Abasirikare bakuru bo ku rwego rwa Ofisiye, baturutse mu bihugu bigera kuri 20 biga mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Nyakinama riherereye mu Karere ka Musanze, batangaje ko gusangira umuco ari ingenzi kuko bibafasha kumenyana, bigashimangira ubumwe ndetse bikaba intangiriro yo kuzuza neza inshingano zabo za gisirikare.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Musanze: Ba Ofisiye b’ibihugu 20 bishimiye gusangira imico gakondo
24 January, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Hakozwe inzara zishobora guhindurwa mu mabara 400
10 January, by ISIMBI EstellaIkigo cya iPolish gikora inzara, cyakoze inzara zishobora guhindurirwa ibara bidasabye ko umuntu asubira kuzikoresha muri saloon, aho nibura zishobora guhindurwa mu mabara 400.
-
Perezida Trump yatanze icyifuzo cyo gusenya intwaro z’ubumara
7 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko byaba byiza ibihugu byose bitunze intwaro z’ubumara bizisenye aho guhatanira kugira nyinshi kurushaho kuko ntacyo bimaze.
-
Kiliziya yemeye guha Ubupadiri abasore bafite ibyiyumvo byo kuryamana n’abo bahuje ibitsina
12 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKiliziya Gatolika y’u Butaliyani yatangaje ko abagabo bafite ibyiyumvo byo kuryamana n’abo bahuje ibitsina bemerewe kuba abapadiri, igihe cyose bemeye gukomeza kuba ingaragu no kwirinda gukwirakwiza iyi myemerere yabo ku bijyanye n’imibonano mpuzabitsina.
-
Elon Musk yatangaje ko agiye kubaka umujyi ku kwezi mbere yo kujya kuri Mars
9 February, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma yo kuvuga kenshi ko ikigo cye SpaceX kizagera kuri Mars mu mwaka wa 2026, umuherwe wa mbere ku Isi Elon Musk yongeye gutungura benshi atangaza ko ubu icyibandwaho cyane ari kubaka umujyi ku kwezi.
-
Ange Kagame yavuguruje ibyagiye bivugwa ku mukunzi we birimo n’imyaka byavugwaga ko ariyo afite
22 January 2019, by Martin MunezeroNyuma y’umuhango wo gusaba no gukwa Ingabire Ange Kagame umukobwa wa Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, uyu mukobwa yavuguruje amwe mu makuru yatangajwe ku mukunzi we nyuma y’uyu muhango.
-
Icyo u Rwanda rwiteze mu nama Mpuzamahanga yiga ku Bukungu
20 January, by Angeline MUKANGENZIGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yiteze inyungu mu Nama Mpuzamahanga yiga ku Bukungu, (WEF:World Economic Forum) iri kubera i Davos mu Busuwisi, binyuze mu biganiro n’abayobozi batandukanye ku Isi, bigamije kubyaza umusaruro ubufatanye n’amahirwe aboneka ku mugabane wa Afurika.
-
Perezida Museveni yatangaje impamvu ikomeye yatumye ajya muri Angola guhura na perezida Kagame
1 August 2019, by Dusingizimana RemyPerezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni yatangaje ko yaganiriye na Perezida Kagame ku byerekeye umupaka wa Gatuna ndetse ngo ibiganiro birakomeje ku buryo mu minsi iri imbere ikibazo cy’imipaka kizakemuka burundu.
-
U Bufaransa: Nicolas Sarkozy agiye kumenyeshwa aho azafungirwa
13 October 2025, by ISIMBI EstellaUwahoze ari Perezida w’u Bufaransa, Nicolas Sarkozy, w’imyaka 70, kuri uyu wa Mbere aramenyeshwa igihe azatangirira igifungo cy’imyaka itanu na gereza azagikoreramo, nyuma yo guhamywa n’urukiko rw’i Paris ko yakoresheje amafaranga ya Muammar Gaddafi mu matora yo mu 2007.
-
Elon Musk yatanze miliyoni 75$ mu bikorwa byo kwiyamamaza bya Trump
17 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyemari Elon Musk yatangaje ko yatanze miliyoni 75$ yo gufasha Donald Trump, umukandida w’ishyaka ry’Aba-Repubulicains mu bikorwa byo kwiyamamariza kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu matora ateganyijwe mu Ugushyingo uyu mwaka.
Umuryango.rw
Musanze: Ba Ofisiye b’ibihugu 20 bishimiye gusangira imico gakondo
Hakozwe inzara zishobora guhindurwa mu mabara 400
Perezida Trump yatanze icyifuzo cyo gusenya intwaro z’ubumara
Kiliziya yemeye guha Ubupadiri abasore bafite ibyiyumvo byo kuryamana n’abo bahuje ibitsina
Elon Musk yatangaje ko agiye kubaka umujyi ku kwezi mbere yo kujya kuri Mars
Icyo u Rwanda rwiteze mu nama Mpuzamahanga yiga ku Bukungu
U Bufaransa: Nicolas Sarkozy agiye kumenyeshwa aho azafungirwa
Elon Musk yatanze miliyoni 75$ mu bikorwa byo kwiyamamaza bya Trump