Umunyamabanga wihariye wa Perezida w’u Burusiya ushinzwe politike mpuzamahanga, Kremlin aide Yury Ushakov, yatangaje ko ibiganiro byahuje Perezida Vladimir Putin n’Intumwa yihariye ya Perezida Trump, Steve Witkoff, byatanze icyizere mu gushyira iherezo ku ntambara y’u Burusiya na Ukraine
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Putin yishimiye ibiganiro bitanga icyizere yagiranye n’Intumwa yihariye ya Trump
26 April 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Erling Haaland yongereye amasezerano atavugwaho rumwe muri Manchester City
17 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuRutahizamu wa Manchester City, Erling Haaland yasinye amasezerano mashya azamumaza indi myaka icyenda n’igice muri iyi kipe y’Abanyamujyi kugeza muri 2034.
-
Dore abayobozi 12 mu Rwanda bemerewe kurindwa n’abajepe (Republican Guards).
13 March 2025, by ISIMBI EstellaMu Rwanda abantu benshi iyo bumvise Republican Guard bahita bumva ari abajepe barinda perezida wa Repubulika , gusa akazi aba basirikare bakora kakaba ari akazi k’indashyikirwa ndetse gasobanurwa n’iteka rya Perezida.
Akazi abajepe bakora gasobanurwa n’iteka rya Perezida N° 33/01 ryo kuwa 03/09/2012 mu ngingo yaryo ya 42: iri tegeko risobanura akazi kose abajepe bakora, Mu busanzwe abajepe cyangwa se Republican Guards ni burigade yihariye mu ngabo z’u Rwanda ishinzwe kurinda (…) -
Ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu ari gukurikiranwa na RIB
5 December 2025, by ISIMBI EstellaUmuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu, ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, akekwaho kwigwizaho imitungo mu buryo bunyuranyije n’amategeko.
-
Gambia yifuza kurahura mu Rwanda imikorere y’urubuga ‘IremboGov’
9 March, by Angeline MUKANGENZIGambia yatangaje ko yiteguye kwigira ku mikorere y’urubuga IremboGov, mu gutanga serivisi za Leta hifashishijwe ikoranabuhanga.
-
Abarimo Barafinda na Mucoma bajuririye icyemezo kibafunga by’agateganyo
3 March, by Angeline MUKANGENZIBarafinda Sekikubo Fred, Mazimpaka Patrick, Nizeyimana Didier (Mucoma), Japhet Nkeramihigo na Tumukunde bajuririye icyemezo cy’Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko bafungwa iminsi 30 y’agateganyo.
-
U Burusiya buri kurwana na Ukraine bwemeje itegeko ryongera umubare w’Ingabo z’Igihugu
18 September 2024, by Joseph IradukundaPerezida w’u Burusiya, Vladimir Putin yashyize umukono ku itegeko ryongera umubare w’Ingabo, aho bizatuma igisirikare k’Igihugu cye kibarirwa abagera kuri miliyoni imwe n’igice.
-
Min. Ugirashebuja yabwiye umuhungu wa Victoire Ingabire ko nyina azabona ubutabera
23 January, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ubutabera w’u Rwanda, Dr Emmanuel Ugirashebuja, yongeye gushimangira ko igihugu cyiyemeje kubahiriza amahame y’imanza ziboneye n’uburenganzira bwo kuburanishwa mu mucyo, mu gihe u Rwanda rwitabiraga Isuzuma Mpuzamahanga ku Burenganzira bwa Muntu (Universal Periodic Review – UPR) ryo mu cyiciro cya kane, ryabereye ku cyicaro cy’Umuryango w’Abibumbye i Genève.
-
William Ruto yavuze amagambo akomeye nyuma yo gutorerwa kuba Perezida wa Kenya
15 August 2022, by Dusingizimana RemyWilliam Ruto wari umaze imyaka 10 ari Visi Perezida wa Kenya yatorewe kuyobora iki gihugu, atsinze abandi bakandida barimo Raila Odinga bari bahanganye cyane.
Amatora ya Perezida n’inteko ishinga amategeko ndetse n’izindi nzego yabaye ku wa 9 Kanama 2022,ariko umuyobozi ukomeye kurusha abandi mu gihugu cya Kenya yatangajwe uyu munsi.
Abaturage ba Kenya bari bategereje kumenya Umukuru w’Igihugu ugomba gusimbura Uhuru Kenyatta wari umaze imyaka 10 kuri uwo mwanya ariko nyuma y’iminsi (…) -
Ibyagucira amarenga ko umukunzi wawe ashaka ko mutandukana
4 January 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu“Iyo muhamagaye ambwira ko ankunda ariko ahuze, tuza kuvugana ahugutse, umunsi ugaca igihu ngitegereje. Iyo duhuye ntiyemera ko nkora kuri telefoni ye ngo harimo amabanga y’akazi. Twishimana iyo turyamanye nyuma akamfata nk’abandi bose. Ubwo ntakunda abandi?”
Umuryango.rw
Putin yishimiye ibiganiro bitanga icyizere yagiranye n’Intumwa yihariye ya Trump
Erling Haaland yongereye amasezerano atavugwaho rumwe muri Manchester City
Dore abayobozi 12 mu Rwanda bemerewe kurindwa n’abajepe (Republican Guards).
Ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu ari gukurikiranwa na RIB
Abarimo Barafinda na Mucoma bajuririye icyemezo kibafunga by’agateganyo
U Burusiya buri kurwana na Ukraine bwemeje itegeko ryongera umubare w’Ingabo z’Igihugu
Min. Ugirashebuja yabwiye umuhungu wa Victoire Ingabire ko nyina azabona ubutabera
William Ruto yavuze amagambo akomeye nyuma yo gutorerwa kuba Perezida wa Kenya
Ibyagucira amarenga ko umukunzi wawe ashaka ko mutandukana