Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga n’Ubutwererane yatangaje ko u Rwanda na Arabie Saoudite baganiriye ku nzego nshya z’ubutwererane, ibihugu byombi byakoranamo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
U Rwanda na Arabie Saoudite bagiye kuganira ku nzego nshya z’ubutwererane
22 October 2025, by ISIMBI Estella -
Leta ya RDC yamaganye u Rwanda rwayishinje kuvogera ikirere cyarwo n’indege y’intambara
30 December 2022, by Dusingizimana RemyLeta ya Congo yateye utwatsi ibyo u Rwanda ruyishinja ko indege yayo, Sukhoi-25 yongeye kuvogera ikirere cyarwo.
Mu itangazo iyi leta yasohoye yavuze ko "nta ndege n’imwe muri ebyiri z’intambara za Congo yavogereye ikirere cy’u Rwanda,kuwa 28 Ukuboza 2022."
Iri tangazo rya leta ya Kongo rivuga ko imenyesha amahanga ko izi ndege zagurukiye hejuru y’ikiyaga cya Kivu ku butaka bwa RDC ko zitigeze zigera mu Rwanda.
Yavuze ko u Rwanda rudakwiriye kuvuga ko kuguruka kw’indege za RDC ku (…) -
Burundi: Umupolisi ukomeye afungiwe gucuruza lisansi mu buryo bwa magendu
15 August 2025, by ISIMBI EstellaLeta y’u Burundi ifunze umwe mu bofisiye bakuru muri Polisi y’igihugu, Colonel Moïse Arakaza Alias Nyeganyega, azira gucuruza ibikomoka kuri peteroli binyuze mu nzira zitemewe n’amategeko.
-
U Bwongereza: Abajura bibye miliyoni 47 z’ama-Pound mu kigo cy’imisoro
5 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbajura bateguye bakoresha ikoranabuhanga bibye milioni 47 z’ama-Pound mu biro by’Ikigo gishinzwe Bwongereza mu 2024.
-
Abaminisitiri batatu b’u Rwanda berekeje ku mipaka y’u Rwanda na RDC mu bugenzuzi bugamije gukumira Ebola
5 August 2019, by Dusingizimana RemyAbaminisitiri 3 b’ u Rwanda barimo uw’Ubuzima, Dr Diane Gashumba, uw’Ubutegetsi bw’Igihugu Prof. Shyaka Anastase n’uw’ibikorwa by’ubutabazi Germaine Kamayirese bazindukiye mu karere ka Rubavu mu gikorwa cy’ubugenzuzi bwo kureba uko gahunda yo gukumira Ebola ihagaze.
-
Itegeko rya Trump ryo kwima ubwenegihugu abana b’abimukira bavukira muri Amerika ryakumiriwe
11 July 2025, by ISIMBI EstellaUrukiko rwo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwahagaritse ishyirwa mu bikorwa ry’itegeko rya Perezida Donald Trump ryo kwima ubwenegihugu abana b’abimukira bavukira muri Amerika, kuko hari imiryango yareze ivuga ko ridakurikije itegeko Nshinga rya Amerika.
-
Urukingo rushya rwa kanseri rwakozwe n’u Burusiya rugiye gutangira gukoreshwa
8 September 2025, by ISIMBI EstellaAbahanga mu by’Ubuzima mu Burusiya bagaragaje ko hagiye gutangira gukoreshwa urukingo rushya rwa kanseri nyuma y’aho igeragezwa ry’ibanze ryakozwe ryagaragaje ko rukora neza ku kigero cya 80%.
-
Umurambo w’umusore w’i Rusizi wari waheze mu Burundi wagejejwe mu Rwanda
29 October 2025, by ISIMBI EstellaUbuyobozi bw’Umurenge wa Bugarama mu Karere ka Rusizi bwatangaje ko umurambo w’umusore witwa Musirikare Obed wari waheze mu Burundi wamaze kugera mu Rwanda ndetse ko ugiye guhita ushingurwa.
-
Leta ya Congo yataye muri yombi umuvandimwe wa Corneille Nangaa
21 January, by Angeline MUKANGENZIUmuvandimwe wa Corneille Nangaa ari mu bantu bashya bo mu muryango we bakurikiranywe n’ubutabera bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, ibyo umuryango wa Nangaa uvuga ko ari ukuwibasira kudafite ishingiro.
-
Diamond na Shakib ntibitabira ibirori by’isabukuru y’umugore wabo Zari Hassan
26 September 2024, by Joseph IradukundaIcyamamare Zari Hassan wahoze ari umugore w’umuhanzi Diamond Platnumz ndetse bakaba barabyaranye, yizihije isabukur y’imyaka 44 y’amavuko, yaba Diomand ntiyaza mu birori ndetse na Shakib Lutaaya urikumwena Zari ubu ntibayizamo.
Umuryango.rw
U Rwanda na Arabie Saoudite bagiye kuganira ku nzego nshya z’ubutwererane
Leta ya RDC yamaganye u Rwanda rwayishinje kuvogera ikirere cyarwo n’indege y’intambara
Burundi: Umupolisi ukomeye afungiwe gucuruza lisansi mu buryo bwa magendu
U Bwongereza: Abajura bibye miliyoni 47 z’ama-Pound mu kigo cy’imisoro
Itegeko rya Trump ryo kwima ubwenegihugu abana b’abimukira bavukira muri Amerika ryakumiriwe
Urukingo rushya rwa kanseri rwakozwe n’u Burusiya rugiye gutangira gukoreshwa
Umurambo w’umusore w’i Rusizi wari waheze mu Burundi wagejejwe mu Rwanda
Leta ya Congo yataye muri yombi umuvandimwe wa Corneille Nangaa
Diamond na Shakib ntibitabira ibirori by’isabukuru y’umugore wabo Zari Hassan