Urubuga nkoranyambaga rwa TikTok ruri kwiregura imbere y’Urukiko Rukuru rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu rwego rwo kuburizamo umugambi wo kuyihagarika utegerejwe ku itariki ya 19 Mutarama, mu gihe cyose Urukiko Rukuru rwashyigikira imyanzuro yafashwe n’izindi nkiko.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
TikTok igiye kwiregura mu rubanza ruzagena ahazaza hayo muri Amerika
10 January 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
REB yihakanye abarimu bayishinje ko yabategetse kwimura abanyeshuli batatsinze
14 December 2019, by Dusingizimana RemyUmuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe uburezi REB, Dr Ndayambaje Irénée, yemeje ko nta tegeko na rimwe leta yigeze ishyiraho ritegeka abarimu kwimura abana bose n’abatatsinze gusa ngo gusibira k’umwana bikwiriye kubazwa mwarimu n’umubyeyi.
-
Umusirikare mukuru w’ Ubufaransa yavuze ko ibyo yabonye muri Jenoside yakorewe abatutsi bimubuza gusinzira
21 May 2018, by Nsanzimana ErnestUwabaye muri Opération Turquoise ngo ntagoheka kubera ibyo yabonye muri jenoside yakorewe abatutsi muri 1994. Nubwo adashinja mu bujurire bwa Ngenzi Octavien na Tito Barahira, avuga ko afite ukuri kumurya ahantu agomba gutangaza.
-
Igihingwa cya Cannabis kizwi nk’urumogi kigiye gutangira guhingwa mu Rwanda
13 October 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubuzima, Dr Ngamije Daniel, yatangaje ko igihingwa cya cannabis, kizwi mu kinyarwanda nk’urumogi, kigiye gutangira kujya gihingwa mu Rwanda, hanyuma cyoherezwe mu mahanga mu nganda zikora imiti. Gusa yashimangiye ko bitazaha icyuho abarukoresha nk’ikiyobyabwenge.
-
Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari
6 December 2025, by ISIMBI EstellaUmushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu na Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, bashobora kuburanishwa badahari ku byaha bifitanye isano n’intambara ibihugu byabo birimo.
-
Perezida wa Koreya ya Ruguru yagiye mu Bushinwa akoresheje gari ya moshi
2 September 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jung Un, yerekeje mu Bushinwa akoresheje gari ya moshi ye izwiho kugira umutekano uhambaye.
-
Amerika yagabanyije igihe visa zimara ku baturage b’ibihugu bine bya Afurika
12 July 2025, by ISIMBI EstellaLeta Zunze Ubumwe za Amerika zagabanyije igihe visa zihabwa abaturuka muri Cameroun, Ethiopia, Ghana na Nigeria zimara.
-
Hatanzwe icyizere cyo gukemura ikibazo cya parikingi mu Mujyi wa Kigali
9 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatanze icyizere cyo kongera parikingi ziboneka muri uyu Mujyi, mu rwego rwo gukemura ikibazo cy’ibura ryazo n’umuvundo w’imodoka, kenshi uterwa n’imodoka ziparikwa mu muhanda, zikabuza izindi gutambuka neza.
-
Tanzania: Umujyi wa Arusha uri gutegurirwa guhangana na Kigali
6 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmujyi wa Arusha wasabwe gukoresha amahirwe y’aho uherereye n’ubutaka butarabyazwa umusaruro kugira ngo uhatanire isoko rinini ry’ubukerarugendo bushingiye ku nama n’amahuriro, nk’uko bikorwa i Kigali mu Rwanda.
-
Uko Abakina hanze bitwaye mbere yo gusanga abandi mu mwiherero w’Amavubi
7 October 2024, by Joseph IradukundaMu gihe kuri uyu wa Mbere tariki 7 Ukwakira ikipe y’igihugu “Amavubi” yahagurutse i Kigali yerekeza Abidjan muri Côte d’Ivoire gukina umukino ubanza wo mu itsinda D na Benin mu gushaka itike y’igikombe cy’Afurika cya 2025, dore uko bamwe mu bahamagawe bakina hanze y’u Rwanda bitwaye mu mpera z’icyumweru gishize.
Umuryango.rw
TikTok igiye kwiregura mu rubanza ruzagena ahazaza hayo muri Amerika
Igihingwa cya Cannabis kizwi nk’urumogi kigiye gutangira guhingwa mu Rwanda
Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari
Perezida wa Koreya ya Ruguru yagiye mu Bushinwa akoresheje gari ya moshi
Amerika yagabanyije igihe visa zimara ku baturage b’ibihugu bine bya Afurika
Hatanzwe icyizere cyo gukemura ikibazo cya parikingi mu Mujyi wa Kigali
Tanzania: Umujyi wa Arusha uri gutegurirwa guhangana na Kigali
Uko Abakina hanze bitwaye mbere yo gusanga abandi mu mwiherero w’Amavubi