Ikigo cy’Igihugu cy’Ubumenyi bw’Ikirere Meteo Rwanda cyatangaje ko mu gice cya mbere cy’ukwezi kwa Werurwe mu Rwanda hateganyijwe imvura iri hejuru y’ikigero cy’isanzwe igwa muri iki gihe.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Hagaragajwe igipimo cy’imvura igiye kugwa mu Rwanda
2 March, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Ibyiciro by’ubudehe mu Rwanda byahinduriwe umubare, inyito n’imikoreshereze
26 June 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,Prof.Shyaka Anastase yavuze ko guhera mu ntangiro z’umwaka utaha wa 2021, Abanyarwanda bazatangira kubarizwa mu byiciro by’ubudehe bishya bizaba bifite akamaro gatandukanye n’ako ibyari bihari byari bifite.
-
Huye: Umusore w’imyaka 19 akurikiranweho gushaka kwica mugenzi we
23 April, by Angeline MUKANGENZIUbushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Huye kuwa Gatatu, itariki 22 Mata, bwashyikirije Urukiko Rwisumbuye rwa Huye dosiye iregwamo umusore w’imyaka 19 ukekwaho gushaka kwica umugabo w’imyaka 32 amutemesheje umuhoro.
-
Umubiligi ukekwaho uruhare mu rupfu rwa Lumumba yajuriye
28 March, by Angeline MUKANGENZIEtienne Davignon wahoze ari umudipolomate ukomeye mu Bubiligi yajuririye icyemezo cy’urukiko cyamusabaga kurwitaba kubera ibyaha akekwaho kubera uruhare yaba yaragize mu iyicwa rya Patrice Lumumba wabaye Minisitiri w’Intebe wa mbere wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) mu 1961.
-
ISHIMWE Benjamin yasabye guhindura amazina akitwa ISHIMWE MAZIMPAKA Benjamin
23 October 2025, by ISIMBI EstellaISHIMWE Benjamin yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa ISHIMWE MAZIMPAKA Benjamin mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina murayisanga mu itangazo riri hano hasi.. -
Ambasaderi Fitrell yagaragaje ko u Rwanda na RDC bizungukira byinshi mu masezerano y’amahoro
21 May 2025, by Angeline MUKANGENZIAmbasaderi Troy Fitrell uri mu bayobozi b’ibiro bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika bishinzwe ubufatanye na Afurika yatangaje ko u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bizungukira byinshi mu masezerano y’amahoro biteganya kugirana mu minsi iri imbere.
-
Wayne Rooney yafashwe anyara ku rukuta rw’umuhanda i Londres (Amafoto)
1 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuWayne Rooney, umwongereza w’icyamamare mu mupira w’amaguru, yafashwe anyara ku rukuta rw’umuhanda mu mujyi wa Londres, ari kumwe n’inshuti ze mu ijoro ryo ku cyumweru.
-
Dr. François Xavier Kalinda yatorewe kuyobora Sena
9 January 2023, by Dusingizimana RemyDr. François Xavier Kalinda yatorewe kuyobora Sena mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, asimbura Dr Iyamuremye Augustin, uherutse kwegura kuri uyu mwanya kubera impamvu z’uburwayi.
Senateri Kalinda yamamajwe na Visi Perezida wa Sena,Nyirasafari Esperance aho yagombaga guhangana na mugenzi we Umuhire Adrie ariko byarangiye amuhariye.
Uyu mukandida yatsinze ku majwi 26/26 y’abatoye,ahita atsindira uyu mwanya asimbuye Dr Augustin Iyamuremye.
Uyu akimara gutorewa yashimiye Perezida wa (…) -
Ingengabihe y’amatora y’abadepite igiye guhuzwa n’aya Perezida [Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri]
25 March 2023, by Dusingizimana RemyInama y’Abaminisitiri yemeje ivugurura ry’ltegeko Nshinga ryatangijwe na Perezida wa Repubulika, hagamijwe guhuza ingengabihe y’amatora y’Abagize lnteko Ishinga Amategeko n’itora rya Perezida wa Repubulika.
Itangazo ry’Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatanu tariki 24 Werurwe 2023,iyobowe na nyakubahwa Perezida Paul Kagame.
1.Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yeteranye ku wa 30 Mutarama 2023.
2.Inama y’Abaminisitiri yemeje ivugurura (…) -
2019 abarenga ibihumbi 3 bazatangira kwivuriza mu bitaro by’ akarere ka Nyarugenge
9 February 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Gatanu tariki 9 Gashyantare nibwo abayobozi barimo na Minisitiri w’ ubuzima Dr Diane Gashumba bashyize ibuye ry’ ifatizo aharimo kubakwa ibitaro by’ akarere ka Nyarugenge bavuga ko igice cya mbere kizaba cyuzuye umwaka utaha wa 2019.
Ubusanzwe aka karere nta bitaro by’ akarere kagiraga. Ibi byatumaga abaturage bo muri aka karere bahawe kwivuriza mu bitaro by’ akarere bahita bajya mu bitaro bikuru bya Kaminuza CHUK cyangwa bakajya ku bitaro byo ku Muhima. Ibitaro bya Muhima (…)
Umuryango.rw
Hagaragajwe igipimo cy’imvura igiye kugwa mu Rwanda
Ibyiciro by’ubudehe mu Rwanda byahinduriwe umubare, inyito n’imikoreshereze
Huye: Umusore w’imyaka 19 akurikiranweho gushaka kwica mugenzi we
Umubiligi ukekwaho uruhare mu rupfu rwa Lumumba yajuriye
ISHIMWE Benjamin yasabye guhindura amazina akitwa ISHIMWE MAZIMPAKA Benjamin
Ambasaderi Fitrell yagaragaje ko u Rwanda na RDC bizungukira byinshi mu masezerano y’amahoro
Wayne Rooney yafashwe anyara ku rukuta rw’umuhanda i Londres (Amafoto)
Dr. François Xavier Kalinda yatorewe kuyobora Sena
Ingengabihe y’amatora y’abadepite igiye guhuzwa n’aya Perezida [Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri]
2019 abarenga ibihumbi 3 bazatangira kwivuriza mu bitaro by’ akarere ka Nyarugenge