Kuri iki Cyumweru kuri Kigali Pelé Stadium, ikipe ya Rayon Sports yakinnye umukino wa gicuti na Vital’o FC banganya 2-2.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ku mukino wa gicuti wambere bamwe mu bakinnyi ba Rayon Sports banenzwe n’Abafana
31 July 2023, by Joseph Iradukunda -
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
30 March, by ISIMBI EstellaUMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me KUBWIMANA Emmanuel ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
-
Minisitiri Nsengimana yashishikarije ababyeyi kwita ku bana mu biruhuko
30 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Uburezi (MINEDUC), Nsengimana Joseph yashishikarije ababyeyi kwita ku bana bagiye mu biruhuko, bakagira icyo bafasha mu muryango aho kwirirwa bazerera.
-
Ibyo wamenya kuri Gen. Jean Bosco Kazura umugaba mukuru mushya w’Igisirikare cya RDF
7 November 2019, by Martin MunezeroGeneral Major Jean Bosco Kazura, yazamuwe mu ntera agirwa General, agirwa umugaba mukuru w’ingabo za RDF kuva kuri uyu wa 04 Ugushyingo 2019, asimbuye Gen. Patrick Nyamvumba wagizwe Minisitiri w’umutekano.
-
Abarenga miliyoni 1,8 ni bo bamaze gufotorwa: Mu ndiba y’umushinga w’indangamuntu nkoranabuhanga
25 February, by Angeline MUKANGENZIMinisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, yatangaje ko abantu barenga miliyoni 1,8 ari bo bamaze gufotorwa muri gahunda y’umushinga w’indangamuntu koranabuhanga.
-
Mozambique yashimye umusanzu w’u Rwanda mu bya gisirikare n’umutekano
24 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma ya Mozambique yashimiye u Rwanda kuba umufatanyabikorwa w’ingenzi w’icyo gihugu kandi ubufatanye bw’impande zombi bugatanga umusaruro by’umwihariko mu bya gisirikare n’iterambere ry’imibereho myiza y’abaturage.
-
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
20 February, by ISIMBI EstellaUMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me NIYONZIMA RUKIKO Olivier ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA!
-
Papa Leo XIV yatanze ubutumwa bwibanze ku gushaka amahoro arambye mu bihugu byibasiwe n’intambara
12 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri iki Cyumweru Papa Leo XIV, yatanze ubutumwa bwe bwa mbere kuva yatorerwa kuba umushumba mushya wa Kiliziya Gatolika ku isi.
-
Umwuka mubi wadutse hagati y’ Amerika n’ u Burusiya ushobora kubyara intambara y’ amasasu
31 July 2017, by Nsanzimana ErnestUmubano wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika n’ igihugu cy’ u Burusiya wongeye gusubira irudubi. Abakurikiranira hafi ibya politiki baravuga ko bishobora kubyara intambara y’ amasasu.
Ku wa Kabiri w’ icyumweru gishize tariki 25 Nyakanga inteko ishinga amategeko ya Leta zunze ubumwe z’ Amerika yemeje ko igihugu cy’ u Burusiya gifatirwa ibihano bishya. Ibi byabaye mu gihe hari ibindi bihano Amerika yafatiye u Burusiya bitarakurwaho.
Ibi bibaye mu gihe n’ ubusanzwe umubano w’ ibi bihugu byombi (…) -
Nyagatare: Umucamanza, umushinjacyaha n’abagenzacyaha mu bakurikiranweho ruswa
18 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Kane, itariki 17 Ukwakira 2024, Urukiko Rwisumbuye rwa Nyagatare rwatangiye kuburanisha urubanza rurengwamo abakozi 5 bakora mu nzego z’ubutabera bakurikiranyweho icyaha cya Ruswa. Muri aba bakozi harimo Umushinjacyaha umwe, Abagenzacyaha babiri, Umucamanza umwe n’ Umuhesha w’Inkiko umwe. Harimo kandi n’abaturage batandukanye bakurikiranywe nk’abafatanyacyaha.
Umuryango.rw
Ku mukino wa gicuti wambere bamwe mu bakinnyi ba Rayon Sports banenzwe n’Abafana
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
Minisitiri Nsengimana yashishikarije ababyeyi kwita ku bana mu biruhuko
Abarenga miliyoni 1,8 ni bo bamaze gufotorwa: Mu ndiba y’umushinga w’indangamuntu nkoranabuhanga
Mozambique yashimye umusanzu w’u Rwanda mu bya gisirikare n’umutekano
Papa Leo XIV yatanze ubutumwa bwibanze ku gushaka amahoro arambye mu bihugu byibasiwe n’intambara
Nyagatare: Umucamanza, umushinjacyaha n’abagenzacyaha mu bakurikiranweho ruswa