Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Ukraine, Dmytro Kuleba, kuri uyu wa Kabiri yatangiye urugendo rwe rwa mbere mu Bushinwa kuva inshuti yabwo, u Burusiya, bwatera igihugu cye mu 2022.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Ukraine yasuye inshuti magara y’u Burusiya
23 July 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Norway igiye kohereza mu Rwanda François Gasana ukekwaho Jenoside
27 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi ya Noruveje (Norway) yatangaje umugambi wo koherereza ubutabera bw’u Rwanda François Gasana ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
‘Ugeze I Kigali aba agomba guhumeka Kigali akaririmba indirimbo Kigali iririmba’ Patricie Muhongerwa
9 May 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’ umugi wa Kigali wungirije ushinzwe imibereho myiza y’ abaturage yavuze ko umuntu wese ugeze I Kigali agomba guhumeka Kigali akarimba indirimbo Kigali iririmba ariyo ‘isuku n’ umutekano’, nyuma asubiza abibaza niba koko Kigali ifite isuku.
-
Umuhango wo gutora Papa ku munsi wa kabira ntiyabonetse
8 May 2025, by Joseph IradukundaKu gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 8 Gicurasi 2025 i Vatican hongeye kugaragara umwotsi w’umukara bivuze ko Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi ataraboneka.
-
Album ya Justin Bieber yaciye agahigo kuri Billboard’
22 July 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi w’icyamamare wo muri Canada, Justin Bieber, yaciye uduhigo twinshi ku ndirimbo zigezweho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, kuri Billboard Hot 100 na Billboard 200 zose zikaba ziri mu zigize Alubumu ye yise Swag.
-
Uganda: Abangavu barenga 78% bakoze imibonano mpuzabitsina
29 September 2025, by ISIMBI EstellaRaporo y’uko ubuzima buhagaze muri Uganda, yagaragaje ko 78% by’abana b’abakobwa bari munsi y’imyaka 19, bakiri mu mashuri bakoze imibonano mpuzabitsina bwa mbere, ibikomeje guteza impungenge ku bijyanye n’inda ziterwa abangavu ziri kwiyongera.
-
Minisitiri Lammy w’u Bwongereza ategerejwe mu Rwanda
22 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bwongereza, David Lammy, ategerejwe mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda kuri uyu wa 22 Gashyantare 2025.
-
Amerika: Kamala Harris yarushije ibice 2% Trump mu ikusanyabitekero ryakozwe
24 July 2024, by AHISHAKIYE EmmanuelIbipimo by’ikusanyabitekerezo ryerekeye amatora ateganijwe muri Amerika mu Gushyingo uyu mwaka bigaragaza ko Visi Perezida Kamala Harris ari imbere ya Donald Trump ibice bibiri ku ijana.
-
RDC: Imfungwa zahawe imbabazi na Perezida Tshisekedi zibanza kwakwa ruswa kugira ngo zirekurwe
16 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuryango Bill Clinton Foundation uharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo watabarije imfungwa Perezida Félix Tshisekedi aherutse kubabarira kuko ngo ziri gusabwa ruswa kugira ngo zifungurwe.
-
Kabila yibiye ibanga Tshisekedi wamusimbuye agaragaza amahitamo atatu asigaranye
25 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuJoseph Kabila Kabange wabaye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yagaragarije Felix Tshisekedi wamusimbuye, ko asigaranye amahitamo atatu, arimo kwegura ibintu bitaramubana bibi kurushaho.
Umuryango.rw
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Ukraine yasuye inshuti magara y’u Burusiya
Norway igiye kohereza mu Rwanda François Gasana ukekwaho Jenoside
Umuhango wo gutora Papa ku munsi wa kabira ntiyabonetse
Album ya Justin Bieber yaciye agahigo kuri Billboard’
Uganda: Abangavu barenga 78% bakoze imibonano mpuzabitsina
Minisitiri Lammy w’u Bwongereza ategerejwe mu Rwanda
Amerika: Kamala Harris yarushije ibice 2% Trump mu ikusanyabitekero ryakozwe
RDC: Imfungwa zahawe imbabazi na Perezida Tshisekedi zibanza kwakwa ruswa kugira ngo zirekurwe
Kabila yibiye ibanga Tshisekedi wamusimbuye agaragaza amahitamo atatu asigaranye