Perezida Kagame yagiriye uruzinduko rw’akazi i Doha muri Qatar mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere. Yakiriwe n’Umuyobozi ushinzwe Protocole muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga na Ambasaderi w’u Rwanda muri Qatar, François Nkulikiyimfura.
Ibiro Ntaramakuru bya Qatar byemeje ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 14 Nyakanga 2022, Perezida Paul Kagame yageze i Doha muri Qatar mu ruzinduko rw’akazi.
Muri uru ruzinduko, Perezida Paul Kagame yanakiriwe n’Umuyobozi w’Icyubahiro wa Qatar, (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida Kagame yagiriye uruzinduko rw’akazi muri Qatar
14 February 2022, by Dusingizimana Remy -
Perezida Assad wa Syria ashobora kuba yahungiye mu Burusiya
9 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Syria, Bashar Assad n’umuryango birakekwa ko bari i Moscow, aho bahawe ubuhungiro n’u Burusiya, nyuma yo guhirikwa ku butegetsi n’imitwe yitwaje intwaro iyobowe na Tahrir al-Sham (HTS).
-
Kamonyi: Umuntu yagaragaye muri Nyabarongo ari mu rwasaya rw’ingona
26 September 2025, by ISIMBI EstellaUmurambo w’umuntu utaramenyekana wagaragaye mu mugezi wa Nyabarongo ari mu rwasaya rw’ingona iri kuwurya, abantu bagerageje kwegera aho iyo ngona yari iri ihita yibira mu mazi barayibura.
-
Uganda: Umunyarwenya Alex Muhangi yikomye Bebe Cool
20 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma y’uko Bebe Cool atumiwe mu gitaramo ‘Comedy store’ cyagombaga kubera mu Mujyi wa Kampala mu ijoro ryo ku wa 19 Gashyantare 2025 akavayo ataririmbye, Alex Muhangi yamwakijeho umuriro mu butumwa yatambukije ku mbuga nkoranyambaga.
-
Imanzi, Sosiyete y’Abakozi ba Kaminuza yatikije asaga Miliyoni 500 bakihanagura
11 May 2025, by Joseph IradukundaKuva kuri Prof Lwakabamba wari Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza kugeza ku mukozi muto, Abarimu mu ngeri zose aba bose bagaragara ku rutonde rw’abanyamigabane 540 nk’abari batangije Sosiye Imanzi yari igiye gukora Ubucuruzi mu Mujyi wa Huye!
Gusa, ab’inkwakuzi 7 bahise biyandikaho iyo Sosoyete n’imigabane yose ya bagenzi babo! Ariko nanonye ntibyabijije ko kuva 2012 kugeza 2014 miliyoni zirenga 300 zari zimaze kugera kuri Konti y’Imanzi nk’Imigabane y’Abanyamuryango akatwa ku mishahara yabo! (…) -
Ibindi bikoresho bya SAMIDRC byacyuwe binyujijwe mu Rwanda
8 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAmakamyo atwaye ibikoresho by’ingabo zari mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (SAMIDRC), yanyuze mu Rwanda kuri uyu wa 8 Gashyantare 2025, abicyuye.
-
Abatujwe hafi yagereza ya Huye bizezwa ko izimuka babangamiwe n’umunuko uyiturukamo
20 September 2017, by Nsanzimana ErnestAbaturage batujwe hafi ya gereza ya Huye hagendewe ku gishushanyo mbonera cy’umugi wa Huye bakanizezwa ko iyi gereza izimuka baravuga ko babangamiwe n’umunuko w’imyanda ituruka muri iyi gereza.
Abaturage batuye mu mudugudu w’ikitegerezo ahazwi nko ku Karubanda, mu Murenge wa Ngoma mu Karere ka Huye, bavugako babangamiwe n’umunuko uva muri gereza ya Huye. Uyu munuko ngo wumvikana amasaha yose yaba aya mu gitondo cyangwa nimugoroba.
Bavuga batujwe muri aka gace mu rwego rwo kubahiriza (…) -
U Rwanda rwaje ku mwanya wa kabiri mu bihugu bitekanye muri Afurika y’Iburasirazuba
7 July 2025, by ISIMBI EstellaRaporo y’Ikigo cy’ubushakashatsi ku icungamutungo n’Amahoro izwi nka ‘Global Peace Index: GPI’ yashyize u Rwanda ku mwanya wa kabiri muri Afurika y’Iburasirazuba mu bihugu bitekanye, ruba urwa 15 mu bihugu byo muri Afurika yo munsi y’Ubutayu bwa Sahara.
-
Polisi y’u Rwanda n’iya Jordanie zasinyanye amasezerano y’ubufatanye
3 September 2024, by Joseph IradukundaPolisi y’u Rwanda n’iyUbwami bwa Jordanie, kuri uyu wa Mbere tariki ya 2 Nzeri 2024 zasinyanye amasezerano y’ubufatanye.
-
Pasiteri Mpyisi yamenye amabanga ye arimo uko yakundaga udukumi,kuba yarambaye Ipantalo bwa mbere ayidodesheje i Bujumbura nibindi
19 June 2019, by Martin MunezeroPasiteri Ezra Mpyisi umwe mu basaza bakuze ariko kandi banafite amateka mu Rwanda, yabaye icyamamare cyane ku mbuga nkoranyambaga kubera inyigisho agenda atanga ndetse n’izindi bivugwa ko ahimbirwa mu rwego rwo gutebya. Uyu mugabo mu minsi ishize yaganiriye na Televiziyo Rwanda atangaza byinshi abantu batari bamuziho.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yagiriye uruzinduko rw’akazi muri Qatar
Perezida Assad wa Syria ashobora kuba yahungiye mu Burusiya
Kamonyi: Umuntu yagaragaye muri Nyabarongo ari mu rwasaya rw’ingona
Uganda: Umunyarwenya Alex Muhangi yikomye Bebe Cool
Imanzi, Sosiyete y’Abakozi ba Kaminuza yatikije asaga Miliyoni 500 bakihanagura
Ibindi bikoresho bya SAMIDRC byacyuwe binyujijwe mu Rwanda
U Rwanda rwaje ku mwanya wa kabiri mu bihugu bitekanye muri Afurika y’Iburasirazuba
Polisi y’u Rwanda n’iya Jordanie zasinyanye amasezerano y’ubufatanye