Jürgen Klopp wahoze ari umutoza wa Liverpool, yahishuye ko guhora ku gitutu no kutabona umwanya wo kwiga ibintu bishya ari byo byatumye ahagarika umwuga w’ubutoza.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Jürgen Klopp arashyize ahishura icyamukuye muri Liverpool
15 January 2025, by Joseph Iradukunda -
Colombia: Abantu 18 barimo abapolisi bishwe abarenga 60 barakomereka
22 August 2025, by ISIMBI EstellaAbantu 18 barimo n’abapolisi 12 bishwe n’ibiturika mu gihe abandi 60 bakomeretse nyuma y’ibitero bikekwa ko byagabwe n’udutsiko tw’inyeshyamba mu mujyi wa Cali uri mu burengerazuba bw’igihugu, no mu mujyi wa Medellín uri mu majyaruguru ashyira uburengerazuba.
-
Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda yakiriwe na mugenzi we wa Kenya
25 March, by Angeline MUKANGENZIUmuyobozi wa Polisi y’u Rwanda, CG Felix Namuhoranye, ari mu ruzinduko rw’akazi muri Kenya, aho yagiranye ibiganiro na mugenzi we uyobora polisi yo muri iki gihugu, Douglas Kanja.
-
Bishop Rwagasana yandikiye ADEPR asaba gusubizwa inshingano z’ubupasiteri yambuwe
14 October 2017, by Iyamuremye JanvierBishop Tom Rwagasana wari umuvugizi wungirije yandikiye itorero rya ADEPR asaba ko yasubizwa inshingano z’ubupasiteri yahoranye na mbere.Ni nyuma y’icyumweru kimwe ADEPR itangaje ko yamwambuye izi nshingano burundu na mugenzi we, Bishop Jean Sibomana.
Ku wa 17 Nzeri 2017 Bishop Tom Rwagasana yarekuwe n’urukiko kubera impamvu z’uburwayi.
Uyu mugabo yatawe muri yombi nyuma y’umunsi hafashwe n’abandi bayobozi batatu babarizwa muri ADEPR n’abo bakurikiranyweho gucunga nabi umutungo w’iri (…) -
Kuba Maduro yatwarwa afunze amaso n’amatwi ni ibisanzwe – Inzobere mu by’intambara
7 January, by ISIMBI EstellaIyi ni yo foto ya mbere ya Perezida wa Venezuela, Nicolás Maduro, yagaragaye ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’igihe gito afashwe mu gitero cy’ingabo za Amerika. Ni ifoto itazava mu mitwe y’abatari bake bakurikiranye iby’iki gitero.
-
Kayonza: Barifuza gukorerwa umuhanda Nyawera- Gasarabwayi ukaborohereza ingendo
19 March, by ISIMBI EstellaAbatuye i Nyamugari mu isantere ya Gasarabwayi mu Murenge wa Mwiri, mu Karere ka Kayonza, basaba ubuyobozi kubakorera umuhanda ubafasha mu ngendo no mu bucuruzi buhakorerwa.
-
Uganda: Umuhanzikazi Sheebah Karungi yatunguranye ku rubyiniro akuriwe(Amafoto)
5 October 2024, by Joseph IradukundaMu ijoro ryakeye ryo ku wa Gatanu tariki 4 Ukwakira 2024, umuhanzikazi wo muri Uganda Sheebah Karungi yatunguranye mu gitaramo atwite inda nkuru bigaragara ko yitegura kwibaruka umwana wa mbere.
-
Trump yise ’ubupfapfa’ igitekerezo cy’ishyaka rishya rya Musk
7 July 2025, by Joseph IradukundaPerezida w’Amerika Donald Trump yanenze bikomeye Elon Musk wahoze ari inshuti ye ikomeye nyuma ya gahunda y’uyu muherwe utunze za miliyari z’amadolari yo gushinga ishyaka rya politike rishya.
-
Putin yishimiye ibiganiro bitanga icyizere yagiranye n’Intumwa yihariye ya Trump
26 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyamabanga wihariye wa Perezida w’u Burusiya ushinzwe politike mpuzamahanga, Kremlin aide Yury Ushakov, yatangaje ko ibiganiro byahuje Perezida Vladimir Putin n’Intumwa yihariye ya Perezida Trump, Steve Witkoff, byatanze icyizere mu gushyira iherezo ku ntambara y’u Burusiya na Ukraine
-
Zimbabwe igiye kugaburira abaturage bayo Inzovu 200 kubera inzara ibugarije
21 September 2024, by Joseph IradukundaLeta ya Zimbabwe yafashe icyemezo cyo kubaga inzovu 200 zikagaburirwa abaturage bugarijwe na Bwaki kubera amapfa
Umuryango.rw
Jürgen Klopp arashyize ahishura icyamukuye muri Liverpool
Colombia: Abantu 18 barimo abapolisi bishwe abarenga 60 barakomereka
Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda yakiriwe na mugenzi we wa Kenya
Kuba Maduro yatwarwa afunze amaso n’amatwi ni ibisanzwe – Inzobere mu by’intambara
Kayonza: Barifuza gukorerwa umuhanda Nyawera- Gasarabwayi ukaborohereza ingendo
Uganda: Umuhanzikazi Sheebah Karungi yatunguranye ku rubyiniro akuriwe(Amafoto)
Trump yise ’ubupfapfa’ igitekerezo cy’ishyaka rishya rya Musk
Putin yishimiye ibiganiro bitanga icyizere yagiranye n’Intumwa yihariye ya Trump
Zimbabwe igiye kugaburira abaturage bayo Inzovu 200 kubera inzara ibugarije