Kuri uyu wa Kabiri, Minisiteri y’ingabo ya Taiwan yatangaje ko yabaze indege za gisirikare 153 z’u Bushinwa zikikije ikirwa cyigenga mu gihe u Bushinwa bwakoraga umunsi w’imyitozo minini ya gisirikare.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Taiwan yavuze ko yugarijwe n’indege z’intambara 153 n’amato 14 by’u Bushinwa biyizengurutse
15 October 2024, by Joseph Iradukunda -
Ruto yahaye abandi umwitangirizwa aterefona Trump baravugana
9 November 2024, by Joseph IradukundaPerezida William Samoei Ruto wa Kenya yahamagaye kuri Telefoni Donald Trump uheruka kongera gutorerwa kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, baganira ku nzego Nairobi na Washington bashobora kuba bakwaguriramo ubufatanye.
-
Ellen DeGeneres yahishuye ko yahunze Trump kubera ko aryamana n’abo bahuje igitsina
21 July 2025, by ISIMBI EstellaEllen DeGeneres wamamaye mu biganiro kuri televiziyo, yashimangiye ko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ari we watumye we n’umukunzi we Portia de Rossi, bimukira mu Bwongereza; ariko anemeza ko kuryamana n’uwo muhuje igitsina ukorera ibikorwa byawe mu ruganda rwa Hollywood bikiri ikibazo.
-
Donald Trump yahize gukura Amerika mu ntambara ya Ukraine niba atowe
25 September 2024, by Joseph IradukundaDonald Trump uri kwiyamamariza kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko natorwa azahita avana igihugu cye mu ntambara imaze imyaka ibiri n’igice iyogoza Ukraine.
-
Koreya y’Epfo: Yakatiwe igifungo cy’umwaka usubitse azira kubyibuha ngo atajya mu gisirikare
26 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmusore w’imyaka 26 wo muri Koreya y’Epfo yakatiwe igihano cy’igifungo cy’umwaka umwe usubitswe mu gihe cy’imyaka ibiri, kubera ko yagize umubyibuho ukabije agamije gushaka impamvu yatuma adakora imirimo y’igisirikare.
-
Havuzwe iki? Dore icyo bamwe mu bantu bafite amazina azwi bagiye bavuga ku kuba ikipe ya PSG yatwaye Igikombe cya UEFA CHAMPIONS LEAGUE
1 June 2025, by Gladiator OGMu ijoro ryakeye ikipe ya Paris Saint Germain yaraye itwaye igikombe cya UEFA CHAMPIONS LEAGUE itsinze yandagaje ikipe ya Inter Milan ibitego 5-0, ni umukino wazamuye amarangamutima ya bantu batandukanye ndetse abenshi bifashishije imbuga nkoranyambaga zabo bagiye berekana imbamutima zabo kuri iyi nstinzi ya PSG. Muri iyi nkuru mutwemerere turebere hamwe icyo bamwe mu bantu bafite amazina azwi ku rwego mpuzamahanga bagiye batangaza.
-
Trump yavuze ko ashobora gufatira u Burusiya ibindi bihano
8 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ashobora gufatira u Burusiya ibindi bihano by’ubukungu kugeza igihe buzahagarika imirwano na Ukraine.
-
FARDC n’abarimo Ingabo z’u Burundi bahunze ikibuga cy’indege cya Kavumu
14 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIhuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 14 Gashyantare ryakwiye imishwaro rihunga ikibuga cy’indege cya Kavumu cy’i Bukavu.
-
Ingabo z’u Rwanda n’iza Uganda zahaye icyubahiro abishwe muri jenoside
30 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAbofisiye mu ngabo z’u Rwanda n’iza Uganda bahaye icyubahiro abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 baruhukiye mu Rwibutso rwa Kigali ruherereye ku Gisozi.
-
Amerika yashinje u Burusiya gutera inkunga impande zombi zirwana muri Sudani
7 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Mbere ushize, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashinje u Burusiya mu Muryango w’Abibumbye gutera inkunga impande zombi zirwana muri Sudani, iyi ikaba ari intambwe ishimangira ibyo Washington yari yavuze mbere ko Moscou ikina ku mpande zombi mu makimbirane kugira ngo igere ku ntego zayo za politiki.
Umuryango.rw
Taiwan yavuze ko yugarijwe n’indege z’intambara 153 n’amato 14 by’u Bushinwa biyizengurutse
Ruto yahaye abandi umwitangirizwa aterefona Trump baravugana
Ellen DeGeneres yahishuye ko yahunze Trump kubera ko aryamana n’abo bahuje igitsina
Donald Trump yahize gukura Amerika mu ntambara ya Ukraine niba atowe
Koreya y’Epfo: Yakatiwe igifungo cy’umwaka usubitse azira kubyibuha ngo atajya mu gisirikare
Havuzwe iki? Dore icyo bamwe mu bantu bafite amazina azwi bagiye bavuga ku kuba ikipe ya PSG yatwaye Igikombe cya UEFA CHAMPIONS LEAGUE
Trump yavuze ko ashobora gufatira u Burusiya ibindi bihano
FARDC n’abarimo Ingabo z’u Burundi bahunze ikibuga cy’indege cya Kavumu
Ingabo z’u Rwanda n’iza Uganda zahaye icyubahiro abishwe muri jenoside
Amerika yashinje u Burusiya gutera inkunga impande zombi zirwana muri Sudani