Nyampinga (Miss) Chidimma Adetshina, wabaye izingiro ry’impaka zijyanye n’ubwenegihugu, agiye kwamburwa Ubunyafurika y’Epfo bwe hamwe n’ibyangombwa byifashishwa mu ngendo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Afurika y’Epfo igiye kwambura ibyangombwa Nyampinga wayo
31 October 2024, by Joseph Iradukunda -
Kasia Niewiadoma wegukanye Tour de France yagaragaje amarangamutima afite ku Banyarwanda
26 September 2025, by ISIMBI EstellaUmunya-Pologne, Niewiadoma-Phinney Katarzyna, wegukanye Tour de France ya 2024 mu bagore, yagaragaje ko yatewe ubwuzu n’abana bamusanganiye ubwo yari mu myitozo ya Shampiyona y’Isi y’Amagare iri kubera i Kigali.
-
USA: Yasubije igitabo mu isomero nyuma y’imyaka 82
19 August 2025, by ISIMBI EstellaUmugore wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasubije mu isomero igitabo cyari cyaratiwe na nyirakuru muri Nyakanga 1943, bivuze ko cyari kimaze imyaka 82 y’ubukererwe.
-
Putin yavuze ko ashyigikiye ibiganiro byo guhagarika intambara na Ukraine ariko adashaka igitutu
12 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko igihugu cye cyiteguye kugirana ibiganiro na Ukraine, hagamijwe gushaka igisubizo kirambye cyahagarika intambara imaze imyaka itatu hagati y’impande zombi, ariko avuga ko nta gitutu ashaka.
-
Umukinnyi wa filime Taylor Lautner n’umugore we bagiye kwibaruka imfura
28 March, by ISIMBI EstellaTaylor Lautner uri mu bakinnyi ba filime bakomeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yagaragaje ko we n’umugore we bitiranwa, biteguye kwibaruka umwana wabo w’imfura.
-
Bidasubirwaho Muhire Kevin ni umukinnyi wa Rayon Sports mugihe cy’imyaka ibiri.
26 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmukinnyi ukina hagati mu kibuga muri Rayon Sports Muhire Kevin yamaze kumvikana niyi kipe maze asinya amasezerano y’imyaka ibiri.
Muhire Kevin usanzwe ari kapiteni wa Rayon Sports, yari ategereje ko abafana b’iyi kipe buzuza Miliyoni 40 nkuko yari yarabyumvikanye n’Ubuyobozi maze nawe agashyira umukono kumasezerano y’imyaka ibiri ari umukinnyi wa Rayon Sports.
Binyuze ku muvugizi wa Rayon Sports Roben Ngabo yahamirije ko Muhire Kevin yasinye, ndetse ari bugaragare mu myitozo y’iyi (…) -
Umujyi wa Kigali ugiye gushora miliyoni 600 FRW mu kwagura Imbuga City Walk
2 July 2022, by Dusingizimana RemyUmujyi wa Kigali watangaje ko uzashora miliyoni 600 z’amafaranga y’u Rwanda mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2022/23 mu kwagura Imbuga City Walk, ahantu hanini hatanyura imodoka I Kigali,hakaguka.
Kwimura biri mu ngengo y’imari ingana na miliyari 137.5 y’amafaranga y’u Rwanda yemejwe n’abagize njyanama y’umujyi ku wa kane, 30 Kamena 2022.
Ahahoze hitwa Car Free Zone ubu hakaba hitwa Imbuga City Walk hubatswe mu rwego rwo gushyira ingufu mu kurimbisha Umujyi wa Kigali,kwidagadura ndetse (…) -
Trump yabwiwe ko izina rye rigaruka kenshi muri dosiye za Epstein, abihakana yivuye inyuma
24 July 2025, by ISIMBI EstellaMuri Gicurasi 2025, Minisitiri w’Ubutabera Pam Bondi n’umwungiriza we Todd Blanche bagiranye inama na Perezida Trump, bamumenyesha ko izina rye ryagaragaye inshuro nyinshi muri dosiye zifitwe na Minisiteri y’Ubutabera zijyanye n’ibyaha bya Jeffrey Epstein, ariko we abihakana avuga ko ari ibihuha.
-
U Rwanda rugiye gutangiza ubundi buryo bwo kuvura kanseri bwitwa ‘Brachythérapie’
3 February, by ISIMBI EstellaIkigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko mu Rwanda hagiye gutangira uburyo bwo kuvura kanseri bwitwa ‘brachythérapie’ by’umwihariko ku kuvura kanseri y’inkondo y’umura buzunganira ubwari busanzwe bwa ‘Radiothérapie’.
-
Ingengo y’imari ya 2025/2026 ingana na miliyari 7 032,5 Frw yemejwe
26 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInteko Ishinga Amategeko, Umutwe w’Abadepite, yemeje ishingiro ry’umushinga w’itegeko ry’ingengo y’imari y’umwaka wa 2025/2026 ingana na miliyari 7,032.5 z’amafaranga y’u Rwanda.
Umuryango.rw
Afurika y’Epfo igiye kwambura ibyangombwa Nyampinga wayo
Kasia Niewiadoma wegukanye Tour de France yagaragaje amarangamutima afite ku Banyarwanda
USA: Yasubije igitabo mu isomero nyuma y’imyaka 82
Putin yavuze ko ashyigikiye ibiganiro byo guhagarika intambara na Ukraine ariko adashaka igitutu
Umukinnyi wa filime Taylor Lautner n’umugore we bagiye kwibaruka imfura
Bidasubirwaho Muhire Kevin ni umukinnyi wa Rayon Sports mugihe cy’imyaka ibiri.
Umujyi wa Kigali ugiye gushora miliyoni 600 FRW mu kwagura Imbuga City Walk
Trump yabwiwe ko izina rye rigaruka kenshi muri dosiye za Epstein, abihakana yivuye inyuma
U Rwanda rugiye gutangiza ubundi buryo bwo kuvura kanseri bwitwa ‘Brachythérapie’
Ingengo y’imari ya 2025/2026 ingana na miliyari 7 032,5 Frw yemejwe