Umuryango wa Edgar Lungu wayoboye Zambia wanze ko umurambo we ukurwa muri Afurika y’Epfo ngo ujyanywe gushyingurwa mu gihugu cye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umuryango wa Lungu wayoboye Zambia wanze ko umurambo we usubizwa mu gihugu cye
19 June 2025, by ISIMBI Estella -
Abafatanyije na Elon Musk gushinga xAI bose bakuyemo akabo karenge
30 March, by ISHIMWE Jean de DieuMu ntangiriro za Werurwe 2026, abantu 11 bafatanyije na Elon Musk gushinga sosiyete y’ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano yitwa xAI bose bari barayivuyemo, hasigayemo babiri gusa.
-
Tanzania: Perezida Suluhu yihanangirije abapfumu baragurira abakandida ko bazatsinda amatora
22 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Samia Suluhu, yihanangirije abapfumu n’abavuzi gakondo abasaba kwirinda kwishora mu binyoma mu gihe cy’amatora, babeshya abakandida ko bazatsinda amatora kandi nta bushobozi bafite bwo kuyatsinda.
-
Rwatubyaye Abdul yatandukanye n’ikipe ye aheruka kwerekezamo
1 September 2024, by Joseph IradukundaIkipe ya FC Shkupi yo muri Macedonie y’Amajyaruguru yatangaje ko yatandukanye na myugariro mpuzamahanga w’Umunyarwanda, Rwatubyaye Abdul, amasaha make agaragaye mu mukino yatsinzemo FK Sileks.
-
UEFA Champions League: PSG, Man City, Real Madrid na Bayern Munich muri kamarampaka
30 January 2025, by Joseph IradukundaImikino ya UEFA Champions League yabaye mu Ijoro ryo ku wa 30 Mutarama 2025, yasize amakipe akomeye arimo Manchester City, Real Madrid, Bayern Munich, Paris Saint-Germain n’izindi, agomba gukina imikino ya kamarampaka kugira ngo abone itike ya ⅛.
-
Amerika igiye guha Ukraine inkuga y’igisirikare ya miliyoni 800$
11 December 2025, by ISIMBI EstellaInteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatoye umushinga w’itegeko ry’ingengo y’imari y’ingabo, riteganya ko Ukraine izahabwa miliyoni 800$ yo kuyifasha mu bya gisirikare kugeza mu 2027.
-
Shema Ngoga Fabrice yatorewe kuyobora FERWAFA
30 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuShema Ngoga Fabrice wari umukandida rukumbi, yatorewe kuyobora Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) mu myaka ine iri imbere.
-
Walikale: Abarwanyi batandatu ba FDLR bapfiriye mu mirwano yayihanganishije na Wazalendo
16 December 2025, by ISIMBI EstellaAbarwanyi batandatu b’umutwe w’iterabwoba wa FDLR bapfiriye mu mirwano yawuhanganishije n’ihuriro Wazalendo rishyigikiwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yabereye muri teritwari ya Walikale.
-
NAEB igiye guhagarika ifumbire yahaga abahinzi ba kawa ku buntu
16 September 2025, by ISIMBI EstellaIkigo cy’Igihugu gishinzwe iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB) cyafashe umwanzuro ko kuva mu gihembwe cy’ihinga cya 2026 A abahinzi ba kawa batazongera guhabwa ifumbire ku buntu ahubwo bazajya bayigurira.
-
Minisitiri w’Intebe wa Hongrie yatanze umuburo k’u Burayi bugiye gusenyuka
8 September 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Intebe wa Hongrie, Viktor Orban, yatangaje ko Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi nudakora amavugurura akomeye, uzasenyuka bitarenze mu myaka 10.
Umuryango.rw
Umuryango wa Lungu wayoboye Zambia wanze ko umurambo we usubizwa mu gihugu cye
Abafatanyije na Elon Musk gushinga xAI bose bakuyemo akabo karenge
Tanzania: Perezida Suluhu yihanangirije abapfumu baragurira abakandida ko bazatsinda amatora
Rwatubyaye Abdul yatandukanye n’ikipe ye aheruka kwerekezamo
UEFA Champions League: PSG, Man City, Real Madrid na Bayern Munich muri kamarampaka
Amerika igiye guha Ukraine inkuga y’igisirikare ya miliyoni 800$
Shema Ngoga Fabrice yatorewe kuyobora FERWAFA
Walikale: Abarwanyi batandatu ba FDLR bapfiriye mu mirwano yayihanganishije na Wazalendo
NAEB igiye guhagarika ifumbire yahaga abahinzi ba kawa ku buntu
Minisitiri w’Intebe wa Hongrie yatanze umuburo k’u Burayi bugiye gusenyuka