Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Côte d’Ivoire, Nialé Kaba, yahamagaje Ambasaderi wa Niger i Abidjan, amumenyesha ko igihugu cye cyababajwe bikomeye n’amagambo ya Perezida Abdourahamane Tchiani yibasira Alassane Ouattara.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Côte d’Ivoire yamenyesheje Perezida wa Niger ko yarenze umurongo utukura yibasira Ouattara
6 February, by Angeline MUKANGENZI -
Sudani: Amerika yamaganye ibitero bya RSF byibasira abasivili
30 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Kabiri, itariki 29 Ukwakira 2024, Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko yamaganye ibitero byibasira abasivili by’ingabo za Rapid Support Forces muri Sudani kandi ibahamagarira guhagarika ihohoterwa rikorerwa abaturage.
-
Kabila agiye kugeza ijambo ku Banye-Congo nyuma yo kwamburwa ubudahangarwa
23 May 2025, by Angeline MUKANGENZIJoseph Kabila Kabange wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza mu 2019, ateganya kugeza ijambo ku Banye-Congo mu ijoro ryo kuri uyu wa 23 Gicurasi 2025 nyuma yo kwamburwa ubudahangarwa.
-
Shampiyona y’Isi y’Amagare: Amashuri i Kigali azafungwa, abakozi bakorera mu ngo
13 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko kubera shampiyona y’isi y’Umukino w’Amagare ya 2025 izabera i Kigali, amashuri yose akorera mu Mujyi wa Kigali azafungwa, ndetse abakozi ba Leta n’abo mu nzego z’abikorera, bashishikarizwa kuzakorera mu ngo.
-
Perezida Kagame yashimye ubutwari bwa mugenzi we Macron ugiye kuza mu Rwanda
26 May 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kane nibwo Perezida w’Ubufaransa,Emmanuel Macron aragera i Kigali mu rugendo rw’amateka rugamije kuzahura umubano w’ibihugu byombi wazahaye kubera iki gihugu cy’i Burayi cyagiye cyanga kwemera uruhare rwacyo muri Jenoside yakorewe Abatutsi.
-
Trump yasabye Iran kumanika amaboko itazuyaje
18 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKu munsi wa gatandatu w’intambara ya Iran na Isiraheli, Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran Ayatollah Ali Khamenei yabwiye Isiraheli ko ubu ari bwo intambara itangiye.
-
Ngoma: Abamotari bagiye kubakirwa parikingi
12 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbuyobozi bw’Akarere ka Ngoma bugiye kubaka parikingi zigenewe abamotari, nyuma y’uko bari bamaze igihe bagaragaza ko kutagira parikingi bibangamira akazi kabo ko gutwara abagenzi.
-
Ndayishimiye yagaragaje ‘Coups d’État’ nk’impamvu Banki Nkuru y’u Burundi itiyubatse nk’iy’u Rwanda
19 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko Banki Nkuru y’igihugu cyabo yagowe no gutera imbere bitewe n’ihirikwa ry’ubutegetsi (Coups d’État) ryabaye inshuro eshanu.
-
M23 yahishuye ibyatumye ibiganiro byayo na RDC i Doha bidatanga umusaruro
3 July 2025, by ISIMBI EstellaIhuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko mu gihe cyose bajyaga mu biganiro byabahuzaga na Leta i Doha basangaga abahagarariye Leta bameze nk’abagiye kungurana ibitekerezo kuko batashakaga kumva ingingo yo gusinya amasezerano yo guhagarika intambara.
-
Kwibuka31: King James yasabye urubyiruko n’abakoresha murandasi kuba ijwi ry’ukuri ku mateka y’u Rwanda
11 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuririmbyi Ruhumuriza James wamamaye mu muziki nka King James, yasabye urubyiruko n’abakoresha imbuga nkoranyambaga kurushaho kugira uruhare mu rugamba rwo kurwanya abagoreka amateka n’abahakana Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Umuryango.rw
Côte d’Ivoire yamenyesheje Perezida wa Niger ko yarenze umurongo utukura yibasira Ouattara
Sudani: Amerika yamaganye ibitero bya RSF byibasira abasivili
Kabila agiye kugeza ijambo ku Banye-Congo nyuma yo kwamburwa ubudahangarwa
Shampiyona y’Isi y’Amagare: Amashuri i Kigali azafungwa, abakozi bakorera mu ngo
Trump yasabye Iran kumanika amaboko itazuyaje
Ngoma: Abamotari bagiye kubakirwa parikingi
Ndayishimiye yagaragaje ‘Coups d’État’ nk’impamvu Banki Nkuru y’u Burundi itiyubatse nk’iy’u Rwanda
M23 yahishuye ibyatumye ibiganiro byayo na RDC i Doha bidatanga umusaruro
Kwibuka31: King James yasabye urubyiruko n’abakoresha murandasi kuba ijwi ry’ukuri ku mateka y’u Rwanda