Umusore w’imyaka 26 wari usanzwe atuye mu Karere ka Kayonza yasanzwe amanitse mu gisenge cy’inzu yabagamo yapfuye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umusore w’i Kayonza, bikekwa ko yiyahuye kubera Rayon Sports yanyagiwe na APR FC
12 January, by ISIMBI Estella -
FERWAFA yashubije umutoza Spittler ku isoko ry’umurimo
22 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmudage Frank Spittler ntabwo azongererwa amasezerano yo gutoza Amavubi yari amaze umwaka atoza nk’uko byatangajwe n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda kuri uyu wa Kabiri.
-
FARDC yongeye kwigarurira ahantu 7 hacukurwa amabuye y’agaciro muri Djugu
30 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKu wa Kabiri, itariki ya 29 Ukwakira 2024, igisirikare cyavuze ko byibuze imidugudu irindwi yari yigaruriwe n’imitwe yitwaje intwaro yitwa Zaire na CODECO mu karere gacukurwamo amabuye y’agaciro muri Teritwari ya Djugu (Ituri) imaze icyumweru cyose igenzurwa na FARDC.
-
Urujijo ku ndege yageze i Miami yatobowe n’isasu
25 February, by Angeline MUKANGENZIIndege ya sosiyete ya American Airlines yavaga muri Colombia, yasanzwemo umwobo bigaragara ko ari uwanyuzemo isasu, biteza urujijo kuko hatigeze hamenyekana igihe yarasiwe.
-
Maj.Karindinefu wari ushinzwe itumanaho muri FLN yishwe na FARDC
12 January 2020, by Dusingizimana RemyMaj Bokande jules Karindinefu wari ushinzwe itumanaho rya gisilikare muri FLN yiciwe mu gitero yagabweho n’ingabo za RDC mu gihe na Liyetona Jean Claude yafashwe mpiri.
-
Sudani yasubiye bucece mu muryango wa IGAD
24 December 2024, by Joseph IradukundaLeta ya Sudani yari imaze hafi umwaka yarateye umugongo umuryango wo muri Afurika y’Iburasirazuba no mu Ihembe rya Afurika ugamije iterambere, IGAD yasubiye mu nama zawo mu buryo bw’ibanga, bitanga icyizere ko imaze kugarukira ubuhuza bw’uyu muryango.
-
Hongeye kwaduka imirwano hagati ya Thailand na Cambodia
8 December 2025, by ISIMBI EstellaIngabo za Thailand zatangaje ko zatangiye kugaba ibitero byo mu kirere ku butaka bwa Cambodia mu duce two ku mupaka, ndetse ibyo bitero byakurikiwe n’imirwano ikaze hagati y’impande zombi.
-
Claudine wabaye umuyobozi wungirije wa RBA yatabarutse
14 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuClaudine DeLucco Uwanyiligira wabaye Umuyobozi Wungirije w’Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru (RBA) yitabye Imana mu ijoro rishyira kuri uyu wa Kabiri.
-
Amayobera ku cyateye inkongi y’umuriro yibasiye ububiko bw’ikimoteri cy’i Huye ikamara umwanya munini
26 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbubiko bwa Kompanyi ikusanya ibishingwe bigarwamo ibindi bikoresho, buherereye mu Murenge wa Huye mu Karere ka Huye, bwibasiwe n’inkongi y’umuriro yirije umunsi, ariko icyayiteye kiba urujijo kuko nta n’umuntu wahageze.
-
Putin yaburiye Amerika n’u Bwongereza
22 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Vladimir Putin w’u Burusiya, yatanze umuburo w’uko na we ashobora kurasa ku bihugu biri guha Ukraine intwaro iri kwifashisha irasa ku gihugu cye.
Umuryango.rw
Umusore w’i Kayonza, bikekwa ko yiyahuye kubera Rayon Sports yanyagiwe na APR FC
FERWAFA yashubije umutoza Spittler ku isoko ry’umurimo
FARDC yongeye kwigarurira ahantu 7 hacukurwa amabuye y’agaciro muri Djugu
Urujijo ku ndege yageze i Miami yatobowe n’isasu
Sudani yasubiye bucece mu muryango wa IGAD
Hongeye kwaduka imirwano hagati ya Thailand na Cambodia
Claudine wabaye umuyobozi wungirije wa RBA yatabarutse
Amayobera ku cyateye inkongi y’umuriro yibasiye ububiko bw’ikimoteri cy’i Huye ikamara umwanya munini
Putin yaburiye Amerika n’u Bwongereza