Uwitwa NYINAWABAGUNGA Josiane yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa MUGWEMA JOSIANE mu bitabo by’irangamimerere.
Impamvu atanga yo guhinduza izina ni Amazina ari mu byangombwa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Itangazo: NYINAWABAGUNGA Josiane yasabye guhindura amazina akitwa MUGWEMA JOSIANE
13 September 2024 -
Bigirimana Noella wabaye Umuyobozi Mukuru wungirije wa RBC yasabiwe gufungwa by’agateganyo
25 March 2025, by Angeline MUKANGENZIUbushinjacyaha bwasabye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro gutegeka ko Bigirimana Noella wahoze ari Umuyobozi Mukuru wungirije wa RBC afungwa iminsi 30 y’agateganyo, kubera impamvu zikomeye zituma hakekwa ko icyaha cyo gutanga isoko rya leta mu buryo bunyuranyije n’amategeko akekwaho, yagikoze.
-
Gen Muhoozi yikomye Minisitiri w’Itumanaho muri Uganda
5 February, by Angeline MUKANGENZIUmuhungu wa Perezida Museveni, Gen Muhoozi Kainerugaba, akaba n’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, yikomye Minisitiri w’Itumanaho muri iki gihugu, Dr Chris Baryomunsi, nyuma y’uko avuze ko bimwe mu byo ashyira ku mbuga nkoranyambaga bibangamira akazi ke.
-
Afurika y’Epfo yasabye Taiwani kwimura ambasade yayo i Pretoria
20 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKu wa Gatanu, itariki 18 Ukwakira 2024, Guverinoma ya Afurika y’Epfo yavuze ko yasabye Taiwani kwimura ambasade yayo mu murwa mukuru Pretoria, mu gihe Taiwani iyishinja gukoreshwa n’igitutu cy’u Bushinwa .
-
Afurika izagirwaho ingaruka zikomeye n’igabanywa ry’inkunga z’u Bwongereza
24 July 2025, by ISIMBI EstellaIbihugu byo ku mugabane wa Afurika bizagirwaho ingaruka n’inkunga z’u Bwongereza zigiye kugabanywaho 40%, by’umwihariko kuri gahunda zigamije guteza imbere imibereho y’abaturage.
-
Polisi y’u Rwanda yasobanuye impamvu urukiko rwarekuye abapolisi bashinjwaga ruswa yo igahita ibafunga
23 December 2021, by Dusingizimana RemyPolisi y’u Rwanda yatangaje ko amategeko yayo agenga imyitwarire na Sitati yayo, biyiha uburenganzira bwo kuba yakurikirana Umupolisi no mu gihe urukiko rwamugize umwere, rwamurekuye cyangwa se akiburana.
Ibi nibyo Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP Kabera John Bosco, yabwiye IGIHE dukesha iyi nkuru ubwo yagarukaga ku mategeko agenga imyitwarire muri Polisi,
Yavuze ko amategeko agena ko Umupolisi ashobora gukurikiranwa kabone n’iyo urukiko rwaba rwamugize umwere.
Ati “Muri Polisi (…) -
Ikihishe inyuma y’ itabwa muri yombi rya Habumugisha, uyobora Green Party mu burengerazuba
30 October 2018, by Nsanzimana ErnestKu Cyumweru tariki 28 Ukwakira 2018, Ikinyamakuru UMURYANGO cyatangaje inkuru ivuga ko Umuyobozi w’ ishyaka Green Party mu burengerazuba Habumugisha Vincent yatawe muri yombi, uwo munsi yaraye arekuwe iki kinyamakuru gitangaza indi nkuru y’ uko yarekuwe ariko impamvu y’ itabwa muri yombi twari tutarayimenya.
-
Menya impamvu hari abantu baseka mu bibabaje
10 February, by Angeline MUKANGENZIAbantu bakunda guseka mu bibabaje baba ari abahanga cyane mu kugenzura amarangamutima yabo. Iyo ukunda kwisanga uri guseka mu bihe bibabaje nko mu kiriyo, uri gutongana n’abantu, cyangwa ufite ubukene, kiba ari ikimenyetso cy’uko ufite ubushobozi bwimbitse bwo kugenzura amarangamutima yawe.
-
Henok Mulueberhan yavuze ibanga rikomeye ryamufashije kwegukana Tour du Rwanda 2023
27 February 2023, by Dusingizimana RemyUmunya Eritrea Henok Mulueberhan ari mu bakinnyi b’umukino wo gusiganwa ku magare bishimye cyane ku isi nyuma yo kwegukana irushanwa rikomeye kurusha ayandi muri Afurika rya Tour du Rwanda.
Uyu musore w’imyaka 23 yabwiye abanyamakuru ko ku cyumweru tariki ya 26 Gashyantare 2023 ariwo ’munsi mwiza kurusha iyindi yose mu buzima bwe’kuko yatwaye irushanwa ry’inzozi ze.
Yagize ati "Uyu niwo munsi mwiza kurusha iyindi yose mu buzima bwanjye.Nahoranye inzozi zo kuzatwara Tour du Rwanda kuko (…) -
Ghana yabaye ihagaritse gutanga ubwenegihugu ku bafite inkomoko muri Afurika
3 February, by Angeline MUKANGENZIMu myaka ya vuba aha ishize abarenga 1,000 baba mu mahanga ariko bafite inkomoko muri Afurika bamaze kubona ubwenegihugu bwa Ghana
Umuryango.rw
Bigirimana Noella wabaye Umuyobozi Mukuru wungirije wa RBC yasabiwe gufungwa by’agateganyo
Gen Muhoozi yikomye Minisitiri w’Itumanaho muri Uganda
Afurika y’Epfo yasabye Taiwani kwimura ambasade yayo i Pretoria
Afurika izagirwaho ingaruka zikomeye n’igabanywa ry’inkunga z’u Bwongereza
Polisi y’u Rwanda yasobanuye impamvu urukiko rwarekuye abapolisi bashinjwaga ruswa yo igahita ibafunga
Menya impamvu hari abantu baseka mu bibabaje
Henok Mulueberhan yavuze ibanga rikomeye ryamufashije kwegukana Tour du Rwanda 2023
Ghana yabaye ihagaritse gutanga ubwenegihugu ku bafite inkomoko muri Afurika