Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda,Dr Richard Sezibera yemeje ko u Rwanda ari igihugu cyiyubashye kidakeneye guhabwa uburenganzira n’ibindi bihugu birimo Uganda n’andi mahanga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Uburenganzira bw’Abanyarwanda ntibushingiye kuri Uganda- Minisitiri Sezibera
5 March 2019, by Dusingizimana Remy -
Raphinha yongereye amasezerano muri FC Barcelone
23 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuRutahizamu w’Umunya-Brésil ukinira FC Barcelone, Raphael Dias Belloli ‘Raphinha’, yamaze kongera amasezerano muri iyi kipe azageza mu 2028.
-
Gasabo:Abagizi ba nabi batwikishije Lisansi inzu irimo umuntu
3 September 2024, by Joseph IradukundaMu Karere ka Gasabo, mu Murenge Ndera, abagizi ba nabi bataramenyekana, batwitse inzu ya RUTABAYIRO Francois w’imyaka 71, irashya irakongoka nawe apfiramo.
-
Perezida Kagame yashimiwe uruhare rwe mu gukumira no guhangana n’ibyorezo
11 July 2025, by ISIMBI EstellaIshami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS, ryashimiye Perezida Kagame ku ruhare yagaragaje mu gukumira no guhangana n’ibyorezo byugariza Isi.
-
Queen Kalimpinya yahembwe nk’umugore witwaye neza mu masiganwa y’imodoka muri Kenya
16 March, by ISIMBI EstellaUmunyarwandakazi Queen Kalimpinya yahembwe nk’umugore witwaye neza muri Shampiyona y’Igihugu ya Kenya yo gusiganwa mu Modoka (Kenya National Rally Championship- KNRC).
-
Kemi Seba utarya indimi ku makosa y’u Bufaransa muri Afurika, yahaswe ibibazo
17 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmunya-Bénin Kemi Seba uzwiho kutarya indimi iyo bigeze ku makossa y’u Bufaransa ku Mugabane wa Afurika, yahaswe ibibazo n’inzego z’umutekano z’u Bufaransa ku wa Mbere tariki 14 Ukwakira 2024.
-
Ubucuruzi bw’u Rwanda bwageze kuri miliyoni 1.932 $
17 January, by ISIMBI EstellaIkigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, cyagaragaje ko ubucuruzi mpuzamahanga bw’u Rwanda bwageze kuri miliyoni 1.932 $ mu gihembwe cya gatatu cya 2025, bigaragaza igabanyuka rya 25,7% ugereranyije n’igihembwe nk’iki cya 2024.
-
Amerika ishobora gufatira u Burusiya ibindi bihano
3 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuLeta Zunze Ubumwe za Amerika iri kwiga ku mushinga wo kongera ibihano by’ubukungu byafatiwe u Burusiya, mu rwego rwo guhatira icyo gihugu kwemera guhagarika intambara gihanganyemo na Ukraine.
-
Kimironko: N’ubwo Uwimbabazi yari yarishinganishije byarangiye yishwe
11 May 2019, by UbwanditsiKu mugoroba wo kuwa wa gatandatu taliki 27/4/2019 nibwo abagenderaniraga umunsi ku wundi na Francine Uwimbabazi wari utuye mu murenge wa Kimironko, Akagali ka Kibagabaga, Umudugudu wa Ramiro batangiye kumubura kuri telefoni ye igendanwa ndetse n’abagiye iwe baramubura batangira kugira impungenge z’icyaba cyamubayeho.
-
White House yamaganiye kure iby’ibaruwa bivugwa ko Trump yandikiye Epstein
9 September 2025, by ISIMBI EstellaIbiro by’Umukuru w’Igihugu muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, byamaganiye kure ibaruwa iherutse kujya hanze bivugwa ko ari iyo Donald Trump yandikiye Jeffrey Epstein mu 2003 ubwo yizihizaga isabukuru y’imyaka 50.
Umuryango.rw
Raphinha yongereye amasezerano muri FC Barcelone
Gasabo:Abagizi ba nabi batwikishije Lisansi inzu irimo umuntu
Perezida Kagame yashimiwe uruhare rwe mu gukumira no guhangana n’ibyorezo
Queen Kalimpinya yahembwe nk’umugore witwaye neza mu masiganwa y’imodoka muri Kenya
Kemi Seba utarya indimi ku makosa y’u Bufaransa muri Afurika, yahaswe ibibazo
Ubucuruzi bw’u Rwanda bwageze kuri miliyoni 1.932 $
Amerika ishobora gufatira u Burusiya ibindi bihano
White House yamaganiye kure iby’ibaruwa bivugwa ko Trump yandikiye Epstein