Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yagiranye ibiganiro n’Umuyobozi Mukuru wa GX Foundation, Leung Chun-Ying, byagarutse ku mahirwe y’imikoranire mu guteza imbere urwego rw’ubuzima mu Rwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yaganiriye n’Umuyobozi wa GX Foundation ku byateza imbere ubuvuzi
15 January, by Angeline MUKANGENZI -
Uko siporo ifasha guhangana n’ihungabana rikomoka kuri Jenoside: Dr. Iyamuremye twaganiriye
13 April 2025, by ISIMBI EstellaIkigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) giherutse kugaragaza ko nubwo hashize imyaka 31 Jenoside yakorewe Abatutsi ibaye, mu Rwanda hakiri abantu benshi bagaragaza ihungabana rifite aho rihuriye n’ibihe bikomeye banyuzemo mu 1994, kuko mu 2024 honyine abarenga 2016 bagize ihungabana mu Cyumweru cy’Icyunamo ariko barafashwa, abadahise bakira bakomeza kwitabwaho mu ngo zabo.
-
Diamond yasabye Perezida Samia Suluhu kubaka Arena nk’iyo mu Rwanda
27 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi w’icyamamare muri Tanzania, Diamond Platnumz yasabye Perezida Samia Suluhu Hassan gushyiraho inyubako yakira ibitaramo n’ibindi bikorwa by’imyidagaduro, imeze nk’iya BK Arena yo mu Rwanda.
-
Inteko Ishinga Amategeko yemeje bidasubirwaho Donald Trump nka Perezida wa Amerika
7 January 2025, by Joseph IradukundaInteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yemeje Donald Trump nk’uwatsinze amatora ya Perezida aherutse kuba muri icyo gihugu, akazayoborana na Visi Perezida we, J.D. Vance.
-
Perezida Macron yigaramye ibyo gufunga Umuyobozi wa Telegram kubera impamvu za politike
27 August 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yavuze ko ifungwa ry’uwashinze urubuga Telegram akaba n’Umuyobozi warwo, Pavel Durov, ridashingiye ku mpamvu za politiki.
-
Kumurwanya ni ukuturwanya - Gen Muhoozi asubiza uwamunenze kuvuga neza Perezida Kagame
9 July 2025, by ISIMBI EstellaUmugaba Mukuru w’ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yasubije uwamunenze gushyigikira Perezida Paul Kagame, amubwira ko gushaka kuzimya Umukuru w’Igihugu ari ukwishora mu muriro.
-
Abize ayisumbuye 14 mu igororero rya Nyagatare batangiye ibizamini bya Leta
9 July 2025, by ISIMBI EstellaUrwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS), rwatangaje ko abanyeshuri 14 bo mu Igororero ry’abana rya Nyagatare barimo umukobwa umwe, kimwe n’abandi banyeshuri mu mashuri yisumbuye mu Gihugu hose, na bo bitabiriye ibizamini bya Leta.
-
Perezida Kagame yasuye umuhanda wa Formula 1 muri Azerbaijan
22 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Repubulika Paul Kagame, uri mu ruzinduko muri Azerbaijan, yasuye umuhanda uberamo amasiganwa y’imodoka nto za Formula 1.
-
Turukiya:Perezida Erdogan yiyemeje guhangayikisha Finland na Sweden bishaka kujya muri OTAN
17 May 2022, by Dusingizimana RemyPerezida wa Turukiya yongeye kuvuga ko adashyigikiye ko Finland na Suède (Sweden) byinjira mu muryango w’ubwirinzi bwa gisirikare bw’Uburayi n’Amerika (OTAN/NATO) - nyuma y’amasaha ibyo bihugu bivuze ko bizasaba kuwinjiramo.
Recep Tayyip Erdogan yavuze ko ibi bihugu bibiri byo mu Burayi bw’amajyaruguru bidakwiye kohereza muri Turukiya intumwa zo kugerageza kumvisha uyu munyamuryango wa OTAN ibya gahunda zabyo zo gushaka kwinjira muri OTAN.
Erdogan arakajwe n’icyo abona ko ari ubushake (…) -
Dore bimwe mu bintu 5 byavuzwe n’abapasiteri/kazi bo mu Rwanda bogafatwa nk’ ibinyoma bya Semuhanuka
17 May 2018, by Muhire JasonMu binyoma byavuzwe n’abapasiteri/kazi bigafatwa nk’ ibinyoma bya Semuhanuka turasangamo Gitwaza wavuze ko yahamagajwe na Papa akamubaza ibibazo 120 , Apotre Rwandamura wavuze ko nta mukene uzakandagira mu ijuru , Pasiteri igiharamagara wavuze ko yahuye n’Imana arayisetsa ndetse n’abandi .
Umuryango.rw
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yaganiriye n’Umuyobozi wa GX Foundation ku byateza imbere ubuvuzi
Uko siporo ifasha guhangana n’ihungabana rikomoka kuri Jenoside: Dr. Iyamuremye twaganiriye
Diamond yasabye Perezida Samia Suluhu kubaka Arena nk’iyo mu Rwanda
Inteko Ishinga Amategeko yemeje bidasubirwaho Donald Trump nka Perezida wa Amerika
Perezida Macron yigaramye ibyo gufunga Umuyobozi wa Telegram kubera impamvu za politike
Kumurwanya ni ukuturwanya - Gen Muhoozi asubiza uwamunenze kuvuga neza Perezida Kagame
Abize ayisumbuye 14 mu igororero rya Nyagatare batangiye ibizamini bya Leta
Perezida Kagame yasuye umuhanda wa Formula 1 muri Azerbaijan
Turukiya:Perezida Erdogan yiyemeje guhangayikisha Finland na Sweden bishaka kujya muri OTAN