa
7 February 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Ihenda ry’ubutaka ngo riri gutuma abasore bashakira abagore iwabo
21 April, by ISIMBI EstellaIhenda n’izamuka ry’igiciro cy’ubutaka hari abagaragaza ko bikomeje kuba ikibazo kibangamira abasore badafite amikoro ahagije ,ibi bigatuma iyo bageze mu gihe cyo gushaka bashakira abagore mu nzu z’ababyeyi babo.
-
Inzira ntibwira umugenzi. Dore Ingo 9 z’ibyamamare mu Rwanda zasenyutse zimaze igihe gito
22 May 2025, by Gladiator OGSi inshuro ya mbere twese twaba twumvise izina Itangishaka ibi bishatse kuvuga ko icyo Imana itaguhaye ntakucyibihatira kugitanga ku ngufu ibi birimo : Amaronko atandukanye, Ubwenge, urubyaro , urugo rwiza ndetse n’ibindi byinshi. Hari ubwo ibyo tuba dushaka bitatugendekera uko twabiteguye ari naho abanyarwanda bahera bavuga ngo inzira ntibwira umugenzi.
-
Ese Rucagu yari ari he ubwo indege ya Habyarimana yaraswaga? Ngo yabaye mu Urugwiro hafi imyaka 10
27 March 2019, by UbwanditsiRucagu Boniface, umwe mu basaza b’inararibonye ndetse akaba n’umwe mu bagize Akana Ngishwanama k’Inararibonye z’u Rwanda yahaye ikiganiro Umuryango aho yatuganiriye byinshi ku mateka yanyuzemo ndetse n’ay’igihugu muri Rusange.
-
Iran yahakanye ibyo gusaba Amerika ibiganiro by’agahenge
16 March, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Iran, Abbas Araghchi, yatangaje ko nta biganiro bigamije guhagarika intambara, igihugu cye cyigeze gisaba kugirana na Leta Zunze Ubumwe za Amerika kandi ko nta n’impamvu ya byo.
-
Huye-Nyamagabe: Barishimira ko iteme ryari rigiye gutwarwa n’ibiza ryasanwe
4 March, by ISIMBI EstellaAbakoresha umuhanda Huye-Nyamagabe barashima ko iteme riri mu gishanga cya KONFIGI ryatunganyijwe ku buryo burambye rikaba ritazongera kwangizwa n’ibiza kubera amazi y’umugezi uca muri icyo gishanga cya CONFIGI yajyaga arisenya mu gihe cy’imvura.
-
MUTIGERWA Rachel yasabye guhindura amazina akitwa MUKIRE Rachel
29 April 2025, by UbwanditsiUwitwa MUTIGERWA Rachel yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa MUKIRE Rachel mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina murayisanga mu itangazo riri hano hasi.. -
Rutsiro FC yasinyishije babiri muri batatu yifuza ngo ikomeze ubusatirizi bwayo
15 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuRutsiro FC yemeje ko yasinyishije abakinnyi babiri bakomoka muri Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo, ngo ikomeze hagati hayo ari nako yakomeje ibiganiro na Rutahizamu, ngo buzure batatu ikeneye.
-
Nyamasheke: Imodoka itwara abagenzi yahiriye muri gare irakongoka
9 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuImodoka yo mu bwoko bwa taxi minimus yari itwaye abagenzi barimo abanyeshuri basubiraga ku ishuri yahiriye muri Gare ya Nyamasheke mu Karere ka Nyamasheke irakongoka, mu by’amahirwe hakaba ngta wahiriyemo cyangwa ibindi byaba byatikiriyemo uretse yo yonyine.
-
Umubare w’abanyarwanda bose wamenyekanye
27 February 2023, by TUYISENGE FabriceHatangajwe imibare y’ibyavuye mu ibarura rusange ry’abaturage ryakozwe umwaka ushize, igaragaza ko umubare w’Abanyarwanda wiyongereyeho miliyoni 2,7 mu myaka icumi ishize, aho igitsinagore ari bo benshi ugeraranyije n’igitsinagabo.
Umuryango.rw
Ambasade y’u Rwanda muri Afurika y’Epfo yamaganye Kayumba Nyamwasa
Ihenda ry’ubutaka ngo riri gutuma abasore bashakira abagore iwabo
Inzira ntibwira umugenzi. Dore Ingo 9 z’ibyamamare mu Rwanda zasenyutse zimaze igihe gito
Iran yahakanye ibyo gusaba Amerika ibiganiro by’agahenge
Huye-Nyamagabe: Barishimira ko iteme ryari rigiye gutwarwa n’ibiza ryasanwe
Rutsiro FC yasinyishije babiri muri batatu yifuza ngo ikomeze ubusatirizi bwayo
Nyamasheke: Imodoka itwara abagenzi yahiriye muri gare irakongoka
Umubare w’abanyarwanda bose wamenyekanye