Joseph Kabila Kabange wabaye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza mu 2019 ayoboye inama ihuza abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Félix Tshisekedi iri kubera i Nairobi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Kabila yayoboye inama y’abatavuga rumwe na Tshisekedi
14 October 2025, by ISIMBI Estella -
Startimes yashyize igorora abakunzi bayo bakunda filimi z’uruhererekane muri iki gihe cya Noheli
25 November 2020, by Dusingizimana RemyIfatabuguzi riyoboye muri Afurika StarTimes ryashyize mu bicu abafatabuguzi baryo bakunda filimi z’uruhererekane ibazanira filimi nziza cyane ya Los Bastardos.
-
Putin yatanze igitekerezo cyo gutangira ibiganiro bitaziguye na Ukraine
11 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yatanze igitekerezo cyo gutangira ibiganiro bitaziguye na Ukraine.
-
Minisiteri y’Ibikorwa remezo yashyize ingufu mu gukemura ikibazo cy’ingufu
8 January, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa 7 Mutarama, Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, Canoth Manishimwe yahuye n’abayobozi bakuru ba Rwanda Energy Group(REG) baganira ku bikorwa bya buri munsi no ku buryo serivisi z’ingufu zarushaho gutangwa neza.
-
Israel yatahuye ko mu mbohe 33 zari kurekurwa harimo umunani zapfuye
28 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma ya Israel yatangaje ko urutonde rw’imbohe zafashwe bugwate n’umutwe wa Hamas zagombaga kurekurwa mu cyiciro cya mbere ruriho abantu 33, ariko umunani muri bo bapfuye, mu gihe 25 gusa ari bo bazima.
-
U Bwongereza bwasabye EU kwigana amasezerano y’amahoro Trump yateguriye Gaza, agakoreshwa muri Ukraine
18 October 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Keir Starmer, yasabye abayobozi b’ibihugu by’i Burayi gutegura umushinga w’amasezerano y’amahoro muri Ukraine umeze nk’uwateguwe na Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku ntambara yo muri Gaza.
-
Ibyahise : Byinshi wamenya kuri Kwanda,Ingagi Moses yise izina muri 2022
6 May 2025Umuhango wo kwita Izina ni igikorwa ngarukamwaka guhera muri 2005, cyikaba ari igikorwa byumwihariko gifite inkomoko mu muco nyarwanda aho kuva cyera na Kare aho umuryango wabaga wibarutse umwana waturmiraga inshuti ndetse n’abavandimwe bagafatanya mu birori byo kwita izina uwo mwana mushya wavutse.
-
SSEKALEMA Shaddadi Ismael yasabye guhindura amazina akitwa SSEKALEMA Shaddadi
7 October 2024, by UbwanditsiUwitwa SSEKALEMA Shaddadi Ismael yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa SSEKALEMA Shaddadi mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina n’izina riri kubyangombwa……. -
Umubare w’Abanyafurika bakekwaho Mpox watumbagiye ugera hafi 30 000
21 September 2024, by Joseph IradukundaUmubare w’abantu banduye indwara ya Mpox ku mugabane w’Afurika wazamutse ugera ku 29 152, harimo 6 105 byemejwe n’abaganga ko banduye, mu gihe 738 bishwe n’icyo cyorezo, kuva mu ntangiriro za 2024, nk’uko ikigo cy’Afurika gishinzwe kurwanya no gukumira indwara (Afurika CDC) kibitangaza.
-
Ndashaka guhangana n’abayobozi batuzuza ibyo bagomba gukorera abaturage-Perezida Kagame
8 May 2019, by Dusingizimana RemyMu ruzinduko perezida wa Repubulika Paul Kagame yagiriye mu karere ka Burera kuri uyu wa Gatatu taliki ya 08 Gicurasi 2019,yabwiye abayobozi badashyira mu bikorwa inshingano zabo agiye guhangana nabo ndetse adashobora kwihanganira imikorere mibi yabo.
Umuryango.rw
Kabila yayoboye inama y’abatavuga rumwe na Tshisekedi
Putin yatanze igitekerezo cyo gutangira ibiganiro bitaziguye na Ukraine
Minisiteri y’Ibikorwa remezo yashyize ingufu mu gukemura ikibazo cy’ingufu
Israel yatahuye ko mu mbohe 33 zari kurekurwa harimo umunani zapfuye
U Bwongereza bwasabye EU kwigana amasezerano y’amahoro Trump yateguriye Gaza, agakoreshwa muri Ukraine
Ibyahise : Byinshi wamenya kuri Kwanda,Ingagi Moses yise izina muri 2022
Umubare w’Abanyafurika bakekwaho Mpox watumbagiye ugera hafi 30 000