Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), Gianni Infantino, yatangaje ko yamaganye ihohoterwa rishingiye ku irondaruhu ryakorewe rutahizamu wa AFC Bournemouth akaba n’umukinyi w’ikipe y’Igihugu ya Ghana, Antoine Semenyo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida wa FIFA yamaganye irondaruhu ryakorewe Antoine Semenyo
18 August 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
U Bufaransa n’u Butaliyani byageze muri ¼-UEFA Nations League
15 November 2024, by Joseph IradukundaIkipe y’Igihugu y’u Butaliyani yatsinze u Bubiligi igitego 1-0, u Bufaransa bunganya na Israel ubusa ku busa byombi bibona itike ya ¼ muri UEFA Nations League.
-
Umunyamideli ukomeye kw’Isi Naomi Campbell yavuze imyato Perezida Paul Kagame bahuye nyuma y’ibirori byo kwita izina[AMAFOTO]
8 September 2019, by Martin MunezeroUmunyamideli ukomeye mu ruganda rw’imideli ku rwego rw’Isi Naomi Campbell yavuze imyato Perezida Paul Kagame, bahuye nyuma yo kuza mu Rwanda mu birori byo Kwita Izina byabaga ku nshuro ya 15 i Musanze mu ntara y’amajyaruguru.
-
Macron yakiriye abihaye Imana bo muri Congo bakomeje gushaka amahoro
20 March 2025, by Joseph IradukundaNyuma yo guhura n’abanyapolitiki batandukanye bo muri Congo n’abayobozi bo mu karere k’akarere, Inama y’Abepiskopi y’igihugu cya Congo (CENCO) n’Itorero rya Kristo muri Congo (ECC) bakiriwe muri Élysée kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 19 Werurwe na Perezida Emmanuel Macron.
-
Kamonyi: Umuganga yatawe muri yombi na RIB akekwaho gusambanya umugore yarimo kubyaza
13 November 2019, by Dusingizimana RemyUmugore wo mu karere ka Kamonyi yatangaje ko yabonye hanze y’ itaburiya,igitsina cy’ umuganga wo ku kigo nderabuzima cya Nyamiyaga warimo kumubyaza ariyo mpamvu akeka ko ashobora kuba yarasambanyijwe,bituma uyu muganga ahita atabwa muri yombi.
-
Umunyamakuru Mugabe Robert yabwiye umucamanza ko atari imbeba umushinjacyaha akoreraho ubushakashatsi
19 February 2019, by Dusingizimana RemyMu rubanza ubushinjacyaha bukurikiranyeho umunyamakuru Mugabe Robert ibyaha byo gusambanya umwana, gukuramo inda no gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato rwabaye uyu munsi Taliki ya 19 Gashyantare 2019,umushinjacyaha yasabye ko Mugabe Robert yakomeza gufungwa by’agateganyo mu gihe agikomeje gushakisha ibimenyetso, naho Mugabe we yireguye avuga ko ibimenyetso byose yabitwaye ahubwo akwiriye kurekurwa kuko ngo atari imbeba bakoreraho ubushakashatsi.
-
Elon Musk yicuza igihe yamaze mu buyobozi bwa Trump
11 December 2025, by ISIMBI EstellaElon Musk yavuze ko iminsi isubiye inyuma atakwemera kongera kuyobora Urwego rushinzwe kugabanya amafaranga Leta ikoresha (DOGE).
-
UEFA Champions League: FC Barcelone na Paris Saint-Germain zageze muri 1/2 bigoranye
16 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuFC Barcelone yatsinzwe na Borussia Dortmund ibitego 3-1 ikomeza muri ½ cya UEFA Champions League ku giteranyo cy’ibitego 5-3, ijyana na Paris Saint-Germain yatsinzwe na Aston Villa ibitego 3-2, gusa igakomeza ku giteranyo cy’ibitego 5-4.
-
Polisi y’u Rwanda yemeje ko yamenye amakuru azatuma hafatwa umugore wagaragaye akubita inshyi umugabo
24 February, by ISHIMWE Jean de DieuUmuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali, CIP Gahonzire Wellars yatangaje uru rwego rwamaze kumenya amakuru arebana n’urugomo rw’umugore wagaragaye mu mashusho akubita inshyi umugabo we mu ruhame, kandi ko agomba gufatwa.
-
Gatsibo: Korea y’Epfo igiye kubaka isoko rigezweho i Kabarore
8 February, by Angeline MUKANGENZIIkigo Mpuzamahanga gishinzwe ubutwererane bwa Korea y’Epfo (KOICA) ku bufatanye n’ubuyobozi bw’Akarere ka Gatsibo batangiye umushinga wo kubaka isoko rigezweho mu Murenge wa Kabarore, rizafasha abaturage gukora ntacyo bishisha.
Umuryango.rw
Perezida wa FIFA yamaganye irondaruhu ryakorewe Antoine Semenyo
U Bufaransa n’u Butaliyani byageze muri ¼-UEFA Nations League
Macron yakiriye abihaye Imana bo muri Congo bakomeje gushaka amahoro
Elon Musk yicuza igihe yamaze mu buyobozi bwa Trump
UEFA Champions League: FC Barcelone na Paris Saint-Germain zageze muri 1/2 bigoranye
Polisi y’u Rwanda yemeje ko yamenye amakuru azatuma hafatwa umugore wagaragaye akubita inshyi umugabo
Gatsibo: Korea y’Epfo igiye kubaka isoko rigezweho i Kabarore