Imyaka Igera Kuri 26 Ishize Habaye Jenoside Yakorewe Abatutsi, Hari Ibimenyetso Byinshi Bikomeje Kugaragara Bishimangira Ko Yari Yarateguwe, N’ubwo Hari Abakomeje Guhakana Ko Itabaye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Hahishuwe ibanga ry’uko Col. Bagosora Yapanze Kwikiza Habyarimana ngo Azice Abatutsi Nta Nkomyi
16 January 2020, by Martin Munezero -
Kinshasa: Bitabaje imyigaragambyo ngo bamagane ihindurwa ry’itegeko nshinga
31 October 2024, by Joseph IradukundaAbaturage ba Kinshasa bitabiriye imyigaragambyo yabaye kuri uyu wa Kane, itariki 31 Ukwakira 2024, mu Karere ka Tshangu, cyane cyane kuri Boulevard Lumumba.
-
U Rwanda rwabonye intsinzi ya kabiri muri ‘Billie Jean King Cup 2025’ (Amafoto)
15 July 2025, by ISIMBI EstellaU Rwanda rwabonye intsinzi ya kabiri mu Irushanwa rya Billie Jean King Cup 2025 riri kubera muri IPRC Kigali nyuma yo gutsinda Ethiopia imikino 3-0.
-
UEFA Nations League: Portugal yageze ku mukino wa nyuma isezereye u Budage
5 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe y’igihugu ya Portugal yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Nations League, nyuma gutsinda Ikipe y’Igihugu y’u Budage ibitego 2-1 mu mukino wa 1/2.
-
Turahirwa Moses yitabye urukiko
6 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuSaa Kumi n’Ebyiri z’igitondo, Turahirwa Moses ukurikiranyweho icyaha cyo gukoresha ibiyobyabwenge, nibwo yagejejwe ku Rukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro mu gihe iburanisha rigomba gutangira Saa Tatu z’igitondo.
-
U Rwanda rwavanyeho imisoro ku bicuruzwa by’isuku y’abagore n’abakobwa bari mu mihango,gusa haracyari impungenge kuri benshi
11 December 2019, by Martin MunezeroU Rwanda rwavanyeho imisoro ku nyongeragaciro (TVA) ku bicuruzwa by’isuku y’abagore n’abakobwa bari mu mihango [ubutinyanka mu Kirundi], inkuru bamwe bavuze ko ari nziza ariko igiciro kikiri hejuru kuri benshi.
-
Kenya yafunze Senateri wagaragaye yifatanyije n’abaturage mu myigaragambyo
31 December 2024, by Joseph IradukundaSenateri Okiya Omtatah uhagarariye akarere ka Busia mu Nteko Ishinga Amategeko ya Kenya, yatawe muri yombi nyuma yo kwitabira imyigaragambyo yamagana ishimutwa ry’abaturage rya hato na hato, bivugwa ko rikorwa n’inzego z’umutekano.
-
MINEDUC yisobanuye ku banyeshuri yahaye kwiga amasomo batsinzwe
28 August 2024, by Joseph IradukundaMinisiteri y’Uburezi (MINEDUC), yatangaje ko abanyeshuri bahitiwemo kwiga amasomo badashoboye bashobora guhindura bakiga ibyo bashaka.
-
Minisitiri w’Umuco na Siporo yasabye Polisi na RIB gukurikirana Isimbi Madame Ingabire Marie Immaculée yise umurwayi wo mu mutwe
22 March 2019, by Martin MunezeroIzina Isimbi Noeline ryazamuye ibiganiro byinshi ku bakoresha imbuga nkoranyambaga mu Rwanda kubera amafoto aherutse gusakaza yambaye ubusa benshi bagatungurwa.
-
U Rwanda rugiye kwakira inama mpuzamahanga ku ndwara zitandura, izabera bwa mbere muri Afurika
23 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbuyobozi bw’Ihuriro ry’Imiryango itari iya Leta irwanya indwara zitandura mu Rwanda, NCD Alliance bwatangaje ko ku nshuro ya mbere inama mpuzamahanga ihuza amahuriro yose yo ku Isi izabera mu Rwanda muri Gashyantare 2025.
Umuryango.rw
Kinshasa: Bitabaje imyigaragambyo ngo bamagane ihindurwa ry’itegeko nshinga
U Rwanda rwabonye intsinzi ya kabiri muri ‘Billie Jean King Cup 2025’ (Amafoto)
UEFA Nations League: Portugal yageze ku mukino wa nyuma isezereye u Budage
Turahirwa Moses yitabye urukiko
Kenya yafunze Senateri wagaragaye yifatanyije n’abaturage mu myigaragambyo
MINEDUC yisobanuye ku banyeshuri yahaye kwiga amasomo batsinzwe
U Rwanda rugiye kwakira inama mpuzamahanga ku ndwara zitandura, izabera bwa mbere muri Afurika