Hagiye hanze amakuru avuga ko ibihano Leta Zunze Ubumwe za America zateganyaga gufatira u Rwanda, byahagaritswe burundu kubera dipolomasi yo ku rwego rwo hejuru ya Perezida Paul kagame.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Uko byagenze ngo hahagarikwe burundu umugambi w’ibihano America yari igiye gufatira u Rwanda
27 February, by Angeline MUKANGENZI -
U Budage bwamaganye Amerika ku kongera amafaranga ashorwa mu gisirikare ku bihugu bya OTAN
2 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ingabo w’u Budage, Boris Pistorius, yamaganiye kure igitekerezo cya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, wasabye ko abagize umuryango wo gutabarana wa OTAN, bakoresha 5% by’umusaruro mbumbe w’ibihugu ku gisirikare.
-
Umufatanyacyaha muri dosiye ya Epstein yanze guha amakuru inteko ya Amerika adahawe imbabazi na Perezida
10 February, by Angeline MUKANGENZIGhislaine Maxwell, umugore ufungiye ubufatanyacyaha na Jeffrey Epstein, yanze gusubiza ibibazo by’Itsinda rishinzwe igenzura mu nteko ishinga amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
-
Rutsiro: Akurikiranweho gutema umugore we kubera imitungo
29 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMu Mudugudu wa Kanyempanga, Akagari ka Bunyoni mu Murenge wa Kivumu, Akarere ka Rutsiro, uwitwa Jean Damascene Mutabazi afungiwe kuri Sitasiyo ya RIB ya Kivumu akurikiranyweho gutema umugore we, Umutoni Claudine akamukomeretsa ku kuboko kw’iburyo.
-
Pavelh Ndzila mu biganiro na Rayon Sports
12 August 2025, by ISIMBI EstellaUmunyezamu w’Umunya-Congo Brazzaville, Pavelh Ndzila uherutse gutandukana na APR FC, ageze kure ibiganiro n’ubuyobozi bwa Rayon Sports kugira ngo azayikinire mu mwaka utaha.
-
U Rwanda na RDC bigiye guhurira mu nama isuzuma intambwe zatewe mu rwego rw’umutekano
21 October 2025, by ISIMBI EstellaIntumwa z’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuri uyu wa 21 n’uwa 22 Ukwakira 2025 zirahurira mu nama ya gatatu y’urwego ruhuriweho rw’umutekano igenzurirwamo intambwe zimaze guterwa zishingiye ku masezerano y’amahoro ibihugu byombi byagiranye.
-
Perezida Kagame yemeje ko ubutegetsi bwa Joseph Kabila aribwo bwakumiriye Rwandair muri RDC
20 June 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida Paul Kagame yatangaje ko Joseph Kabila wamaze imyaka isaga 18 ategeka Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo,ariwe wakumiriye Rwandair gukorera ingendo muri iki gihugu.
-
Mumbai: Igipolisi cyafashe uherutse gutera icyuma umukinnyi wa filimi Saif Ali Khan
21 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbapolisi bo mu Mujyi wa Mumbai mu Buhinde bataye muri yombi umugabo ukekwaho gutera icyuma umukinnyi wa filimi muri Bollywood witwa Saif Ali Khan mu cyumweru gishize.
-
Muhanga: Batatu batawe muri yombi bakekwaho kwiba amavuta ku kigo cy’ishuri
6 February, by Angeline MUKANGENZIInzego z’umutekano zikorera mu Ntara y’Amajyepfo zataye muri yombi abantu batatu undi arabacika, bakekwaho kwiba amajerekani atandatu y’amavuta batekesha ku rwunge rw’amashuri rwa Gikomero (GS Gikomero Protestant) akaba ari ubujura bwakozwe mu rukerera rw’itariki ya 4 Gashyantare 2026 babifashijwemo n’umwana w’imyaka 16 wiga kuri icyo kigo.
-
Kureba amashusho y’urukozasoni byatumye Aba-Taliban bahagarika internet muri Afghanistan
18 September 2025, by ISIMBI EstellaUmutwe w’Aba-Taliban wahagaritse internet mu majyaruguru ya Afghanistan, mu rwego rwo gukumira ibikorwa uvuga ko bigayitse nko kureba amashusho y’urukozasoni, guteretana hagati y’abakobwa n’abahungu n’ibindi.
Umuryango.rw
U Budage bwamaganye Amerika ku kongera amafaranga ashorwa mu gisirikare ku bihugu bya OTAN
Rutsiro: Akurikiranweho gutema umugore we kubera imitungo
Pavelh Ndzila mu biganiro na Rayon Sports
U Rwanda na RDC bigiye guhurira mu nama isuzuma intambwe zatewe mu rwego rw’umutekano
Mumbai: Igipolisi cyafashe uherutse gutera icyuma umukinnyi wa filimi Saif Ali Khan
Muhanga: Batatu batawe muri yombi bakekwaho kwiba amavuta ku kigo cy’ishuri
Kureba amashusho y’urukozasoni byatumye Aba-Taliban bahagarika internet muri Afghanistan