kuri uyu wa 27 werurwe,Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Olivier Nduhungirehe ari i new York muri leta zunze ubumwe za Amerika, aho biteganyijwe ko ku isaha ya saa kumi z’umugoroba za Kigali, aza kugeza ijambo ku kanama ka Loni gashinzwe umutekano n’amahoro ku isi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda agiye kugeza ijambo ku kanama ka Loni gashinzwe umutekano ku isi.
27 March 2025, by Angeline MUKANGENZI -
Moses wazinduwe igicuku kandi arinzwe cyane yaburanye asa n’uwemera ibyo ashinjwa
6 May 2025, by Joseph IradukundaUbushinjacyaha bwavuze ko uretse kuba Turahirwa Moses akurikiranyweho icyaha cyo gukoresha ibiyobyabwenge, ari no gukorwaho iperereza ku bijyanye no kurucuruza.
-
Minisitiri Dr. Uwamariya yijeje ko mu myaka ibiri ibibazo by’imbibi z’ubutaka bizaba byakemutse
16 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ibidukikije, Dr. Uwamariya Valentine, yatangaje ko ibibazo by’imbibi z’ubutaka bw’abaturage bizaba byarangiye mu myaka ibiri, nyuma hakazakurikiraho gukemura ibindi bibabozo bishamikiyeho ariko na byo mu myaka itanu bikazaba byarabonewe umuti urambye.
-
Trump yatangaje agahenge mu ntambara ya Israel na Iran
24 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko Israel na Iran bihanganye mu ntambara imaze iminsi wa 12 byemeranyije guhagarika intambara, asaba ibihugu byombi kubyubahiriza.
-
Uwari Gitifu w’Akarere ka Gisagara yasezeye ku kazi
28 September 2017, by Nsanzimana ErnestMvukiyehe Innocent wari umunyamabanga nshingwabikorwa w’akarere ka Gisagara yaba yeguye kuri uyu mwanya nk’uko amakuru agera ku Umuryango abyemeza.
Amakuru UMURYANGO wamenye ni uko kuri uyu wa Kane tariki 28 Nzeli 2017, Mvukiyehe Innocent n’umuyobozi w’akarere ka Gisagara bitabiriye inama I Kigali.
Ku murongo wa telefone twagerageje kuvugana n’umuyobozi w’akarere ka Gisagara Rutaburingoga Jérôme ntibyadushokera. Ibi ninako byagenze kuri Mvukiyehe kuko nawe twageregeje kumuvugisha ariko (…) -
Nyanza: Yabonye ‘grenade’ mu murima ayitiranya n’iteke
31 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuHabinshuti Euraste wo mu Karere ka Nyanza, mu Murenge wa Nyagisozi, yabonye grenade mu murima ayitiranya n’iteke, abwirwa ko ari igisasu cyo mu bwoko bwa ‘grenade’ agitahanye iwe mu rugo.
-
Antony Blinken wa USA Yagiriye Uruzinduko Rutatangajwe muri Iraki umuturanyi wa Siriya
13 December 2024, by Joseph IradukundaKuri uyu wa gatanu, minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Antony Blinken, yagiriye uruzinduko rutatangajwe, muri Iraki. Yabonanye na Minisitiri w’intebe Mohammed Shia al-Sudani, baganira ku bihe bizaza by’igihugu gituranyi cya Siriya.
-
RCS yashyize umucyo ku kibazo cy’umunyamakuru Nkundineza wakubitiwe mu Igororero
3 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora (RCS) rwasobanuye ko umunyamakuru Nkundineza Jean Paul atakubiswe ku mugambi wapanzwe, ahubwo ko ari urugomo yakorewe n’abagororwa bagenzi be kandi ko ubu byatangiye gukurikiranwa mu Bugenzacyaha.
-
Netanyahu yashinje Hezbollah gushaka kumwivugana
20 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yashinje umutwe wa Hezbollah gushaka kumwivugana, ubwo wagabaga igitero ku rugo rwe ukoresheje indege zitagira abapilote, drones.
-
Inteko ya Amerika yateye utwatsi umwanzuro witambika Trump kuri Venezuela
23 January, by Angeline MUKANGENZIInteko Ishinga Amategeko ya Amerika yanze gutora umwanzuro wari ushyigikiwe n’aba-Democrates, ugamije kugabanya ububasha bwa Perezida Trump mu bijyanye no gukoresha imbaraga za gisirikare muri Venezuela bitabanje kwemezwa n’abagize Inteko.
Umuryango.rw
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda agiye kugeza ijambo ku kanama ka Loni gashinzwe umutekano ku isi.
Moses wazinduwe igicuku kandi arinzwe cyane yaburanye asa n’uwemera ibyo ashinjwa
Minisitiri Dr. Uwamariya yijeje ko mu myaka ibiri ibibazo by’imbibi z’ubutaka bizaba byakemutse
Trump yatangaje agahenge mu ntambara ya Israel na Iran
Nyanza: Yabonye ‘grenade’ mu murima ayitiranya n’iteke
Antony Blinken wa USA Yagiriye Uruzinduko Rutatangajwe muri Iraki umuturanyi wa Siriya
RCS yashyize umucyo ku kibazo cy’umunyamakuru Nkundineza wakubitiwe mu Igororero
Netanyahu yashinje Hezbollah gushaka kumwivugana
Inteko ya Amerika yateye utwatsi umwanzuro witambika Trump kuri Venezuela