Abantu 11 mu itsinda rya 17 bo muri Afurika y’Epfo bisanze barwanira u Burusiya mu ntambara yo muri Ukraine nyuma yo kujyanwa bizezwa akazi, bagiye kugarurwa mu Gihugu cyabo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Hatangajwe amakuru ku Banyafurika y’Epfo bisanze mu ntambara y’u Burusiya nyuma yo kwizezwa ibitangaza
25 February, by Angeline MUKANGENZI -
Gen Muhoozi yikomye Minisitiri w’Itumanaho muri Uganda
5 February, by Angeline MUKANGENZIUmuhungu wa Perezida Museveni, Gen Muhoozi Kainerugaba, akaba n’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, yikomye Minisitiri w’Itumanaho muri iki gihugu, Dr Chris Baryomunsi, nyuma y’uko avuze ko bimwe mu byo ashyira ku mbuga nkoranyambaga bibangamira akazi ke.
-
Amerika: Urukiko rwongeye gusubika urubanza rw’ukekwaho gutegura ibitero by’iterabwoba mu 2001
11 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrukiko rukorera mu kigo cy’igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cya Guantanamo Bay kuri uyu wa 10 Mutarama 2025 rwongeye gusubika urubanza rwa Khalid Sheikh Mohammed ukekwaho gutegura ibitero by’iterabwoba byagabwe ku magorofa y’ubucuruzi ya World Trading Center no ku cyicaro gikuru cy’igisirikare, Pentagon, muri Nzeri 2001.
-
Taylor Swift yahaye agahimbazamushyi ka miliyari 272 Frw abamufashije mu bitaramo bizenguruka Isi
13 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuTaylor Swift yasaranganyije miliyoni 197$ (arenga miliyari 270 Frw) nk’agahimbazamusyi, abamufashije mu bitaramo bizenguruka ibihugu bitandukanye ku Isi yise “Era Tour” aheruka gusoza, byari bimaze cy’imyaka ibiri.
-
Maroc VS Algérie: Ihangana rya politiki ryageze no mu Gikombe cya Afurika cy’Abagore
9 July 2025, by ISIMBI EstellaMu gihe hakomeje kuba Igikombe cya Afurika cy’Abagore kuva tariki ya 5 kugeza ku ya 26 Nyakanga 2025 muri Maroc, Algérie yongeye kurikoroza ku mbuga nkoranyambaga kubera uburyo idacana uwaka n’iki gihugu cyakiriye irushanwa.
-
Trump yatunguwe n’Icyongereza cyiza cya Perezida wa Liberia
10 July 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatunguwe no gusanga mugenzi we wa Liberia, Joseph Boakai, avuga Icyongereza cyiza.
-
Kimisagara: Umusekirite yakubise umugore utwite agwa igihumure
3 February, by ISIMBI EstellaUmusekirite ukora mu nyubako y’inkundamahoro iherereye mu Murenge wa Kimisagara,Akarere ka Nyarugenge yakubise mu buryo bukomeye umugore utwite inda y’amezi arindwi agwa igihumure
-
Icyumvikana mu butumwa bw’umukinnyi wa Maroc wahushije penaliti
20 January, by ISHIMWE Jean de DieuUmukinnyi wa Real Madrid n’Ikipe y’Igihugu ya Maroc, Brahim Diaz wahushije penalitiki ku mukino wa nyuma w’Igikombe cya Afurika, yanditse ubutumwa busaba imbabazi Abanya-Maroc, bwumvikanamo ko na we byamusigiye umubabaro ukomeye, ku buryo gukira ibikomere byawo bizamugora.
-
7 Ukwakira 2025: Imyaka 2 irashize iyari intambara yahindutse ubwicanyi
7 October 2025, by ISIMBI EstellaKuva tariki ya 7 Ukwakira 2023 kugeza kuri uyu wa Kabiri tariki 7 Ukwakira 2025, imyaka ibiri irashize ubwo Hamas yagabaga igitero kuri Isiraheli, none iyari intambara ubu yahindutse ubwicanyi. Abisiraheli bagera mu 1 219 bamaze gusiga ubuzima muri iyo ntambara, mu gihe Abanyapalesitina bo basaga 170 000.
-
’Drone zatumye u Rwanda rwubaka izina’ Minisitiri Gashumba
25 October 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ ubuzima Dr Diane Gashumba yavuze ko nyuma gato y’ uko u Rwanda rutangiye kugeza amaraso mu bitaro 19 hakoreshejwe indege zitagira abapilote drone rwavuzwe cyane rukubaka izina.
Umuryango.rw
Gen Muhoozi yikomye Minisitiri w’Itumanaho muri Uganda
Amerika: Urukiko rwongeye gusubika urubanza rw’ukekwaho gutegura ibitero by’iterabwoba mu 2001
Taylor Swift yahaye agahimbazamushyi ka miliyari 272 Frw abamufashije mu bitaramo bizenguruka Isi
Maroc VS Algérie: Ihangana rya politiki ryageze no mu Gikombe cya Afurika cy’Abagore
Trump yatunguwe n’Icyongereza cyiza cya Perezida wa Liberia
Kimisagara: Umusekirite yakubise umugore utwite agwa igihumure
Icyumvikana mu butumwa bw’umukinnyi wa Maroc wahushije penaliti
7 Ukwakira 2025: Imyaka 2 irashize iyari intambara yahindutse ubwicanyi
’Drone zatumye u Rwanda rwubaka izina’ Minisitiri Gashumba