Polisi yo muri Colombiya yafashe umugabo w’imyaka 40 wageragezaga kwinjiza mu ndege ibiyobyabwenge yihishe munsi y’umusatsi w’umukorano.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Yafatanwe cocaine ya miliyoni 14.7 Frw mu musatsi
26 February 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Musanze: Amatsinda y’abagore ni igisubizo ku mafaranga y’ishuri
26 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbagore bo mu Karere ka Musanze bibumbiye mu matsinda y’ubwizigame bavuga ko amaze guhindura imibereho y’imiryango yabo binyuze mu kuzigama amafaranga make buri munsi, ariko agira uruhare runini mu kwishyurira abana amashuri no kubagurira ibikoresho by’ishuri.
-
Ncuti Gatwa agiye guhurira muri filime na Cynthia Erivo wamenyekanye muri ‘Wicked’
10 November 2025, by ISIMBI EstellaUmukinnyi wa filime w’Umunyarwanda wabigize umwuga mu Bwongereza, Ncuti Gatwa, yinjiye mu rutonde rw’abazatanga amajwi azumvikana muri ‘Bad Fairies’, filime nshya ya Warner Bros. Animation na Locksmith Animation.
-
“Umuziki wa Uganda ugeze aharindimuka” - Ykee Benda
25 June 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi w’Umunya-Uganda Ykee Benda, uzwi cyane mu ndirimbo ‘Farmer’ ndetse akaba azwiho no kuba ari nyiri inzu itunganya umuziki ya Mpaka Records, yatangaje ko uruganda rw’umuziki muri Uganda ruri mu bihe bikomeye, avuga ko rwamaze kugwa.
-
Umusifuzi Aba Rayon bashinje kubiba yagaragaye kuri Stade yambaye imyenda ya APR FC
29 May 2025, by Gladiator OGUmusifuzi Ngaboyisonga Patrick yongeye kuba inkuru ishyirwa ku mitwe y’ibinyamakuru byinshi nyuma yaho mu ijoro ryatambutse yagaragaye kuri Stade Amahoro yambaye imyenda irimo amabara ya APR FC. nta cyumweru cyari gishize uyu musifuzi asifuye umukino Rayon Sports yatsinzwemo na Bugesera FC bigateza impaka ndetse n’imvururu nyinshi aho abafana ba Murera bamushinjaga kubogama mu misifuriure ye.
-
M23 yashimiye Tshisekedi wayihaye ‘impano ya Noheli’
18 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmutwe wa M23 washimiye Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma yo kuwuha impano ya Noheli.
-
Isiraheli yunze mu rya Trump yemera agahenge mu ntambara na Irani
24 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Intebe wa Isiraheli, Benjamin Netanyahu yemeye agahenge mu ntambara bahanganyemo na Iran nyuma y’uko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump asabye ko intambara ihagarara hakubahirizwa amasezerano y’amahoro.
-
Promotion: Dore Diru Ishyushye muri StarTimes, Ibiciro byahananuwe
15 February 2021, by UbwanditsiDore Diru, Dore Diru.
Hamwe na Promosiyo ya StarTimes ubu wakwihahira dekoderi ya make kw‘isoko ryose. Noneho igiciro cya dekoderi za StarTimes cya kubiswe hasi bitari bwabeho mu Rwanda.
Tunga dekoderi ya DTT (Imwe ikoresha antene y’udushami) wishyuye amafaranga 7000 Rwf gusa, maze wongereho 8000 Rwf bya abonema ya Classic Bouquet.
Cyangwa se ugure dekoderi ya DTH (ikoresha igisane cyangwa Dish) wishyuye amafaranga 6500 Rwf maze wongereho 8500 Rwf bya abonema ya Smart Bouquet. (…) -
Sydney Sweeney yatandukanye n’umukunzi we biteguraga kurushinga nyuma y’imyaka 7 bakundana
1 April 2025, by ISIMBI EstellaUmukinnyi wa filime, Sydney Sweeney n’uwari umukunzi we, Jonathan Davino bahisemo gutandukana burundu nyuma yo guhagarika ubukwe bwabo mu kwezi gushize kwa Werurwe.
-
Twasuye APACE, ikigo cyizeho ba Knowless, Aline Gahongayire, Sankara, Christopher n’abandi
29 May 2019, by UbwanditsiKuri uyu wa kabili taliki 29 twasuye ikigo cya APACE kizeho ba cyizeho ba Knowless, Aline Gahongayire, Sankara, Christopher n’abandi ubuyobozi bw’ikigo butuganirira ku mateka yacyo ndetse n’ubuzima bwacyo kuri uyu munsi.
Umuryango.rw
Yafatanwe cocaine ya miliyoni 14.7 Frw mu musatsi
Musanze: Amatsinda y’abagore ni igisubizo ku mafaranga y’ishuri
Ncuti Gatwa agiye guhurira muri filime na Cynthia Erivo wamenyekanye muri ‘Wicked’
“Umuziki wa Uganda ugeze aharindimuka” - Ykee Benda
Umusifuzi Aba Rayon bashinje kubiba yagaragaye kuri Stade yambaye imyenda ya APR FC
M23 yashimiye Tshisekedi wayihaye ‘impano ya Noheli’
Isiraheli yunze mu rya Trump yemera agahenge mu ntambara na Irani
Sydney Sweeney yatandukanye n’umukunzi we biteguraga kurushinga nyuma y’imyaka 7 bakundana