Ikamyo yo mu bwoko Dogfing yari itwawe na Nkundanyirazo Eugène w’imyaka 53 ari kumwe na tandiboyi Dusabirema Olivier w’imyaka 23, yacurangutse mu kabande mu Murenge wa Ruharambuga Akarere ka Nyamasheke, tandiboyi na shoferi bakomereka byoroheje.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Nyamasheke: Ikamyo yikoreye imbaho yarenze umuhanda igwa mu kabande
9 January, by ISIMBI Estella -
U Rwanda ntirushaka ko Ubwongereza buba umuhuza warwo na Uganda-Minisitiri Nduhungirehe
26 March 2019, by Dusingizimana RemyUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga,Amb.Nduhungirehe Olivier yatangaje ko u Rwanda rudashaka ko Ubwongereza bubafasha kwiyunga na Uganda ahubwo rushaka ko UK yotsa igitutu Uganda ikarekura Abanyarwanda bafungiwe mu magereza atazwi bazira ubusa ndetse igahagarika gutera inkunga imitwe y’inyeshyamba zishaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda.
-
Trump yagabanyije imisoro ku bicuruzwa by’u Buhinde
3 February, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) Donald Trump, yemeye kugabanya imisoro isoresha ibicuruzwa bituruka mu Buhinde akayigeza kuri 18% ivuye kuri 50%, kubera bwahagaritse kugura Peteroli y’u Burusiya.
-
AFC/M23 yavuze amakuru yamenye agaragaza umugambi mubisha ubutegetsi bwa Congo bufite
2 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIhuriro AFC/M23 riratangaza ko ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwatangije intambara yeruye igamije kurimbura Abanyamulenge, bukaba bwanazanye abasirikare ibihumbi 30 bo gukoresha muri uyu mugambi mubisha, no gukoresha mu rugamba rwo kwisubiza ibice byabohojwe.
-
Bwa mbere mu Buyapani hashobora kuboneka Minisitiri w’Intebe w’umugore
4 October 2025, by ISIMBI EstellaSanae Takaichi yatorewe kuyobora Ishyaka riri ku butegetsi mu Buyapani, Liberal Democratic Party (LDP), bimuha amahirwe yo kuba yaba Minisitiri w’Intebe wa mbere w’umugore iki gihugu kigize.
-
Dore uko Abanyarwanda bakina hanze bitwaye mu makipe yabo mu mpera z’icyumweru
28 October 2024, by Joseph IradukundaMu bihugu bitandukanye imikino ya Shampiyona yarakomeje mu mpera z’icyumweru gishize, bamwe mu bakinnyi b’Abanyarwanda bakina hanze bafashije amakipe yabo kwitwara neza nubwo hari abo shampiyona zabo zitahiriye.
-
Inama y’Igihugu y’Umushyikirano yasubitswe umwaka ushize yagarutse
27 November 2021, by Dusingizimana RemyInama y’Igihugu y’Umushyikirano igiye kuba ku nshuro ya 18 aho biteganyijwe ko izabera muri Kigali Convention Centre ku wa 20 - 21 Ukuboza 2021.
Inama y’Umushyikirano ya 2021 izitabirwa n’abayobozi batandukanye muri Guverinoma, abagize Inteko Ishinga Amategeko, Abanyarwanda bari mu Rwanda n’abari mu bihugu by’amahanga, abanyamakuru n’abandi.
Mu bindi bikorwa biteganyijwe muri uyu Mushyikirano, ni uko abayobozi bakuru mu nzego za Leta bazasinya Imihigo.
Inama y’Umushyikirano igiye kuba (…) -
MUNYANEZA Eugéne yasabye guhindura amazina akitwa RUTAGENGWA Eugéne
24 November 2025, by ISIMBI EstellaMUNYANEZA Eugéne yasabye guhindura amazina akitwa RUTAGENGWA Eugéne mu bitabo by’irangamimerere!
-
U Rwanda rurasaba Afurika kongera abashakashatsi mu kurwanya indwara
16 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma y’u Rwanda yifuza ko uruhare rw’abashakashatsi mu kurwanya indwara muri Afurika rwava kuri 3% ruriho uyu munsi rukagera kuri 50% kugira ngo batange umusaruro ufatika w’ibisubizo by’ibibazo by’ubuzima bibineka kuri uyu Mugabane.
-
Nyanza: Micomyiza yagaragaje umukino wa FPR yitabiriye nk’iturufu ko atangaga Abatutsi
16 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMicomyiza Jean Paul yabwiye Urukiko ko atigeze aba umuhezanguni wanga Abatutsi, ndetse arusaba kumufasha gushaka ibimenyetso bigaragaza ko yakundaga Umuryango FPR Inkotanyi, birimo no kuba yaritabiriye umukino wa gicuti yagiranye n’abari mu Rwanda mbere ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Umuryango.rw
Nyamasheke: Ikamyo yikoreye imbaho yarenze umuhanda igwa mu kabande
Trump yagabanyije imisoro ku bicuruzwa by’u Buhinde
AFC/M23 yavuze amakuru yamenye agaragaza umugambi mubisha ubutegetsi bwa Congo bufite
Bwa mbere mu Buyapani hashobora kuboneka Minisitiri w’Intebe w’umugore
Dore uko Abanyarwanda bakina hanze bitwaye mu makipe yabo mu mpera z’icyumweru
Inama y’Igihugu y’Umushyikirano yasubitswe umwaka ushize yagarutse
MUNYANEZA Eugéne yasabye guhindura amazina akitwa RUTAGENGWA Eugéne
U Rwanda rurasaba Afurika kongera abashakashatsi mu kurwanya indwara
Nyanza: Micomyiza yagaragaje umukino wa FPR yitabiriye nk’iturufu ko atangaga Abatutsi