Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof Shyaka Anastase, nyuma yo gusura isoko rihuza imipaka y’U Rwanda na Congo (DRC) yahaye icyumweru kimwe ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu, kugira ngo isoko ryubatswe ku mupaka ribe ryatangiye gukora uko bikwiye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu yasuye isoko rihuza imipaka y’u Rwanda na Congo apimwa na Ebola[AMAFOTO]
26 June 2019, by Martin Munezero -
Miss Vanessa yafatiwe irembo
11 March 2025, by ISIMBI EstellaMiss Uwase Raissa Vanessa yafatiwe irembo n’abo mu muryango wa Dylan Ngenzi bitegura kurushinga muri Kamena 2025.
-
Abderrahim Taleb yagizwe umutoza mushya wa APR FC
18 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKu mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, ikipe ya APR FC yatangaje ko Umunya-Maroc Abderrahim Taleb w’imyaka 61 y’amavuko ariwe mutoza wayo mushya mu gihe cy’imyaka ibiri ishobora kongerwa.
-
Perezida Kagame yatangaje ukuntu atewe ibyishimo n’ubukwe bw’umukobwa we
28 June 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika,Paul Kagame yatangarije perezida wa Botswana yari yasuye ko yifuzaga kumara iminsi mu gihugu cya Botswana ariko kubera impamvu 2 zirimo ubukwe bw’umukobwa we Ange Ingabire Kagame n’umunsi wo kwibohora atahatinda.
-
FIFA yashyizeho igihe kidasanzwe cyo kwandikisha abakinnyi mbere y’Igikombe cy’Isi cy’Amakipe
23 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIshyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) ryemeje ko kuva tariki ya 1 kugeza ku ya 10 Kamena 2025, hazabaho igihe kidasanzwe cyo kwandikisha abakinnyi ku makipe azitabira Igikombe cy’Isi cy’Amakipe kizaba mu mpeshyi y’uyu mwaka.
-
Kinshasa: Gahunda yo gusoma umwanzuro w’urubanza rwa Mutamba yasubitswe
27 August 2025, by ISIMBI EstellaUrukiko rusesa imanza rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwasubitse gahunda yo gusoma umwanzuro w’urubanza rwa Constant Mutamba wabaye Minisitiri w’Ubutabera, ushinjwa kunyereza miliyoni 19 z’Amadolari mu mushinga wo kubaka Gereza ya Kisangani mu ntara ya Tshopo.
-
NYIRANTIBIZERWA Virgine yasabye guhindura amazina akitwa UMUHIRE Virginie
9 October 2025, by ISIMBI EstellaUwitwa NYIRANTIBIZERWA Virginie yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa UMUHIRE Virginie mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina murayisanga mu itangazo riri hano hasi.. -
Umuhanzi Justin Bieber yagaragaye mu ruhame...
12 February 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi Justin Bieber yagaragaye mu ruhame yambaye imyambaro yo kogana, bituma bamwe bongera kwibaza ku buzima bwe bwo mu mutwe, nyuma y’iminsi mike bihwihwiswa ko yaba yaratandukanye n’umugore we Hailey Baldwin.
-
Donald Trump yasubiye muri White House, yizeza Amerika nshya
21 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuDonald Trump yarahiriye kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika nka Perezida wa 47 w’iki gihugu, nyuma y’amatora y’umukuru w’igihugu yegukanye umwaka ushize atsinze Kamala Harris wari uhagarariye Ishyaka ry’Aba-Democrates.
-
Drake yatakaje arenga miliyoni 100$ mu mikino y’amahirwe mu gihe cy’ukwezi kumwe
19 June 2025, by ISIMBI EstellaUmuraperi w’icyamamare ku rwego mpuzamahanga, Aubrey Drake Graham uzwi nka Drake, ari mu gahinda nyuma yo gutakaza akayabo karenze miliyoni 124 z’amadolari y’Amerika mu gihe cy’ukwezi kumwe kubera imikino y’amahirwe azwiho gukina kenshi.
Umuryango.rw
Miss Vanessa yafatiwe irembo
Abderrahim Taleb yagizwe umutoza mushya wa APR FC
FIFA yashyizeho igihe kidasanzwe cyo kwandikisha abakinnyi mbere y’Igikombe cy’Isi cy’Amakipe
Kinshasa: Gahunda yo gusoma umwanzuro w’urubanza rwa Mutamba yasubitswe
NYIRANTIBIZERWA Virgine yasabye guhindura amazina akitwa UMUHIRE Virginie
Umuhanzi Justin Bieber yagaragaye mu ruhame...
Donald Trump yasubiye muri White House, yizeza Amerika nshya
Drake yatakaje arenga miliyoni 100$ mu mikino y’amahirwe mu gihe cy’ukwezi kumwe