Umukinnyi wa filime, Sydney Sweeney n’uwari umukunzi we, Jonathan Davino bahisemo gutandukana burundu nyuma yo guhagarika ubukwe bwabo mu kwezi gushize kwa Werurwe.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Sydney Sweeney yatandukanye n’umukunzi we biteguraga kurushinga nyuma y’imyaka 7 bakundana
1 April 2025, by ISIMBI Estella -
U Burundi bwavuze ko budateganya gufungura imipaka yabwo na RDC ndetse no kurekura impunzi z’Abanye-Congo
30 January, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burundi, Dr. Edouard Bizimana, yatangaje ko igihugu cye kititeguye gufungura imipaka yo ku butaka gihuriyeho na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Hamas yarekuye izindi mbohe eshatu
8 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmutwe wa Hamas warekuye izindi mbohe eshatu mu rwego rwo kubahiriza amasezerano y’agahenge aherutse kwemeranywaho na Israel.
-
Meta ishaka inguzanyo ya miliyari 29 z’Amadolari zo gushora mu mushinga wa AI
28 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkigo Meta gifite urubuga nkoranyambaga rwa Facebook, WhatsApp na Instagram kiri mu biganiro n’ibigo byo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bitanga inguzanyo kugira ngo bikigurize miliyari 29 z’Amadolari zo gushora mu mushinga w’ubwenge buhangano (AI).
-
Sean ’Diddy’ Combs araregwa n’abarenga 100 barimo uwari umwana w’imyaka 9
2 October 2024, by Joseph IradukundaAbantu barenga 100 bagiye kurega umuhanzi Sean ’Diddy’ Combs ihohotera rishingiye ku gitsina, gufata ku ngufu, no kubakoresha uburaya bugamije inyungu, nk’uko umunyamategeko yabivuze.
-
U Burayi: Pasiporo ntizizongera guterwamo kashe
1 August 2025, by ISIMBI EstellaGuhera ku wa 12 Ukwakira 2025, Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, uzatangira gukoresha ikoranabuhanga ryo gufata amafoto y’amasura, ibikumwe n’amakuru ya pasiporo [biometrics] ku mipaka, rizasimbura uburyo busanzwe bwo gutera kashe muri za pasiporo, ku bantu badakomoka mu bihugu biwugize.
-
Ninde uzakijyana!!!!: Ibyo wamenya kuri Liverpool VS Real Madrid zihurira mu ntambara yo kwegukana UEFA Champions League 2022
27 May 2022, by Dusingizimana RemyImyaka 41 irashize bahuriye mu rugamba rwo kwemeza umwiza cyane i Burayi mu mukino wari wabereye mu mujyi mwiza wa Paris,urangira Abongereza aribo batahanye ikuzo ku gitego 1-0 cya Liverpool ku busa bwa Madrid.
Liverpool na Real Madrid bongeye guhurira mu majyaruguru y’umurwa mukuru wUbufaransa, i Saint-Denis ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League 2021-22.
Mu mpera z’iki cyumweru, ikipe ya Reds ishaka igikombe cya 7 cya Champions League, irushanwa rihuza amakipe akomeye i Burayi, (…) -
Israeli yahize kuzakomeza kugenzura ikirere cya Iran
4 July 2025, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Ingabo wa Iran, Israel Katz yatangaje ko bari gutegura igisirikare cya Israel kiri gutegura imigambi izatuma Iran itongera kubangamira umutekano wa Israel.
-
Amerika irateganya kwambura no kwima visa Abanyasudani y’Epfo bose
6 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKu wa Gatandatu, itariki 5 Mata, Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe y’Ububanyi n’amahanga, Marco Rubio, yatangaje ko arimo gufata ingamba zo gukuraho visa zose zifitwe n’abafite pasiporo zo muri Sudani y’Epfo ndetse no kubuza ko izindi zitangwa kugira ngo bibabuze kwinjira muri Amerika.
-
Kabila yaganiriye n’abayobozi ba AFC/M23
28 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuJoseph Kabila wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza mu 2019, ku wa 27 Gicurasi 2025 yaganiriye n’abayobozi b’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Perezida Félix Tshisekedi.
Umuryango.rw
Sydney Sweeney yatandukanye n’umukunzi we biteguraga kurushinga nyuma y’imyaka 7 bakundana
U Burundi bwavuze ko budateganya gufungura imipaka yabwo na RDC ndetse no kurekura impunzi z’Abanye-Congo
Hamas yarekuye izindi mbohe eshatu
Meta ishaka inguzanyo ya miliyari 29 z’Amadolari zo gushora mu mushinga wa AI
Sean ’Diddy’ Combs araregwa n’abarenga 100 barimo uwari umwana w’imyaka 9
U Burayi: Pasiporo ntizizongera guterwamo kashe
Ninde uzakijyana!!!!: Ibyo wamenya kuri Liverpool VS Real Madrid zihurira mu ntambara yo kwegukana UEFA Champions League 2022
Israeli yahize kuzakomeza kugenzura ikirere cya Iran
Amerika irateganya kwambura no kwima visa Abanyasudani y’Epfo bose
Kabila yaganiriye n’abayobozi ba AFC/M23