Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yongeye kohereza imfashanyo ingana na toni 19 zirimo ibyo kurya by’abana, imiti n’ibikoresho byo kwa muganga mu rwego rwo gufasha abaturage bugarijwe n’intambara muri Gaza.
Iyi mfashanyo yatanzwe ku bufatanye n’Ubwami bwa Hashemite bwa Jordanie, binyujijwe mu Muryango udaharanira inyungu witwa Jordan Hashemite Charity Organization ukorera i Ammam.
Itangazo rya Guverinioma y’u Rwanda rwo kuwa 7 Ugushyingo 2024, yavuze ko “iyo mfashanyo ikubiye muri (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
U Rwanda rwoherereje imfashanyo abaturage bibasiwe n’intamabara muri Gaza
8 November 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Kenya yafunze Mwangi ushinjwa gushishikariza imyigaragambyo yo kwamagana leta
28 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuBoniface Mwangi, uzwi cyane mu guharanira uburenganzira bwa muntu muri Kenya, yatawe muri yombi mu gitondo cyo ku Cyumweru afatiwe iwe. Polisi yamushinje “gukangurira urugomo”, igihe yahamagazaga imyigaragambyo yo kwamagana leta. Abamwegereye basaba ko arekurwa kandi bamagana icyo bita igitero ku bwisanzure mu gutanga ibitekerezo.
-
Kabila na Katumbi bahuje ijwi bamagana abarimo Ingabo z’u Burundi muri RDC
27 December 2024, by Joseph IradukundaAbanyapolitiki Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Moïse Katumbi Chapwe wahoze ari Guverineri w’Intara ya Katanga, bamaganye Abacanshuro n’Ingabo z’amahanga ziri muri RDC.
-
Dosiye ya Bishop Gafaranga yagejejwe mu Rukiko hamenyekana n’itariki azaburaniraho
20 May 2025, by Angeline MUKANGENZIBishop Gafaranga watawe muri yombi akurikiranyweho ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina, yamaze kuregerwa Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamata.
-
Umurambo w’umuntu wasanzwe mu kibuga cy’indege cya Entebbe
11 February, by ISIMBI EstellaUmurambo w’umugabo bigaragara ko yahiye mbere yo gupfa, wasanzwe muri umwe mu mihanda y’indege (runway), ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Entebbe muri Uganda.
-
Ba Musenyeri bo muri RDC nyuma yo guhura na AFC/M23, bakiriwe na Perezida Kagame
14 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Paul Kagame ku wa Kane yakiriye mu biro bye ba Musenyeri bagize Inama Nkuru y’Abepiskopi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (CENCO).
-
Umufaransa yateye inda abakobwa barenga 600 mu bihugu 6 bya Afurika
28 February 2018, by Nsanzimana ErnestIkinyamakuru cyandika inkuru zibanda kudushya tubera ku mugabane wa Afurika cyatangaje ko mukerarugendo w’ Umufaransa yateye inda abakobwa barenga 600 bo mu bihugu 6 bitandukanye byo muri Afurika mu gihe cy’ imyaka ibiri yamaze azenguruka muri ibi bihugu.
Abakobwa batewe inda ni abo muri Nigeria, Cameroun, Côte d’Ivoire, Togo, Ghana na Guinea.
Uyu Mufaransa witwa Jean Michel afite imyaka 40 y’ amavuko aya makuru yayatangarije Africa24.info. UMURYANGO ukesha iyi nkuru.
Yagize ati (…) -
SKOL,isoko y’imyidagaduro ku Banyarwanda
30 December 2020, by Dusingizimana RemyUruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye rwa SKOL ruzwiho guha abakiliya barwo ibicuruzwa byujuje ubuziranenge ndetse rugafasha abanywa ibinyobwa byarwo kwishima no kuryoherwa n’ubuzima.
-
USA:Imiyoborere ishingiye ku mahame ya Gikiristu ntishyigikiwe n’ishyaka rya Harris ku butegetsi
11 October 2024, by Joseph IradukundaAbaturage ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika binganjemo abo mu ishyaka riharanira Repubulika rizwi nk’Abarepubulike ( Republican) bifuza ko Leta zunze ubumwe z’Amerika zayoborwa zigendera ku mahame ya Gikiristu mu gihe abo mu ishyaka riharanira Demukarasi bazwi nk’Abademukarate ( Democrats) bo icyo cyifuza bacyamaganiye kure .
-
RDC yareze MTN iyishinja gukorera i Goma na Rutshuru nta ruhushya
12 February, by ISIMBI EstellaIkigo gishinzwe kugenzura itumanaho muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (ARPTC) cyatangaje ko cyareze sosiyete ya MTN Group kiyishinja gutanga serivisi z’itumanaho mu mijyi ya Goma na Rutshuru nta ruhushya ruyemerera kuhakorera.
Umuryango.rw
U Rwanda rwoherereje imfashanyo abaturage bibasiwe n’intamabara muri Gaza
Kenya yafunze Mwangi ushinjwa gushishikariza imyigaragambyo yo kwamagana leta
Kabila na Katumbi bahuje ijwi bamagana abarimo Ingabo z’u Burundi muri RDC
Dosiye ya Bishop Gafaranga yagejejwe mu Rukiko hamenyekana n’itariki azaburaniraho
Umurambo w’umuntu wasanzwe mu kibuga cy’indege cya Entebbe
Ba Musenyeri bo muri RDC nyuma yo guhura na AFC/M23, bakiriwe na Perezida Kagame
USA:Imiyoborere ishingiye ku mahame ya Gikiristu ntishyigikiwe n’ishyaka rya Harris ku butegetsi
RDC yareze MTN iyishinja gukorera i Goma na Rutshuru nta ruhushya