Ubuyobozi bwa Mukura VS bwatangaje ko umwanya wo muri Stade ya Huye wicaragamo Mukanemeye Madeleine uzwi nka ‘Mama Mukura’ witabye Imana, nta muntu uzajya uwicaramo igihe iyi kipe yakiriye imikino.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Mukura VS yabitse burundu umwanya ‘Mama Mukura’ yicaragamo muri Stade ya Huye
5 August 2025, by ISIMBI Estella -
Abanyarwanda bari barafashwe bugwate na FDLR basabwe kwitandukanya n’ivanguramoko
21 May 2025, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri ushinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi, Gen Maj (Rtd) Albert Murasira yagaragarije Abanyarwanda batahutse nyuma y’imyaka myinshi barafashwe bugwate n’umutwe wa FDLR ko ubumwe bw’Abanyarwanda ari bwo bwatumye u Rwanda rutera imbere, abasaba kwitandukanya n’ivangura ry’amoko bakayoboka umurongo w’igihugu.
-
Amerika yasabye ‘ikomeje’ RDC guhagarika ubufatanye na FDLR
18 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasabye ko ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zihagarika gukorana n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR ukomeje guhungabanya umutekano w’abaturage.
-
‘Guhagarika Human Right Watch siwo muti’ Sibomana
15 December 2017, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’ urugaga rw’ amasendika akorera mu Rwanda COSYLI, (Conseil National des Organisations Syndicales Libres au Rwanda Innocent Sibomana asanga u Rwanda rudakwiye guhagarika ibikorwa by’ umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu ‘HRW’ ahubwo rwajya rukosora amakosa yagaragajwe na HRW, ibitari ukuri rukabyirengagiza.
Sibomana yagaragarije UMURYANGO ko atemeranya n’ abadepite basabye ko u Rwanda rwirukana HRW.
Yagize ati “HRW, kuyihagarika njyewe ndumva atariwo muti. (…) -
Perezida Tshisekedi yiyemeje gufungira u Rwanda amayira
28 January 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo yafashe umwanzuro wo gufungira u Rwanda amayira mu nama y’umutekano yayoboye.
Mu itangazo ryashyizwe hanze na Minisitiri w’Itumanaho akaba n’Umuvugizi wa Guverinoma ya Congo, Patrick Muyaya Katembwe, yatangaje ko inama y’umutekano yayobowe n’umukuru w’igihugu bafatiyemo imyanzuro itandukanye irimo gufungira inzira igihugu cy’u Rwanda.
Ati “ Perezida wa Repubulika yamenyesheje Inama y’Abaminisitiri ko yayoboye inama y’inzego (…) -
Qatar yakiriye Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda n’uw’Ububiligi
2 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Qatar yatangaje mu bihe bitandukanye byegeranye ko Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’icyo gihugu yahuye na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’Ububiligi.
-
Janet Museveni yavuze ko Imana yakoresheje umugabo we mu kurinda Abanya-Uganda
6 January, by ISHIMWE Jean de DieuUmugore wa Perezida wa Uganda, Janet Museveni, yavuze ko Imana yakoresheje umugabo we, Yoweri Kaguta Museveni n’igisirikare, mu kurinda abaturage b’iki gihugu, abasaba kuzirikana urugendo rw’igihugu mu myaka 40 ishize no kurinda amahoro n’umutekano byagezweho.
-
Ukraine irigamba guhanura drones hafi 50 z’u Burusiya
10 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Kane, itariki 9 Mutarama 2025, Igisirikare cya Ukraine cyatangaje ko cyahanuye drone 46 muri 70, Ingabo z’u Burusiya zakoresheje mu bitero byibasiye uduce two hagati no mu burasirazuba bwa Ukraine.
-
Umufaransa Rafael Varane yahagaritse umupira w’amaguru ku myaka 31
25 September 2024, by Joseph IradukundaMyugariro w’Umufaransa Rafael Varane wakiniye amakipe atandukanye arimo Manchester United na Real Madrid, yahagaritse gukina umupira w’amaguru ku myaka 31 ndetse asesa amasezerano yari afitanye n’Ikipe ya Como yo mu Butaliyani.
-
Davido yishimiye kwinjira muri kompanyi itegura Grammy Awards
24 September 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi David Adedeji Adeleke wamamaye nka Davido muri Nigeria no mu ruhando mpuzamahanga, ari mu byishimo byo kugirwa umunyamuryango wa Recording Academy, kompanyi isanzwe itegura irushanwa rya Grammy Awards.
Umuryango.rw
Mukura VS yabitse burundu umwanya ‘Mama Mukura’ yicaragamo muri Stade ya Huye
Abanyarwanda bari barafashwe bugwate na FDLR basabwe kwitandukanya n’ivanguramoko
Amerika yasabye ‘ikomeje’ RDC guhagarika ubufatanye na FDLR
Perezida Tshisekedi yiyemeje gufungira u Rwanda amayira
Qatar yakiriye Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda n’uw’Ububiligi
Janet Museveni yavuze ko Imana yakoresheje umugabo we mu kurinda Abanya-Uganda
Ukraine irigamba guhanura drones hafi 50 z’u Burusiya
Umufaransa Rafael Varane yahagaritse umupira w’amaguru ku myaka 31
Davido yishimiye kwinjira muri kompanyi itegura Grammy Awards