Ikipe ya Paris Saint-Germain yatsinze Arsenal igitego 1-0 mu mukino ubanza wa ½ cya UEFA Champions League wabereye kuri Emirates Stadium mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
PSG yatsinze Arsenal mu mukino ubanza wa ½ cya UEFA Champions League
30 April 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Ethiopia: Umubare w’abahitanywe n’ibiza ukomeje kwiyongera
25 July 2024, by AHISHAKIYE EmmanuelIbiro by’Umuryango w’Abibumbye bishinzwe guhuza ibikorwa by’ubutabazi (OCHA) bivuga ko impfu zatewe n’inkangu muri Etiyopiya zazamutse zigera kuri 257, ariko biteganijwe ko umubare w’abahitanwa na nyuma uzaba 500.
-
Nduhungirehe yeruriye Kaja Kallas ko ibihano u Rwanda rufatirwa bitazakemura ibibazo bya RDC
11 March 2025, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe uri i Bruxelles mu Bubiligi, ku wa Mbere yahuye anagirana ibiganiro na Visi-Perezida wa Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, Kaja Kallas.
-
Minisitiri Nsengimana yasabye kaminuza kugabanya icyuho kiri hagati y’ubumenyi zitanga n’ubukenewe ku isoko
19 March 2025, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Uburezi, Joseph Nsengimana, yagaragaje ko kaminuza zikwiye gushyira imbaraga mu bushakashatsi bugamije iterambere rirambye no kugabanya icyuho cy’ubumenyi zitanga n’ubukenewe ku isoko ry’umurimo.
-
Uwitwa ICYIMANIMPAYE Abdenego yasabye guhindura amazina akitwa TWAGIRAYESU Abdenego
17 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUwitwa Uwitwa ICYIMANIMPAYE Abdenego yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa TWAGIRAYESU Abdenego mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina ikaba iri izina riri ku byangombwa. itangazo riri hano hasi -
Nicole Kidman na Keith Urban batandukanye
30 September 2025, by ISIMBI EstellaUmukinnyi wa filime akanazitunganya, Nicole Kidman ndetse n’umuririmbyi mu njyana ya Country Music, Keith Urban; batandukanye nyuma y’imyaka 19 yari ishize barushinze, bitungura abakunzi babo ari nako bibashengura.
-
Perezida Kagame ari mu Bufaransa
7 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMugitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 7 Gicurasi 2025, Perezida Paul Kagame uri i Paris yabonanye na mugenzi we w’u Bufaransa, Emmanuel Macron.
-
Abacunga umutekano ku bibuga batangiye guhugurirwa kunoza umurimo wabo
17 July 2025, by ISIMBI EstellaAbakozi b’ikigo gitanga ubwirinzi n’umutekano ku bibuga by’imikino n’ahandi habera ibitaramo mu Rwanda, Tiger Gate S, batangiye amahugurwa agamije kubazamurira ubushobozi no kunoza akazi kabo.
-
Trump yasabye inyongera ya 50% ku ngengo y’imari ikoreshwa n’igisirikare
8 January, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko kubera ibibazo Isi irimo yifuza ko igihugu cye cyakongera amafaranga ashorwa mu gisirikare cyacyo ku buryo mu 2027 azagera kuri miliyari 1500 $.
-
Perezida Kagame ntiyemeranya n’urukiko rw’ikirenga ku byerekeye icyaha cyo gusebya Umukuru w’Igihugu
26 April 2019, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko atemeranya n’Umwanzuro wafashwe n’urukiko rw’ikirenga ku ngingo y’itegeko rihana umuntu wahamijwe icyaha cyo gushushanya no gusebya umukuru w’igihugu, avuga ko icyo kitari gikwiye kuba icyaha mpanabyaha ahubwo gikwiriye kuba mbonezamubano.
Umuryango.rw
PSG yatsinze Arsenal mu mukino ubanza wa ½ cya UEFA Champions League
Ethiopia: Umubare w’abahitanywe n’ibiza ukomeje kwiyongera
Nduhungirehe yeruriye Kaja Kallas ko ibihano u Rwanda rufatirwa bitazakemura ibibazo bya RDC
Minisitiri Nsengimana yasabye kaminuza kugabanya icyuho kiri hagati y’ubumenyi zitanga n’ubukenewe ku isoko
Uwitwa ICYIMANIMPAYE Abdenego yasabye guhindura amazina akitwa TWAGIRAYESU Abdenego
Nicole Kidman na Keith Urban batandukanye
Perezida Kagame ari mu Bufaransa
Abacunga umutekano ku bibuga batangiye guhugurirwa kunoza umurimo wabo
Trump yasabye inyongera ya 50% ku ngengo y’imari ikoreshwa n’igisirikare