Leta zunze ubumwe z’Amerika n’Ubwongereza byasabye Isiraheli na Irani gucisha make nyuma yuko Isiraheli igabye ibitero by’indege ku bigo bya gisirikari bya Irani mu bice bitandukanye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Isiraheri Yagabye Ibitero Byibasiye Ibigo bya Gisirikari bya Irani
27 October 2024, by Joseph Iradukunda -
Igihugu cya Hongrie cyatangaje ko giteganya kuva muri ICC
3 April 2025, by Angeline MUKANGENZILeta ya Hongrie yatangaje ko igiye kuva mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) nyuma y’aho Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, agiriye uruzinduko rw’akazi i Budapest ku wa 3 Mata 2025.
-
Hamenyekanye amafaranga Perezida wa FERWAFA yahaye Amavubi nk’agahimbazamusyi ayakuye ku ikofi ye
10 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma yuko Perezida mushya w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru (FERWAFA) Shema Ngoga Fabrice yizeje Amavubi kubakandira akanyenyeri nyuma yo gutsinda Zimbabwe, amakuru agezweho aremeza ko yabageneye Miliyoni 40 Frw nk’agahimbazamusyi we abihereye, kandi ko yamaze kubageraho.
-
Minisitiri w’Intebe wa Sénégal yatangaje ko ingabo z’amahanga ziri ku butaka bwayo zose zigomba kuhava
22 May 2025, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Intebe wa Sénégal, Ousmane Sonko, yatangaje ko ingabo z’amahanga zose ziri muri iki gihugu zikwiriye kuvayo bitarenze mu mpera za Nyakanga 2025.
-
FBI iri gukora iperereza kuri coup d’état yapfubye i Kinshasa
7 February, by Angeline MUKANGENZIUrwego rw’ubugenzacyaha rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, FBI, ruri gukora iperereza ku igerageza ryo guhirika ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryabaye mu 2024.
-
Tshisekedi ashaka kugaba ibitero byo kwisubiza ibice bigenzurwa na AFC/M23
23 January, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo, afite intego yo kwisubiza mu gihe cya vuba ibice byose bigenzurwa n’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwe.
-
Bill Gates yigaramye ubutumwa bwa Eptsein bw’uko yanduriye indwara mu busambanyi
4 February, by Angeline MUKANGENZIBill Gates yigaramye ubutumwa bwa Jeffrey Epstein, buvuga ko uyu munyemari yigeze kwanduzwa indwara zandurira mu mubibonano mpuzabitsina n’Umurusiyakazi baryamanye.
-
Ubunini bwa dosiye busubikishije urubanza rw’abo kwa Rwigara
20 October 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa Gatanu tariki ya 20 Ukwakira 2017 Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwafashe umwanzuro wo gusubika urubanza rw’abo mu muryango wa Rwigara; Dianne Rwigara, Anne Uwamahoro Rwigara na Mukangemanyi Rwigara, byimuriwe ku wa 23 Ukwakira 2017.
Ku mugoroba wo kuwa Gatatu nibwo Urukiko rwasoje kuburanisha urubanza ubushinjacyaha bukurikiranyemo ibyaha byo guteza imvururu muri rubanda abo mu muryango wa Nyakwigendera Assinapol Rwigara. Diane Nshimiyimana Rwigara Ubushinjacyaha (…) -
U Rwanda rwajyanye u Bwongereza mu rukiko kubera guhagarika amasezerano y’abimukira
27 January, by ISIMBI EstellaLeta y’u Rwanda ihagarariwe n’Intumwa Nkuru yayo, Minisitiri Dr. Emmanuel Ugirashebuja, yajyanye u Bwongereza mu rukiko mpuzamahanga rw’ubuhuza rwo mu Buholandi, irusaba kubutegeka kwishyura arenga miliyoni 50 z’Amapawundi kubera amasezerano y’abimukira yahagaritswe.
-
Biniam, Henok na Kudus mu bo Eritrea izifashisha muri Shampiyona y’Isi y’Amagare
12 September 2025, by ISIMBI EstellaBiniam Girmay, Henok Mulubrhan na Merhawi Kudus bari mu bakinnyi batandatu bagize Ikipe y’Abagabo izahagararira Eritrea muri Shampiyona y’Isi y’Amagare izabera i Kigali tariki 21-28 Nzeri 2025.
Umuryango.rw
Isiraheri Yagabye Ibitero Byibasiye Ibigo bya Gisirikari bya Irani
Igihugu cya Hongrie cyatangaje ko giteganya kuva muri ICC
Hamenyekanye amafaranga Perezida wa FERWAFA yahaye Amavubi nk’agahimbazamusyi ayakuye ku ikofi ye
Minisitiri w’Intebe wa Sénégal yatangaje ko ingabo z’amahanga ziri ku butaka bwayo zose zigomba kuhava
Tshisekedi ashaka kugaba ibitero byo kwisubiza ibice bigenzurwa na AFC/M23
Bill Gates yigaramye ubutumwa bwa Eptsein bw’uko yanduriye indwara mu busambanyi
U Rwanda rwajyanye u Bwongereza mu rukiko kubera guhagarika amasezerano y’abimukira
Biniam, Henok na Kudus mu bo Eritrea izifashisha muri Shampiyona y’Isi y’Amagare