Nyuma y’imyaka isaga 4 Perezida w’u Rwanda Paul Kagame na Nkurunziza Pierre uyobora Uburundi badahura,kuri uyu wa Gatatu taliki ya 09 Ukwakira bazahurira I Bukavu muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo mu nama yo kwiga uko ibi bihugu uko ari 3 byashyiraho umutwe umwe w’umutekano.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida Kagame na Nkurunziza w’Uburundi bagiye guhurira I Bukavu muri gahunda ijyanye n’umutekano
7 October 2019, by Dusingizimana Remy -
U Rwanda rwashoye miliyari 300 Frw: Amapfa mu Burasirazuba agiye kuba amateka
15 December 2025, by ISIMBI EstellaLeta y’u Rwanda igiye gushora miliyari 300 z’amafaranga y’u Rwanda mu mushinga w’imyaka 6 yo guhangana n’ikibazo cy’imihindagurikire y’ibihe mu Ntara y’Iburasirazuba, by’umwihariko mu Mirenge y’Akarere ka Kayonza ikunze kwibasirwa n’izuba ryinshi.
-
Burundi: Iperereza ryafunze uwari impunzi yatashye ivuye mu Rwanda
4 October 2024, by Joseph IradukundaUwitwa Karangwa, uri mu myaka 40, akomeje kubura kuva ku itariki ya 20 Nzeri 2024 nyuma yo gushimutirwa iwe mu gace ka Kijumbura muri Komini Giteranyi mu Ntara ya Muyinga (mu majyaruguru y’uburasirazuba bw’u Burundi.
-
Venezuela yavuye ku izima, yemerera abikorera gucukura peteroli
30 January, by Angeline MUKANGENZIPerezida w’Inzibacyuho wa Venezuela, Delcy Rodriguez, yatangaje ko yasinye umushinga w’itegeko ryemerera ibigo byigenga kwinjira mu bucukuzi bwa peteroli, aho gukorwa na leta gusa.
-
Ingabire Victoire mu ruhuri rw’ibibazo nyuma yo gutangaza izina ry’ishyaka rye rishya
12 November 2019, by Martin MunezeroNyuma yo gutangaza ko yitandukanyije n’ishyaka rya FDU Inkingi yari abereye umuyobozi, Victoire Ingabire abantu bari kumwibazaho byinshi bibaza uburyo yatangaje ko yashinze ishyaka rishya kandi nyamara ritarandikwa byemewe n’amategeko ndetse izina yahisemo bikaba bivugwa ko ryamaze gufatwa n’abandi.
-
Abanyarwanda bitegure umuyaga mwinshi uhera kuri uyu wa kane- Meteo Rwanda
3 October 2024, by Joseph IradukundaIkigo cy’u Rwanda gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda) cyatangaje ko kuva uyu munsi ku wa Kane tariki 03 kugeza tariki 04 Ukwakira 2024, mu gihugu hose hateganyijwe umuyaga mwinshi ufite umuvuduko kuva kuri metero 6 kugeza kuri metero 13 ku isegonda.
-
REG WBBC yegukanye igikombe isuzuguye APR
12 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe ya REG y’abari n’abategarugori yatwaye Igikombe cya Shampiyona ya Basketball y’Abagore nyuma yo gutsinda APR W BBC amanota 71-63, yuzuza imikino ine APR WBBC idakozemo “sweep.”
-
U Rwanda rwakiriye ibiganiro byahuje abayobozi ba Amerika n’Abambasaderi bo muri Afurika
13 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAmbasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Mathilde Mukantabana yakiriye ibiganiro byahuje Abambasaderi bo ku Mugabane wa Afurika na Sheila Cherfilus-McCormick na Jonathan L. Jackson bari mu bagize Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika.
-
Abaraperi batabaye Bushali mu gushyingura umubyeyi we
18 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbaraperi bongeye kugaragaza ubumwe hagati yabo ubwo batabaraga mugenzi wabo, Bushali uri mu bahanzi bakunzwe cyane bakora injyana na rap, mu muhango wo guherekeza umubyeyi we uherutse kwitaba Imana.
-
U Burundi bwasabye abaterankunga kubufasha impunzi z’Abanye-Congo
19 December 2025, by ISIMBI EstellaMinisiteri y’Umutekano w’Imbere mu Burundi iri gusaba abaterankunga ubufasha bwo kwita ku mpunzi nyinshi zaturutse mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu minsi ishize.
Umuryango.rw
U Rwanda rwashoye miliyari 300 Frw: Amapfa mu Burasirazuba agiye kuba amateka
Burundi: Iperereza ryafunze uwari impunzi yatashye ivuye mu Rwanda
Venezuela yavuye ku izima, yemerera abikorera gucukura peteroli
Abanyarwanda bitegure umuyaga mwinshi uhera kuri uyu wa kane- Meteo Rwanda
REG WBBC yegukanye igikombe isuzuguye APR
U Rwanda rwakiriye ibiganiro byahuje abayobozi ba Amerika n’Abambasaderi bo muri Afurika
Abaraperi batabaye Bushali mu gushyingura umubyeyi we
U Burundi bwasabye abaterankunga kubufasha impunzi z’Abanye-Congo