Multi Design Group Ltd ni imwe mubaterankunga bashya bari muri iri rushanwa rya Miss Rwanda 2020. Ikaba ari sosiyete imaze imyaka 10 ikorera mu Rwanda itanga serivisi nyinshi zinyuranye zirimo kugena agaciro k’imitungo itimukanwa; gucunga imitungo itimukanwa; guhuza abagura, abagurisha, abakodesha inzu n’ibibanza; muri Kamena 2019 yafunguje isoko rusange kuri internet www.mdgrou.com
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
MissRwanda 2020: Multi Design Group Lt izahemba igisonga cya Mbere inahe itike y’indege ya Dubai Miss Rwanda 2020
21 December 2019, by Ubwanditsi -
DRC: Ibyihebe bya ADF ikomoka muri Uganda bikomeje Kwica Abaturage
31 December 2024, by Joseph IradukundaN’ubwo ingabo za Uganda zagiye muri DRC mu myaka ibiri ishize ngo zifatanye n’iza DRC kurwanya ADF no kuyirimbura, abarwanyi n’uyu mutwe bakomeje kugarika ingogo.
-
Menya zimwe mu mpamvu zikururira abakobwa gukundana n’abagabo babarusha imyaka
30 September 2024, by Joseph IradukundaHari umukobwa tujya tuganira kuri byinshi, yigeze kumbwira ko adashobora gukundana n’umusore banganya imyaka cyangwa umusore utamurusha imyaka irenze itanu nabwo ibaye mike.
Kenshi iyo umukobwa avuze icyo yifuza ku musore yifuza ko bakundana, mu byo benshi bavuga ntihaburamo imyaka, abenshi bifuza gukundana n’abasore cyangwa abagabo babarusha imyaka myinshi.
Usanga ari nk’ikintu kiri muri kamere y’abakobwa, nabyibajijeho cyane kuko n’abahungu bakunda kubiganiraho no kubibaza. Nabajije (…) -
Urashaka ko Umugore wanjye anyica? Gen. Muhoozi yateye utwatsi urukundo rwe na Miss Mutesi Jolly
2 May 2025, by Gladiator OGGen. Muhoozi Kainerugaba umugaba mukuru w’ingabo za Uganda yatangaje ko nta gahunda afite yo kuba yajya mu rukundo na Nyampinga w’u Rwanda 2016, Mutesi Jolly. Ibi uyu mugaba mukuru w’ingabo za Uganda yabigarutseho mu butumwa yasangije abamukurikirana ku rukuta rwe rwa X.
-
Nyamasheke: Harabarurwa Ingo zirenga ibihumbi 34 zitarihaza mu biribwa
27 October 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Mark Cyubahiro Bagabe, yashimye intambwe imaze guterwa mu gufasha Abanyarwanda kwihaza mu biribwa ariko avuga ko idahagije kuko bimwe mu biribwa Abanyarwanda bakenera bakibikura hanze y’igihugu.
-
MBARAGA Abdulhaakim yasabye guhindurirwa amazina akitwa NIYIGENA Abdulhakimu
29 January, by ISIMBI EstellaTuramenyesha ko Uwitwa MBARAGA Abdulhaakim yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa NIYIGENA Abdulhakimu mu bitabo byirangamimerere.
-
Rwamagana: Umunyeshuri wigaga muri kaminuza yarohamye mu cyuzi arapfa
24 January 2025, by Joseph IradukundaUmusore w’imyaka 24 wigaga muri Kaminuza y’u Rwanda mu Ishami ry’Ubuzima n’Ubuvuzi, Ishami rya Rwamagana, yajyanye na bagenzi be koga mu cyuzi gihangano cya Bugugu apfiramo.
-
Perezida Macron yijeje gukuba kabiri ingengo y’imari ishyirwa mu gisirikare cy’u Bufaransa
4 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Emmanuel Macron, yatangaje ko u Bufaransa bugiye gukuba kabiri ingengo y’imari ishyirwa mu gisirikare cy’iki gihugu, ndetse anakangurira ibindi bihugu bigize Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) kongera amafaranga bishora muri uru rwego rw’umutekano.
-
Ubushinjacyaha bw’u Bufaransa bugiye kujuririra icyemezo cyo guhagarika iperereza kuri Agathe Kanziga
22 August 2025, by ISIMBI EstellaUmunyamategeko wunganira imiryango iharanira inyungu z’abaregera indishyi mu manza z’ababuranishwa ibyaha bya Jenoside, Me Richard Gisagara, yatangaje ko icyemezo cy’abacamanza b’u Bufaransa gihagarika iperereza kuri Agathe Kanziga kizajuririrwa.
-
Nyarugenge: Abagabo 10 batawe muri yombi bakekwaho ubujura
23 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali yatangaje ko yataye muri yombi abantu 10 bakekwaho ubujura, aho bajyaga bategera abaturage mu nzira bakabambura ibyo bafite ndetse bakanabakomeretsa.
Umuryango.rw
DRC: Ibyihebe bya ADF ikomoka muri Uganda bikomeje Kwica Abaturage
Menya zimwe mu mpamvu zikururira abakobwa gukundana n’abagabo babarusha imyaka
Urashaka ko Umugore wanjye anyica? Gen. Muhoozi yateye utwatsi urukundo rwe na Miss Mutesi Jolly
Nyamasheke: Harabarurwa Ingo zirenga ibihumbi 34 zitarihaza mu biribwa
MBARAGA Abdulhaakim yasabye guhindurirwa amazina akitwa NIYIGENA Abdulhakimu
Rwamagana: Umunyeshuri wigaga muri kaminuza yarohamye mu cyuzi arapfa
Perezida Macron yijeje gukuba kabiri ingengo y’imari ishyirwa mu gisirikare cy’u Bufaransa
Ubushinjacyaha bw’u Bufaransa bugiye kujuririra icyemezo cyo guhagarika iperereza kuri Agathe Kanziga
Nyarugenge: Abagabo 10 batawe muri yombi bakekwaho ubujura