Abakunzi n’abafana ba APR FC bazwi nk’Intare Nkuru, bakoze igikorwa cyo kugaragaza imihigo yabo mu ijoro ryiswe ‘Ijoro ry’Intare’, bahahigira gutanga miliyoni 500 Frw mu mwaka utaha w’imikino wa 2025/26.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ijoro ry’Intare ryasigiye APR FC miliyoni 500 Frw
15 August 2025, by ISIMBI Estella -
Arsenal izamara ibyumweru byinshi itegereje Bukayo Saka wavunitse
23 December 2024, by Joseph IradukundaUmutoza wa Arsenal, Mikel Arteta, yavuze ko Bukayo Saka ukina ku mpande asatira izamu, azamara ibyumweru byinshi adakina nyuma yo kugira imvune iturutse ku mitsi yo mu kibero.
-
Abapolisi b’u Rwanda 176 berekeje mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo
9 October 2020, by Dusingizimana RemyMu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 09 Ukwakira 2020, itsinda ry’abapolisi 176 riyobowe na Chief Superintendent Carlos Kabayiza, ryagiye mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo.Aba bapolisi oherejwe gusimbura abandi bapolisi b’u Rwanda bari bamazeyo amezi 18.
-
U Buhinde: Abarenga 200 batwawe n’umwuzure
15 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmwuzure watewe n’imvura nyinshi wibasiye agace k’intara ya Kashmir kagenzurwa n’u Buhinde wishe abaturage 46, abandi barenga 200 baburirwa irengero.
-
USA: Umuyobozi wa FBI agiye kwegura
12 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Iperereza imbere muri Amerika, FBI, Christopher Wray, yatangaje ko azakora inshingano ze kugeza muri Mutarama 2025, akegura mbere y’uko Perezida Donald Trump atangira kuyobora Amerika.
-
Rubavu: Bajujubijwe n’abajura biba insinga zibagezaho amashanyarazi
14 October 2025, by ISIMBI EstellaAbaturage bo mu Mudugudu wa Rusamaza, Akagari ka Muhira, Umurenge wa Rugerero, mu Karere ka Rubavu, baratabaza inzego zibishinzwe bazisaba kubamururaho abajura babarembeje, aho badahwema kwiba insinga z’amashanyarazi ndetse bakanabatoborera inzu.
-
Tuzajya kuzisura tureba ko zujuje ibisabwa - Dr Uwicyeza avuga ku gufungura insengero zafunzwe
30 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Imiyoborere RGB, Dr Doris Uwicyeza Picard, yatangaje ko nubwo hari insengero zafunzwe kubera kutuzuza ibisabwa ubu bivugwa ko zabyujuje, bizafata umwanya wo kuzisura no kwiga kuri dosiye zazo kugira ngo zongere gufungurwa.
-
Benjamin Šeško yarokoye Manchester United imbere ya Everton
24 February, by ISHIMWE Jean de DieuRutahizamu wa Manchester United, Benjamin Šeško yatsindiye ikipe ye igitego kimwe rukumbi ubwo yatsindaga Everton mu mukino w’umunsi wa 27 wa Shampiyona.
-
Uko isi yiriwe tariki 21 Gicurasi 2018
21 May 2018, by Nsanzimana ErnestMu nshamake y’ uko Isi ya tariki 21 Gicurasi 2018 yiriwe harimo ko Amerika irimo gufatira Iran ibihano bitigeze bibaho mu mateka y’ isi, Iran abantu barenga 800 bariye ibihumbyo barahumana. Ibindi ni uko u Rwanda rwashyize umukono ku masezerano abiri atandukanye, ahantu hatandukanye ariko yombi agamije iterambere rinyuranye. Mu Burundi ibyavuye mu itora rya Kamarampaka byatangajwe.
-
Liam Rosenior yagizwe Umutoza mushya wa Chelsea
6 January, by ISIMBI EstellaUmwongereza Liam Rosenior watozaga ikipe ya Strasbourg, yatangaje ko agiye gutoza Chelsea FC yo mu Bwongereza.
Umuryango.rw
Ijoro ry’Intare ryasigiye APR FC miliyoni 500 Frw
Arsenal izamara ibyumweru byinshi itegereje Bukayo Saka wavunitse
Abapolisi b’u Rwanda 176 berekeje mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo
U Buhinde: Abarenga 200 batwawe n’umwuzure
USA: Umuyobozi wa FBI agiye kwegura
Rubavu: Bajujubijwe n’abajura biba insinga zibagezaho amashanyarazi
Tuzajya kuzisura tureba ko zujuje ibisabwa - Dr Uwicyeza avuga ku gufungura insengero zafunzwe
Benjamin Šeško yarokoye Manchester United imbere ya Everton
Liam Rosenior yagizwe Umutoza mushya wa Chelsea