Umusizi Rumaga Junior avuga ko akora igisigo Inzira y’umusaraba yari amaze igihe atekereza uburyo abanyempano banyura mu nzira igoye mbere y’uko impano zabo zimenyekana agikora mu rwego rwo kubatera imbaraga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Byinshi ku gisigo Rumaga yakoreye abanyempano bahatana ngo bamenyekana
8 February, by Angeline MUKANGENZI -
U Rwanda rwasinyanye amasezerano na Huawei yo kubakira ubushobozi urubyiruko
26 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMinisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo yasinyanye amasezerano n’Ikigo gikora ibikoresho by’ikoranabuhanga cya Huawei Technologies, Ishami ry’u Rwanda agamije guteza imbere urubyiruko ruri mu bijyanye n’ikoranabuhanga.
-
Mohamed Sarah yagarutse mu mubare wabahatanira Ballon D’Or
7 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma yo gutsindwa kwa FC Barcelona, bisa nibyongeye kugarura Mohamed Sarah mu rugamba rwo guhatanira Ballon D’Or.
-
Kinshasa: Abantu ibihumbi n’imodoka baheze ku kiraro cya N’djili kuva kuwa Gatandatu
6 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIbihumbi n’ibihumbi by’abantu n’imodoka baheze ku kiraro cya N’djili kuva ejo kuwa Gatandatu i Kinshasa, mu murwa Mukuru wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, nyuma y’umwuzure ukomeye.
-
Umunya Amerika bicyekwa ko ariwe wa nyuma Hamas yari yaragize imbohe yarekuwe
13 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmunya Israel akaba n’umunya Amerika ,Edan Alexander, wari warafashwe bugwate n’umutwe wa Hamas yarekuwe ajya kubonana n’umuryango we.
-
NISR yavuze ko ibiciro byiyongereyeho 5% muri Kanama 2024
11 September 2024, by Joseph IradukundaIkigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare cyatangaje ko ibiciro ku masoko muri Kanama 2024 byiyongereyeho 5% ugereranyije na Kanama 2023.
-
MINICOM yahagaritse by’agateganyo ibiryabarezi bishyirwamo ibiceri
20 October 2022, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda [MINICOM] yahagaritse impushya zatanzwe ku mikino y’amahirwe hakoreshejwe imashini zijyamo ibiceri [slot machine] benshi bazi nk’ibiryabarezi.
Mu itangazo yasohoye kuri uyu wa Kane,MINICOM yagize iti "Mu rwego rwo kunoza imikorere y’ibikorwa by’imikino y’amahirwe mu Rwanda, Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda (MINICOM) iramenyesha abantu bose ko impushya zatanzwe ku mikino y’amahirwe ikinwa hakoreshejwe imashini zijyamo ibiceri, zihagaritswe by’agateganyo (…) -
Perezida Macron Na Netanyahu bakomeje kutarebana neza Bapfa Lebanon
16 October 2024, by Joseph IradukundaBamwe bashobora kuba batabizi, ariko burya Ubufaransa busa n’ubwakolonije Lebanon.Kuba Israel iri gusenya ibikorwaremezo by’iki gihugu mu ntambara iri kurwana na Hezbollah, ntibishimisha Emmanuel Macron.
-
Rubavu: Yabyutse asanga bamutemeye insina hakekwa uwo mu muryango we
7 February, by Angeline MUKANGENZIBugenimana Emmanuel w’imyaka 65 wo mu Mudugudu wa Buvano, Akagari ka Busoro, Umurenge wa Nyamyumba, Akarere ka Rubavu, yabyutse asanga biraye mu murima we w’urutoki batemamo insina bikaba bibaye inshuro ya 2 mu mezi 8 gusa.
-
Abantu 22 Baguye mu Bitero Isirayeli Yagabye mu Ntara ya Gaza
27 October 2024, by Joseph IradukundaAbategetsi bo muri Palestina batangaje ko ibitero Isirayeli yagabye mu majyaruguru ya Gaza byahitanye abantu 22 biganjemo abagore n’abana.
Umuryango.rw
Byinshi ku gisigo Rumaga yakoreye abanyempano bahatana ngo bamenyekana
U Rwanda rwasinyanye amasezerano na Huawei yo kubakira ubushobozi urubyiruko
Mohamed Sarah yagarutse mu mubare wabahatanira Ballon D’Or
Kinshasa: Abantu ibihumbi n’imodoka baheze ku kiraro cya N’djili kuva kuwa Gatandatu
Umunya Amerika bicyekwa ko ariwe wa nyuma Hamas yari yaragize imbohe yarekuwe
NISR yavuze ko ibiciro byiyongereyeho 5% muri Kanama 2024
MINICOM yahagaritse by’agateganyo ibiryabarezi bishyirwamo ibiceri
Perezida Macron Na Netanyahu bakomeje kutarebana neza Bapfa Lebanon
Rubavu: Yabyutse asanga bamutemeye insina hakekwa uwo mu muryango we
Abantu 22 Baguye mu Bitero Isirayeli Yagabye mu Ntara ya Gaza