Umwana w’umuhungu w’imyaka 13 yavuye muri Afghanistan aho akomoka, agera ku kibuga cy’indege cya New Delhi mu Buhinde, yihishe mu mapine y’indege.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umwana w’imyaka 13 yavuye muri Afghanistan agera mu Buhinde yihishe mu mapine y’indege
23 September 2025, by ISIMBI Estella -
Police yeretse Rayon ko yabyinnye mbere y’umuziki iyisezerera mu gikombe cy’Intwarimuri
29 January 2025, by Joseph IradukundaMu mukino wa ½ w’irushanwa ry’Igikombe cy’Intwari cy’uyu mwaka, ikipe ya Police FC yatsinze Rayon Sports kuri penaliti 3-1, iyiha ubutumwa ko ruhago idakinirwa mu magambo nyuma y’uko Umuvugizi wa yo yari yemeje ko nta kizababuza kugera ku mukino wea nyuma.
-
Sly Dunbar wacurangiye Bob Marley na Peter Tosh yapfuye
27 January, by ISIMBI EstellaLowell Fillmore wamamaye nka "Sly" Dunbar kubera ubuhanga bwe mu kuvuza ingoma, ndetse akaba yaracurangiye ibyamamare nka Bob Marley na The Rolling Stones, yitabye Imana ku myaka 73, azize uburwayi.
-
Umusifuzi watutse Liverpool na Jürgen Kloop yahagaritswe burundu
10 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIshyirahamwe ry’Abasifuzi muri Shampiyona y’u Bwongereza (PGMOL), ryahagaritse burundu umusifuzi David Coote nyuma yo kugaragara mu mashusho yibasira ikipe ya Liverpool ndetse na Jürgen Klopp wahoze ari umutoza wayo.
-
Amerika ntigishaka Perezida Zelensky ku butegetsi
3 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmujyanama wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu by’umutekano, Mike Waltz, yatangaje ko Amerika ibona Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, atagikwiriye kuyobora igihugu hagendewe ku bihe kirimo.
-
Hongrie: Umunyamakuru akurikiranyweho gufatanya n’amahanga gutata igihugu cye
27 March, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ubutabera wa Hongrie, Bence Tuzson yatangaje ko bari gukuerikirana umunyamakuru witwa Szabolcs Panyi uri mu batavuga rumwe n’ubutegetsi, wemeye ko yakoranye n’inzego z’ubutasi z’amahanga mu gutata igihugu cye.
-
Polisi y’ u Rwanda yatunguye abarwayi bakomerekeye mu mpanuka ibaha amafaranga
21 November 2018, by Nsanzimana ErnestPolisi y’ u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yasuye inashyikiriza ingemu abarwayi bakomerekeye mu mpanuka zo mu muhanda barwariye mu bitaro bya Kabgayi mu Karere ka Muhanga.
-
Kirehe: Yasohowe mu nzu yaguze n’umugabo umugore atabizi
16 December 2025, by ISIMBI EstellaHabiyakare Hassan wo mu Mudugudu wa Rugina I, Akagari ka Rwabutazi, Umurenge wa Gatore, Akarere ka Kirehe, araririra mu myotsi nyuma yo gusohorwa nabi mu nzu bivugwa ko yaguze n’umugabo umugore atabizi.
-
Perezida Kagame yavuze ko ‘Umushinga Umubano’ usize Bwongereza n’u Rwanda bafitanye ubushuti bw’agaciro kanini-AMAFOTO+VIDEWO
12 August 2017, by Iyamuremye JanvierPerezida Paul Kagame uherutse gutorerwa kongera kuyobora u Rwanda muri manda y’imyaka irindwi yabwiye abakorerabushake bo mu Bwogereza bakoraga muri ‘Project Umubano’ ko uyu umushinga usize ipfundo ry’umubano mwiza hagati y’u Rwanda n’u Bwongereza.
Umukuru w’Igihugu yabitangaje ku mugoroba wo ku wa Gatanu tariki 11 Kanama 2017, ubwo hizihizwaga isabukuru y’imyaka 10 hashyizweho umubano wihariye hagati y’abaturage b’Abongereza bo mu ishyaka ry’Abakonserivateri n’Abanyarwanda wiswe “Project (…) -
U Bushinwa: Robots zatangiye gutozwa imirimo hifashishijwe AI
13 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuRobots zifite imiterere nk’iy’abantu ziri gutozwa imirimo itandukanye mu mujyi wa Shanghai mu Bushinwa, nko kuzinga imyenda, gukora imigati no gufungura inzugi, hifashishijwe ubwenge buhangano (AI).
Umuryango.rw
Umwana w’imyaka 13 yavuye muri Afghanistan agera mu Buhinde yihishe mu mapine y’indege
Police yeretse Rayon ko yabyinnye mbere y’umuziki iyisezerera mu gikombe cy’Intwarimuri
Sly Dunbar wacurangiye Bob Marley na Peter Tosh yapfuye
Umusifuzi watutse Liverpool na Jürgen Kloop yahagaritswe burundu
Amerika ntigishaka Perezida Zelensky ku butegetsi
Kirehe: Yasohowe mu nzu yaguze n’umugabo umugore atabizi
U Bushinwa: Robots zatangiye gutozwa imirimo hifashishijwe AI