Umuyobozi Mukuru w’Ibitaro bya Kaminuza bya Butare (CHUB), Dr Ngarambe Christian, yavuze ko ibi bitaro bigiye gutangira gukoresha imashini yifashishwa mu gupima indwara z’imbere mu mubiri w’umuntu, izwi nka MRI (Magnetic Resonance Imaging) igeze bwa mbere mu bitaro bya Leta hanze ya Kigali.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
CHUB yakiriye imashini za mbere zipima indwara zo mu mubiri
8 February, by Angeline MUKANGENZI -
Perezida Kagame yahaye ubutumwa bukomeye abashaka kugirira nabi u Rwanda,abanenga Rwanda Day n’u Rwanda
5 October 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika yabwiye abitabiriye Rwanda Day I Bonn mu Budage kuri uyu wa Gatandatu ko abanegura uyu munsi ko ari ukwikundisha ku banyarwanda ko ahubwo aribwo buryo bw’imiyoborere ndetse abwira abakomeje kugambirira kugirira nabi u Rwanda batazabishobora kuko u Rwanda rumaze gushing imizi.
-
U Bwongereza: Kwitabira imikino nta tike byagizwe icyaha
20 March, by Angeline MUKANGENZIAmashyirahamwe y’umupira w’amaguru mu Bwongereza no muri Pays de Galles, yemeje kwinjira muri stade ukajya kureba umukino nta tike ufite bizajya bifatwa nk’icyaha gihanishwa kudasubira ku kibuga mu myaka itanu no kwishyura amande ya 1000 y’Amapawundi [hafi miliyoni 2 Frw].
-
Gen. Muhoozi yongeye kuvugisha benshi ashimangira ko ari we uzasimbura Se ku butegetsi
6 December 2024, by Joseph IradukundaUmugaba Mukuru w’Ingabo mu gihugu cya Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko nyuma y’umubyeyi we, Yoweri Kaguta Museveni, ari we uzahita amukorera mu ngata akazaba Perezida w’iki gihugu.
-
Cristiano Ronaldo yaguze imigabane muri UD Almería yo muri Espagne
26 February, by ISIMBI EstellaUmunyabigwi mu mupira w’amaguru, Cristiano Ronaldo yaguze imigabane ingana na 25% muri Unión Deportiva Almería yo mu Cyiciro cya Kabiri muri Espagne.
-
Bukuru Christophe yasinyiye AS Kigali
17 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuBukuru Christophe wanyuze mu makipe menshi mu Rwanda, yasinye amasezerano y’umwaka muri AS Kigali.
-
Algeria yirukanye abakozi 15 ba Ambasade y’u Bufaransa
13 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma ya Algeria yategetse ko abakozi ba Ambasade y’u Bufaransa bashyizweho hatubahirije imirongo ngenderwaho muri dipolomasi yo kubanza kubimenyesha igihugu bagiye gukoreramo, bahita birukanwa ku butaka bwayo.
-
Nyamasheke: Ndayisabye ufite ubumuga bw’ingingo yiteje imbere anatanga akazi
19 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTINdayisabye Fidèle wavukanye ubumuga bw’ingingo, agakurira mu buzima bugoye, avuga ko yabashije kubwikuramo, ubu akaba akoresha abakozi 2 ahemba ku kwezi amafaranga y’u Rwanda 70 000.
-
Burkina Faso na Mali biyemeje gutabara Niger igihe hagira ushaka kuburizamo Kudeta
1 August 2023, by Dusingizimana RemyBurkina Faso na Mali byasohoreye hamwe itangazo bivuga ko byafata igikorwa cya gisirikare icyo ari cyo cyose muri Niger nko kubishozaho intambara.
Agatsiko ka gisirikare kari ku butegetsi muri Guinea (Conakry) na ko kavuze ko kifatanyije n’ibyo bihugu.
Ku cyumweru, umuryango w’ubukungu w’ibihugu byo muri Afurika y’uburengerazuba (ECOWAS/CEDEAO) wakangishije gukoresha ingufu kugira ngo usubizeho Perezida watowe wa Niger, Mohamed Bazoum, wahiritswe ku butegetsi n’igisirikare ku wa gatatu (…) -
Abarenga 3200 barumwe n’imbwa mu Rwanda mu 2025
26 January, by Angeline MUKANGENZIIkigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC, cyatangaje ko mu mwaka wa 2025, abaturage 3.227 barumwe n’imbwa, abagera kuri batanu bandura ibisazi byazo byahitanye bane muri bo.
Umuryango.rw
CHUB yakiriye imashini za mbere zipima indwara zo mu mubiri
U Bwongereza: Kwitabira imikino nta tike byagizwe icyaha
Gen. Muhoozi yongeye kuvugisha benshi ashimangira ko ari we uzasimbura Se ku butegetsi
Cristiano Ronaldo yaguze imigabane muri UD Almería yo muri Espagne
Bukuru Christophe yasinyiye AS Kigali
Algeria yirukanye abakozi 15 ba Ambasade y’u Bufaransa
Nyamasheke: Ndayisabye ufite ubumuga bw’ingingo yiteje imbere anatanga akazi
Burkina Faso na Mali biyemeje gutabara Niger igihe hagira ushaka kuburizamo Kudeta
Abarenga 3200 barumwe n’imbwa mu Rwanda mu 2025